CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE KU MUPAKA WA GISENYI LA CORNISHE

itangazo_removed-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 30 Kanama 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe saa yine (10h00 Am ). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bw’Umupaka wa Gisenyi La […]

Kabaka Mutebi II arasaba guhabwa ububasha bwose nk’ubw’Umwami

Umwami wa Buganda, Kabaka Muwenda Mutebi II, arasaba Leta ya Uganda kumwemerera kugira ububasha nk’ubw’umwami kuko ngo ariho ku izina gusa. Kabaka yasobanuye ko Leta ya Uganda, nyuma yo gusubizaho ubu bwami, yari yarabwemereye ko izabuha ububasha bwari busanganwe mbere y’umwaka w’1966, aho umwami yari yemerewe gutegeka aka gace nk’igihugu cyigenga. Uyu mwami yagize ati: […]

Niger: Ba Minisitiri n’abayobozi 180 batawe muri yombi

Agatsiko ka gisirikare gaheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, kataye muri yombi abahoze ari abayobozi muri iki gihugu 180 barimo na ba Minisitiri. Amakuru avuga ko hari abayobozi bafunzwe yemejwe n’ishyaka NPDS rya Perezida Mohamed Bazoum uheruka guhirikwa ku butegetsi. Abatawe muri yombi barimo Mahamane Sani Mahamadou wari Minisitiri w’Ingufu, Minisitiri w’ubucukuzi, Ousseini Hadizatou ndetse na […]

Mu bakinnyi bamaze kwerekeza muri Soudi Arabia hiyongereyeho na Fabinho

Umukinnyi wo hagati ukomoka muri Berezile Fabinho yasinyanye amasezerano y’imyaka itatu mu ikipe ya Al-Ittihad yo muri Arabiya Sawudite nyuma yo kuva muri Liverpool kuri uyu wa mbere.Uyu musore w’imyaka 29 yasigaye mu makipe yabanjirije shampiyona ya Liverpool mu rugendo mu Budage na Singapore nyuma yuko Al-Ittihad imusabye miliyoni 40 zama pound ($ 51m). Azafatanya […]

Musanze: Arashinja abaturanyi gukorera umugabo we ivanguramoko

Umugore witwa Ayinkamiye Ruth utuye mu mudugudu wa Murambi watujwemo abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi, akagari ka Bukinanyana, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze arashinja abaturage be gukorera umugabo we ivanguramoko, bagerageza kumwirukana. Ayinkamiye, nk’uko yumvikana mu nkuru ya Flash TV, yasobanuye ko yubakiwe inzu nk’uwarokotse jenoside, hanyuma azanamo uyu mugabo, abaturanyi be batabyishimiye ngo […]

M23 yemeye ko amashuri yo mu duce igenzura yongera gufungura imiryango

Umutwe wa M23 wemeye ko amashuri yo mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzura yongera gufungura imiryango, nyuma y’imyaka hafi ibiri yarafunze. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye kuri uyu wa Kabiri, wasabye ababyeyi bo muri za Teritwari za Rutshuru, Masisi na Nyiragongo kwihutira “kwandikisha abana babo mu mashuri atandukanye” aziherereyemo. Mu busanzwe abifite bo mu […]

Umugore wa Ali Kiba yitendetse kuri Diamond Platnumz

Amina Khalef, wahoze ari umugore w’icyamamare muri Tanzaniya Alikiba,ariko bakaba bataratandukana byemewe n’amategeko yamaganye Diamond Platnumz kubera amagambo ye y’inyandagazi. Platnumz yari yavuze ko yarushije Alikiba mu bice byose bya muzika, n’ubwo yamusanze mu ruhando rwa muziki ariko ko nta hantu na hamwe bahuriye.Yashimangiye ko Khalef yari asanzwe aziko arenze umugabo we na mbere yo […]

Hari ahateganyijwe umuyaga mwinshi n’imvura isanzwe: METEO

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura isanzwe. Cyasobanuye ko mu turere twa Rubavu, Rutsiro, Karongi na Nyamasheke no mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Rusizi ndetse n’amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Kirehe hateganyijwe umuyaga mwinshi ufite umuvuduko uri hagati ya […]

Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

special_naval_warfare_force.jpg

Twese twubaha cyane abagabo n’abagore baba bariyemeje kwitangira ibihugu byabo mu kubirinda abanzi bo hanze ndetse n’imbere, ariko hariho irindi tsinda rihora ryitabazwa mu bihe bibi cyangwa aho rukomeye. Aba bakura akaga mu nzira kandi binjira ahantu hakomeye ab’umutima ukomeye gusa batinyuka kwegera. Aba ni bo usanga mu mitwe y’ingabo zidasanzwe (Special Forces). Dore Special […]