Sheebah na Cindy Sanyu bambikanye ubusa mu ntambara y’ubutita
Umuhanzikazi w’umugande Cindy Sanyu na Sheebah Karungi bakomeje kurebana ay’ingwe nyuma y’uko umwe akomeje gushinja undi kumuzukiraho mu muziki akoresheje itangazamakuru. Bijya gutangira Sheebah ngo yatangaje ko n’ubwo Cindy amaze igihe mu muziki nta kintu gihambaye yagezeho, ahubwo ngo umuziki we wagiye ukura nk’isabune.Mu kumusubiza Cindy yahise avuga ko uyu muhanzikazi ari igicucu kuko nta […]
Niger yacanye umubano n’ibihugu 4, birimo 2 by’ibihangange
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger bwacanye umubano n’ibihugu bine, nyuma yo kwivanga muri Politiki y’imbere muri iki gihugu. Ni nyuma y’icyumweru muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika habaye Coup d’à‰tat yasize Mohamed Bazoum wari Perezida wacyo ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda. Kuri ubu ibihugu bitandukanye birimo ibyo mu […]
Abasirikare 2 ba Amerika bafashwe baha u Bushinwa amakuru y’ibanga y’ubwirinzi
Kuri uyu wa Kane ushize, abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko abasirikare babiri bo mu gisirikare kirwanira mu mazi ba Amerika batawe muri yombi bakurikiranweho guha amabanga y’umutekano y’igihugu u Bushinwa. Abayobozi bavuga ko Petty Officer (ipeti wagereranya na Sergeant mu gisirikare gisanzwe), Wenheng Zhao, ufite imyaka 26, ashinjwa ubugambanyi no kwakira […]
Masisi: Ingabo za EAC zongeye gukezwa nyuma yo gufungura umuhanda wari wafunzwe na Wazalendo
Abaturage bo muri Teritwari ya Masisi, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurira icyizere ingabo za EAC zaturutse mu Burundi nyuma yo gufungura kuri uyu wa Kane umuhanda Kaluba-Sake wari wafunzwe n’inyeshyamba za Wazalendo zigatangira kubasoresha no kubambura. Uyu muhanda wari wafungiwe mu birometero bigera kuri 36 uvuye mu Mujyi wa Goma, […]
AfroBasket: Ku Rwanda, gutsinda Nigeria byasaga no kwikorera umusozi

Mu irushanwa rya FIFA Women’s AfroBasket riri kubera i Kigali guhera tariki ya 28 Nyakanga 2023, ikipe y’u Rwanda y’abagore yaraye itsinzwe n’iya Nigeria amanita 79 kuri 48, ibura amahirwe yo gukina umukino wa nyuma (final), isigarana ayo guhatanira umwanya wa gatatu. Ikipe ya Nigeria yarushije iy’u Rwanda kuva umukino utangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba […]
Impamvu nyamukuru zituma imibonano yo hanze iryoha kuruta iyo mu rugo
Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bashakanye bakagerageza no kubaca inyuma,usanga bahuriza ku kintu kimwe cyo kuba imibonano mpuzabitsina ikorewe hanze y’urugo(guca inyuma) biryoha kuruta mu rugo.Aha iyo tuvuze ko biryoha tuba tugarutse ku mpande zose haba ku mugore cyangwa umugabo wabikoze. Impamvu biryoha, si uko uwo hanze aba yabikoze neza kuruta uwo mu rugo, […]
USA: Donald Trump yitabye urukiko ahakana icyaha akurikiranweho
Kuri uyu wa Kane, itariki 3 Kanama 2023, Donald Trump yahakanye icyaha ashinjwa cyo kuba yarateguye umugambi wo kugerageza guhindura ibyavuye mu matora yo mu 2020 yatsinzwe mu byo abashinjacyaha bo muri Amerika bise ibintu bitari byarigeze bibaho byakozwe n’uwari perezida w’icyo gihe kugira ngo yangize inkingi za demokarasi y’Abanyamerika. Umushinjacyaha, Jack Smith, wahagarikiye iperereza, […]
Drones za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yavuze ko drones zo mu mazi za Ukraine zagabye igitero ku birindiro by’ingabo zo mu mazi z’u Burusiya hafi y’icyambu cya Novorossiysk, ihuriro rikuru ry’ibicuruzwa u Burusiya bwohereza hanze, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kandi ngo izo drones zangijwe n’amato y’intambara y’u Burusiya. Iki gitero cyatumye icyambu cya Novorossiysk […]
Niger: Bazoum wakuwe ku butegetsi yatakambiye USA ngo imusubizeho
Mohamed Bazoum uherutse gukurwa ku butegetsi n’abasirikare ba Niger yatakambiye Leta zunze ubumwe za Amerika n’andi mahanga ngo bimusubize ku nshingano yatorewe. Bazoum, mu nyandiko ye yatangajwe n’ikinyamakuru Washington Post kuri uyu wa 3 Kanama 2023, yavuze ko abasirikare bamukuye ku butegetsi bagabye igitero kuri demukarasi, kandi ko bari kumuhohotera kimwe nk’abandi baturage babarirwa mu […]