Igiciro cya lisansi mu Rwanda cyiyongereyeho arenga Frw 120 kuri litiro

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwongereye igiciro cya lisansi ugereranyije n’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rwari rwashyizeho muri Kamena uyu mwaka. Itangazo uru rwego rwasohoye rivuga ko litiro ya lisansi itagomba kurenza Frw 1639, ivuye kuri Frw 1517. Ibi bivuze ko litiro ya lisansi yiyongereyeho Frw 122 ugereranyije n’ibiciro biheruka. Mu biciro bishya kandi RURA yavuze ko litiro […]

Ku myambarire igayitse, abagore n’abakobwa batungwa agatoki cyane: Ubushakashatsi

Inteko y'Umuco ubwo yamurikaga ubu bushakashatsi

Inteko y’Umuco y’u Rwanda yagaragaje ko mu ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka ushize bwagaragaje ko ijanisha rito ari iry’abagaragaje ko imyambarire y’Abanyarwanda muri iki gihe igayitse. Muri ubu bushakashatsi Inteko y’Umuco yakoze ku myambarire y’Abanyarwanda mu mwaka w’2022-2023, yagaragaje uko yagiye ihinduka mbere y’imyambaro myamvamanga, ahanini hibandwa ku isano iri hagati y’imyambarire, umuco n’iterambere. Ibyavuyemo bigira […]

APR FC yatsinze Marines FC, umunyamahanga atsinda Hat-trick

Ikipe ya APR FC yatsinze Marines FC ibitego 3-1, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Gatatu. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni wo mukino wa mbere iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari ikinnye igaragaramo abanyamahanga, kuva mu myaka 11 ishize ubwo yafataga Politiki yo gukinisha abakinnyi b’Abanyarwanda […]

Nyamasheke: Babwiwe ko umusozi uvamo umuriro w’amayobera urimo ikiyoka

Uyu musozi bivugwa ko ari wo muremure kurusha indi mu cyitwaga Cyangugu

Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke baturiye umusozi wa Nyakaningura wakamo umuriro uturuka imbere muri wo, uherereye mu murenge wa Shangi, akagari ka Burimba mu mudugudu wa Nyakagano baravuga ko babwiwe ko urimo ikiyoka kinini cyane kandi kirekire. Abatuye hafi y’uyu musozi batangarije BWIZA ko ubwo bawuhingagaho tariki ya 3 Gicurasi 2023, ari bwo babonye […]

Burundi: Hibutswe urupfu rwa Lt. Gen. Nshimirimana wari ukuboko kw’iburyo kwa Nkurunziza

Mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa gatatu, itariki ya 2 Kanama 2023, bibutse urupfu rwa Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana wiciwe mu gitero cya rokete i Bujumbura mu 2015 mu gihe igihugu cyari mu mvururu zakurikiye igerageza ry’ihirika ry’ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza. Adolphe Nshimirimana wavutse kuwa 12 Nzeri 1964 (Yavukiye i Nyabiraba muri Komini ya […]

Nkore iki?Iyo nyirinzu nkodesha ari gutera akabariro nirangirizaho

Umusore aragisha inama nyuma y’uko ngo iyo nyirinzu abamo ateye akabariro n’umugore we bituma agira ubushake bukabije akirangirizaho.Arabaza niba byaba ari uburwayi cyangwa se niba ari ibisanzwe. Ati”Ndi umusore w’imyaka 26 nkora akazi ko muri Retaurent,ariko nkakunda gutaha bwije ari nabwo nsanga nyiri nzu mbamo aribwo atangiye gutera akabariro.Bitewe n’uko nawe akiri muto, iyo ari […]

Ethiopia: Hadutse imirwano hagati y’igisirikare n’umutwe wagifashije kurwanya TPLF

Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Ethiopia zahanganye n’abarwanyi bo mu mutwe witwaje intwaro mu karere ka Amhara, mu bushyamirane bushobora gufata intera hagati y’abahoze ari abafatanyabikorwa barwanya inyeshyamba zo muri Tigray. Abantu basaga 10 bakomerekeye muri iyi mirwano. Fano, umutwe witwara gisirikare udafite imiterere y’ubuyobozi yemewe, washyigikiye ingabo za leta mu ntambara yamaze imyaka […]

Yatawe muri yombi nyuma yo kugwa gitumo asambanya ihene

Umugabo witwa Mwape Mwabela wo mu gihugu cya Zambia yaguwe gitumo asambanya ihene nyuma yo kumva ihebeba cyane mu gicuku. Umuyobozi w’intara ya Copperbelt, Peacewell Mweemba, yatangaje ko uyu ucyekwaho icyo cyaha yahise ajyanwa kuri polisi akaba ari naho agifungiye. Yavuze ko ibyabaye byabaye ku wa mbere, tariki ya 31 Nyakanga mu rugo rw’uwitwa Janerich […]

Tshisekedi yakoze impinduka mu butasi

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi (ANR). Muri izi mpinduka Tshisekedi yirukanye Jean-Hervé Mbelu wari usanzwe akuriye ANR amusimbuza Lusadisu Kiamba. Tshisekedi kandi yashyizeho umujyanama we mushya mu by’umutekano yagize Jean-Louis Esambo Kangashe. Uyu wahoze ari Colonel […]

Sgt Robert yatangaje indi mpamvu avuga ko yatumye atoroka

Sgt Maj. Robert Kabera wari umusirikare w’icyamamare mu Rwanda kubera kuvanga akazi ke n’umuziki, yatangaje indi mpamvu yatumye atoroka igihugu mu Gushyingo k’umwaka w’2020. Uyu musirikare yatorokeye muri Uganda anyuze muri Nyagatare. Nyuma y’aho, ubushinjacyaha bw’igisirikare cy’u Rwanda bwatangaje ko bumukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana we w’umukobwa. Mu kiganiro yagiranye na Daily Monitor ubwo yari […]