Umugenzuzi arabaza icyo imari ishorwa mu bigo by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda

Ndayisenga yasobanuye icyo iri shoramari ryamarira Abanyarwanda

Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta wungirije, Munyanturire Jean Claude, arabaza ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’izindi nzego zikorana na cyo icyo imari gishora mu bigo (companies) by’ibinyamahanga imarira Abanyarwanda. Ni ikibazo yabajije ubwo abayobozi bitabaga komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, kuri uyu wa 11 Nzeri 2023. Reba videwo […]

Perezida wa Madagascar yeguye nyuma yo kwemeza kandidatire ye mu matora ataha

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemezwa ku mugaragaro ko ari umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu giherereye mu Nyanja y’u Buhinde ateganijwe ku itariki ya 9 Ugushyingo, nk’uko urukiko rw’itegeko nshinga rw’iki gihugu rubiteganya. Itegekonshinga rya Madagascar risaba umukuru w’igihugu uri ku butegetsi ushaka kongera guhatanira umwanya wa perezida kubanza […]

Diamond yatunguranye ubwo yavaga mu isanduku bashyinguramo

Ku cyumweru, tariki ya 10 Nzeri, Diamond Platnumz yasize abakunzi b’umuziki bibaza byinshi nyuma yo kumubona ku rubyiniro avuye mu isanduka bashyinguramo mu gitaramo yakoreye i Ruangwa mu Karere kaLindi. Imbaga y’abantu yatunguwe no gutinyuka k’uyu muhanzi maze benshi bajya ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo bagaragaze ko batangajwe n’iyi migirire y’uyu muhanzi.Umufana umwe yanditse kuri […]

Impamvu nyamukuru Ssalongo yarongoye abagore 7 icyarimwe

Habibu Ssalongo wo muri Uganda, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kurongorera rimwe abagore barindwi mu rwego rwo kwesa umuhigo wo kubyara abana 100. Uyu mugabo yabitangaje kuri uyu wa Mbere mu kiganiro yahaye Daily Monitor. Ati: “Mu muryango wanjye turi bake cyane, rero ndashaka kubyara abana benshi kugira ngo nubake umuryango mugari.” Ku cyumweru ni […]

Somalia: Abantu batatu barimo umudepite biciwe mu gitero cyigambwe na Al Shabab

Kuri uyu wa Mbere, nibura abantu batatu bishwe barimo umudepite ndetse n’umukozi w’akarere, ubwo igisasu cyaturikiraga muri leta ya Galmudug yo muri Somalia rwagati, nk’uko umuyobozi mu nzego z’umutekano yabyemeje. Iki gitero cyabereye mu mujyi wa El-Garas, ingabo z’igihugu cya Somalia zavuze ko zabohoye ziwambuye abaterabwoba ba al-Shabaab zibifashijwemo n’abaturage mu rukerera rwo kuri uyu […]

Victoire Ingabire yahishuye ko yari yaraburiye CSP Kayumba ‘wahondaguraga’ abagororwa

Umunyapolitiki Victoire Ingabire yahishuye ko mu gihe yari afunzwe, yaburiye CSP Kayumba Innocent bitewe n’uko uyu wahoze ari umukozi w’urwego rw’ihugu rushinzwe igorora (RCS) ‘yahondaguraga’ imfungwa n’abagororwa. CSP Kayumba wasezerewe muri RCS kubera ibyaha yahamijwe n’ubutabera, aherutse gutabwa muri yombi hamwe n’abandi bofisiye b’uru rwego, aho bakurikiranweho ibirimo kudatanga amakuru ku cyaha cy’ubugome, bifitanye isano […]

C.Ronaldo yigomwe Hoteli ye afasha abarokotse umutingito muri Maroco

Umukinnyi Christiano Ronaldo yemeye gufasha abasizwe iheruheru n’umutingito wibasiye abanye Marroc mu cyumweru gishize aho yatanze hoteli y’inyenyeri enye ngo abarokotse bayikoreshe. Ni Hoteli ihenze izwi ku izina rya ‘Pestana CR7 Marrakesh Hotel’iherereye mu Mujyi wa Marrakesh.Ifite ibyumba birenga 170 kuyiraramo bikaba bitwara amapawundi 130 ‘£130’ ku ijoro rimwe. Uyu mujyi uherereyemo iyi Hoteli wibasiwe […]

Perezida Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza, amuvuga imyato

Perezida Paul Kagame yunamiye Senateri Ntidendereza William uheruka gupfa azize uburwayi. Ku wa 30 Kanama ni bwo Ntidendereza wari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena yapfuye, mbere yo gushyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Nzeri 2023. Perezida Paul Kagame mu butumwa bwe bwasomwe na Minisitiri muri Perezidansi, Uwizeye […]

Kazungu yari anyishe habura gato: Ishimwe uvuga ko bigeze kuba incuti

Umukobwa witwa Ishimwe Ange avuga ko hari ubwo yigeze gusabwa na Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu kumusura iwe akabyanga, ibyo avuga ko byamurokoye kuba yarashoboraga kumwica. Uyu mukobwa avuga ko bigitangira Kazungu yagiye aho yacururizaga akabari ku Kimironko, aherekejwe n’undi muntu w’umusore. Icyo gihe ngo yaje nk’abandi bakiriya basanzwe, gusa akaba ari umuntu wisanzura cyane […]

Niba ucika intege uri gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka […]