Nyamasheke: Umukobwa yishwe atewe icyuma, anajanjaguwe umutwe

Uzabakiriho wafashwe bwa mbere

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gihombo mu karere ka Nyamasheke, hafungiye abagabo 2 bakekwaho kwica umukobwa w’imyaka 34 witwaga Nyiranzabandora Peruth, wo mu mudugudu wa Kamina, akagari ka Mutongo, umurenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu nzu idatuwemo, mu mudugudu wa Rwabisindu, akagari ka Kibingo, umurenge wa Gihombo muri aka karere, […]

Afro-Basket: Nigeria yandagarije u Rwanda mu maso ya Perezida Kagame

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria y’abagore yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya Basketball kiri kubera muri BK Arena, nyuma yo gusezerera u Rwanda bari bahuriye muri ½ ku manota 79-48. Ni umukino ikipe y’u Rwanda yakiniye imbere ya Perezida Paul Kagame wari wagiye kuyishyigikira aherekejwe n’umukobwa we Ange Kagame ndetse n’abuzukuru be. Umukuru […]

Rulindo: Uwahoze ari ‘Local Defense’ yiyahuje grenade

Sinabamenye Protais wahoze ari umukozi w’urwego rwa Local Defense rwahoze rushinzwe umutekano, yiturikirijeho igisasu cya grenade arapfa. Byabereye mu kagari ka Musezero ho mu murenge wa Tumba w’akarere ka Gicumbi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Kanama 2023. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Rutazigwa Théodore, yatangaje ko bikekwa ko grenade yaturikanye […]

Kigali: Ahangayikishijwe n’isomwa ry’urubanza rwe risubitswe gatanu

Mukansabimana Emeritha utuye mu murenge wa Kabacuzi, akarere ka Muhanga aravuga ko isomwa ry’urubanza rw’imitungo (ikibanza n’inzu 4 zubatsemo) iherereye mu kagari ka Kamuhoza, umurenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, aburana n’uwitwa Bazubagira Angelique. Mu kiganiro na BWIZA TV, Mukansabimana yagize ati: “Imitungo hashize igihe kinini tuyiburana, imyaka 7 tuburana iyo mitungo. Urubanza rwatangiye […]

Intambara yo kwandagazanya hagati ya Harmonize na Kajala wari umukunzi we

Umuriro wongeye kwaka hagati y’Umuhanzi Harmonize na Kajala bahoze bakundana bapfa ko uyu mugore yagiye ku mbuga nkoranyambaga agatangira kwitaka yigira mwiza yarangiza akamwanduriza izina. Ibyo Kajala yavuze mu kiganiro yari yise “Behind the Gram” yagaragaje ko atigeze aryoherwa n’urukundo ubwo yari akiri mu maboko y’uyu muhanzi ko byasaga no kwihambira, mu gihe Hamonizer we […]

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar na madamu we bategerejwe mu Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Madagascar, Andry Rajoelina na madamu we, bazasura u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri guhera ku itariki ya 7 kugeza ku ya 8 Kanama 2023. Uru rugendo rukurikiye ubutumire bwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wari Perezida wo muri Afurika wari umushyitsi udasanzwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Madagascar […]

Perezida Ndayishimiye yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguje ko agiye gushaka abavoka bamufasha kuburana n’abacamanza banze kuburanisha imanza n’abaziciye ntibagenzure niba zarashyizwe mu bikorwa. Ibi yabitangarije abanyamakuru i Bujumbura ku mugoroba wo kuri uyu wa 3 Kanama 2023 ubwo yari avuye mu ruzinduko yagiriye mu Burusiya, u Bushinwa na Ethiopia. Uyu Mukuru w’Igihugu yasobanuye ko ubwo yari […]

Rayon Sports yatandukanye na Jonathan Ifunga Ifasso

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso, nyuma yo gusesa amasezerano ye. Mu kwezi gushize ni bwo uyu musore ukina nka numéro 10 yari yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ifasso mbere yo kuza muri Rayon Sports yari yaramaze kunyura mu makipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na […]

Ishimwe rya Miggy kuri Gen Kabarebe wamuhinduriye ubuzima

Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye muri ruhago nyarwanda yashimiye Gen James Kabarebe, nyuma yo kumuhindurira ubuzima bwatumye aba uwo ari we uyu munsi. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Miggy wamenyekanye cyane mu makipe arimo APR FC ndetse n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yatangaje ko asezeye ku mupira w’amaguru, nyuma y’imyaka ibarirwa muri 20 awukina. Miggy uvuka ku […]

Rubavu: Hari abatavuga rumwe n’ubuyobozi bushaka kubatuza muri 50m uvuye kuri Sebeya

Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe gutura mu ntera iri munsi ya 50m uturutse ku mugezi wa Sebeya. Ibi bigarutsweho mu gihe habura iminsi micye ngo igihe cy’imvura y’umuhindo isanzwe igwa muri […]