Ishyaka ry’Abakozi rirashinjwa kwitambika kohereza abimukira mu Rwanda mu nyungu za politiki
Suella Braverman yashinje Sir Keir Starmer, wo mu ishyaka ry’Abakozi, kuba arimo kugerageza “gusenya” imbaraga zo guhagarika amato mato y’abimukira yambuka English Channel. Iki gitero cy’Umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu kije mu gihe hagaragaye amakuru mashya ku mibanire y’ishyaka ry’abakozi n’abavoka ndetse n’abakangurambaga igamije kuburizamo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Braverman yagize ati: […]
Perezida Andry Rajoelina yanyuzwe n’uburyo yakiriwe i Kigali
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yatangaje ko yanyuzwe n’uburyo yakiriwe mu Rwanda, mbere yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama ni bwo Perezida Rajoelina yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko yatumiwemo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Perezida Rajoelina akigera i Kigali yakiriwe na Minisitiri […]
Amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha areshya umukobwa yabengutse
Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo tugiye […]
ADEPR ikwiye kugira urwego rw’iperereza, ubushinjacyaha n’urukiko: Apôtre Mutabazi
Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice aravuga ko itorero ADEPR rikeneye inzego z’ubutabera zirimo urushinzwe iperereza, ubushinjacyaha n’urw’ubucamanza kugira ngo zikemure ibibazo biryugarije. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10, ubwo yavugaga ku ibaruwa yo ku wa 1 Kanama 2023 Pasiteri Ntakirutimana Théoneste yandikiye umushumba mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaie amubwira ati “Ndaguciye, uzakomeza kuyobora […]
Turi mu nzira zo gukomeza igisirikare cyacu – Jean Pierre Bemba

Kurinda Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yibasiwe n’u Rwanda ni ikibazo cya buri wese, nk’uko byavuzwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ingabo, asoza urugendo rwe ku wa Gatandatu i Kisangani mu majyaruguru y’iburasirazuba bw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP. “Turi mu nzira zo gukomeza ingabo zacu. Ndabatera imbaraga(…) ”, uyu […]
Abayobozi ba Mali na Burkina Faso bimye ikaze Perezida wa AU nyuma yo kwanga kwifotozanya nabo
Ku Cyumweru, ibihugu bya Mali na Burkina Faso byafashe icyemezo cyo gutangaza ko Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe nta kaze afite muri ibi bihugu (persona non grata) kubera impaka zishingiye ku ifoto y’umuryango yafashwe mu gihe cy’inama yahuje u Burusiya na Afurika mu kwezi gushize. Perezida Azali Assoumani wa Comoros akaba ari […]
Niger: Abahiritse ubutegetsi bategereje igisubizo cya ECOWAS nyuma y’aho nyirantarengwa bahawe irangiye
Kuri uyu wa Mbere, Niger itegereje igisubizo cy’umuryango w’ubukungu w’akarere ka Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS)nyuma y’uko abayoboye coup d’Etat i Niamey birengagije igihe ntarengwa bahawe cyo kugasubiza ubutegetsi perezida bahiritse, icyemezo umuryango waburiye ko gishobora kuganisha ku ikoreshwa ry’ingufu za gisirikare. Umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) wavuze ko uza gusohora itangazo ku ntambwe ziza gukurikiraho […]
U Bwongereza bwamaze guhitamo ahandi bwakohereza abimukira, mu gihe mu Rwanda byakwanga
Guverinoma y’u Bwongereza yamaze guhitamo ahandi hantu yakohereza abimukira batemewe n’amategeko, mu gihe gahunda yo kubohereza mu Rwanda itakunda. Iyi guverinoma n’iy’u Rwanda muri Mata 2022 zagiranye amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere. Yari gutuma i Kigali hazanwa ababarirwa mu bihugu nk’uko byasobanuwe. Gusa iyi gahunda yagiye ikomwa mu nkokora n’inkiko zirimo urw’i Burayi rushinzwe uburenganzira […]