Maj. Gen. Alex Kagame yamaze gusimbura Nkubito muri Cabo Delgado
Major General Alex Kagame uherutse guhabwa inshingano yo kuyobora ingabo z’u Rwanda z’iza Mozambique zihuriye mu bikorwa byo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, yamaze gusimbura Maj. Gen. Nkubito Eugène. Nk’uko Minisiteri y’ingabo yabisobanuye, Maj. Gen. Kagame wajyanye n’abasirikare bagiye gusimbura abari bamazeyo igihe, yasobanuriwe na Nkubito ibikorwa bitandukanye by’izi ngabo, amugeza mu […]
Burundi: Inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda zishwe
Ingabo z’u Burundi zishe inyeshyamba 6 z’Abanyarwanda ziba mu mutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, izindi zikomereka bikomeye. Imirwano yabereye mu gace ka Kivogero, komini Mabayi mu ntara ya Cibitoke, ahagana mu ishyamba cyimeza rya Kibira mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 rishyira uwa 4 Kanama 2023. Umuturage wo muri Mabayi, […]
Mukeba wa Putin yongerewe imyaka 19 y’igifungo
Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Burusiya kuri uyu wa Gatanu bwongereye imyaka 19 y’igifungo umunyapolitiki Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin. Uyu mugabo w’imyaka 47 y’amavuko yari asanzwe ari muri gereza, nyuma yo guhamywa icyaha cy’uburiganya n’ibindi byaha byatumye akatirwa imyaka irenga 11 y’igifungo Nyirubwite n’abamushyigikiye bavuga ko ibyaha yahamijwe ari ibihimbano. […]
Umugore yahengereye umugabo we agiye ku kazi agurisha umwana wabo ibihumbi 20Ksh
Umugabo wo muri Kenya yatanze ikirego mu rukiko rwa Thika Law nyuma y’uko umugore we agurishije umuhungu wabo w’umwaka umwe ku mashilingi Ksh20.000 i Nairobi.Uyu mugabo yavuze ko yagiye ku kazi mu gitondo ariko agarutse, umugore we atari hafi,nyuma aza guhamagarwa abwirwa ko umwana wabo ari mu bitaro. Ntiyahise yemera aya makuru kubera ko umwana […]
Ama G yasobanuye impamvu atagiye gusezera ku nshuti ye Junior Multisystem
Umuhanzi Ama G The Black yasobanuye impamvu atagiye mu mugoroba wo kuzirikana inshuti ye iherutse gupfa, yari isanzwe ari umuhanga mu gutunganya umuziki, Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem. Junior yapfiriye mu bitaro bya Nyarugenge ku mugoroba wa tariki ya 27 Nyakanga 2023, azize uburwayi yari amaranye igihe, bwakomoka ku mpanuka yakoze mu mwaka […]
Cardi B yemerewe kwidegembya
Nyuma y’uko umuraperikazi Cardi B akubita umufana microphone ubwo yari mu gitaramo cyabereye i Las Vegas akaza gutabwa muri yombi, Polisi yo muri iyi Leta yemeje ko atagomba gufungwa. Polisi ivuga ko ikimara kubona nta bimenyetso byashingirwaho no kugisha inama urukiko yasanze uyu muhanzikazi nta mpamvu yatuma acibwa amande cyangwa ngo afungwe.Drew Findling, David Chesnoff […]
Ku cyumweru hari cyamunara y’imodoka ku Kacyiru

OVERPUBRO COSMOS LTD, iramenyesha abantu bose ko ku cyumweru tariki ya 06/08/2023 ,saa tanu zuzuye (11:00) , munsi ya KBC iruhande rwa COCO BEAN, hazagurishwa imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser 2003 na Toyota Pickup 2013 zo muri Company CICO. Gusura izi modoka ni uguhera kuwa kane taliki ya 06/08/2023 ari nawo munsi […]
Rayon Sports yaguze rutahizamu w’umunya-Sudani
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu w’umunya-Sudani, Eid Mugadam Abakar Mugadam. Uyu mukinnyi usatira izamu aciye ku ruhande rw’iburyo yari asanzwe akinira Al Hilal Omdurman y’iwabo. Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe yamurarikiye abafana bayo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo izaba yereka abakunzi bayo abakinnyi izifashisha mu mwaka utaha w’imikino, mu birori […]
Goma: Minisitiri w’ingabo na mugenzi we wa Kenya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare
Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 04 Kanama 2023, Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba, yageze i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho yahahuriye na mugenzi we wa Kenya, Aden Barre Duale, ngo baganire bibazo bifitanye isano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi. Ubwo bufatanye hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya […]
Ntidusinde ngo twibagirwe ubumwe bw’Abanyarwanda: Minisitiri Musafiri
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yabwiye Abanyarwanda ko mu gihe bizihiza umunsi w’umuganura, badakwiye gusinda ngo bibagirwe ubumwe bwabo. Uyu muyobozi wari umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza uyu munsi byabereye mu karere ka Rutsiro ku rwego rw’igihugu, kuri uyu wa 4 Kanama 2023, yamenyesheje Abanyarwanda ko kwizihiza umuganura bigamije kugira ngo barusheho kunga […]