‘Calm Down’ ya Rema yesheje agahigo kadafitwe n’uwariwe wese

Divine Ikubor uzwi nka REMA, indirimbo ye Calm Down yesheje agahigo ko kurebwa n’abantu benshi ku rubuga rwe rwa Spotfy , aho abasaga miliyali bamaze kuyireba.Iyi ndirimbo imaze kwigarurira imitima y’abantu kuri You Tube imaze kurebwa n’abasaga miliyoni 600 nyuma y’imyaka igeze kuri ine yamamaye mu muziki. Ibi bimuhesha kuba umuhanzi mwiza uri mu beza […]

David Bayingana ahangayikishijwe n’uburyo basigaye basohorwa mu tubari

captureeee-2.png

Nyuma y’iminsi micye amabwiriza agenga ahakorerwa ubucuruzi bujyanye n’imyidagaduro asohotse,abantu benshi bakomeje kutabivugaho rumwe hasabwa ko iki cyemezo cyakongera kunonosorwa kikavugururwa. Kuva taliki ya mbere Nzeri 2023, nibwo aya mabwiriza yatangiye kubahirizwa nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Kanama ikanzura ko Utubari n’ibindi bikorwa bifite aho bihuriye n’imyidagaduro bizajya bifunga saa saba mu minsi y’imibyizi […]

Ingabo za FARDC n’iza Sudani y’Epfo zarasaniye ku mupaka muri Haut-Uele

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo nk’uko amakuru yaturutse mu nzego z’umutekano yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo avuga. Bivugwa ko ingabo za Sudani y’Epfo zari zikurikiranye inyeshyamba za NAFSA mu gace ka Waliwa, agace ko muri Sheferi […]

U Bufaransa bwatangaje ko Bazoum wahiritswe ari we wenyine wakwirukana ingabo zabwo

Leta y’u Bufaransa yatangaje ko Mohamed Bazoum wakuwe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe na General Abdoulamane Tchiani ari we wenyine wategeka ko ingabo zabwo ziva muri Niger, zikabyubahiriza. Ibi byatangajwe na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, kuri uyu wa 10 Nzeri 2023 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye inama y’ihuriro rya G20 rigizwe n’ibihugu byateye imbere. […]

Naragambaniwe: CSP Kayumba wayoboye amagororero menshi

CSP Kayumba Innocent wayoboye igororero rya Rubavu, iya Huye n’irya Nyarugenge arahakana gutanga amabwiriza yo kwica umugororwa wibye ikiringiti no gukorera iyicarubozo abagororwa, akemeza ko yagambaniwe n’abakomeye. Mu rubanza rwabereye mu rukiko rw’ibanze rwa Rubavu, CSP Kayumba yagize ati: “Ibi byose igituma mvuga yuko ari ubugambanyi, mwagiye mubona ba bandi bise abatangabuhamya ariko njye nabita […]

Sheebah atewe impungenge n’ubwambure bwe bushobora kujya hanze

Umuhanzikazi Sheebah Karungi ntiyorohewe n’ibibazo nyuma y’uko atangaje ko telephone ye yibwe bityo akaba afite impungenge ko yakwandagazwa. Nk’uko amakuru abitangaza ngo kuri ubu uyu muhanzikazi ntasinzira kubera ubujura bwa telefone ye bwabaye mu mpera z’icyumweru gishize ubwo umuriro waburaga bitunguranye arimo aririmbira ahitwa Arua, mu majyaruguru ya Uganda. Sheebah ahangayikishijwe cyane n’uko abajura bashobora […]

Kenya iravugwaho guca inyuma EAC mu masezerano y’ubucuruzi n’u Bwongereza

Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Burundi, u Rwanda, Uganda na Tanzaniya byihoreye bishaka amasezerano yabyo nyuma y’uko Kenya ibisize inyuma mu biganiro by’ubucuruzi n’u Bwongereza. Nyuma y’uko u Bwongereza buvuye mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U) mu kiswe Brexit mu 2019, iki gihugu cyatangiye gushaka amasezerano y’ubucuruzi hanze y’Umuryango w’Ubumwe […]

RDC yashyize Wazalendo ku mutwe w’u Rwanda

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irashinja u Rwanda kuba ari rwo rwaba rwarashinze imitwe y’inyeshyamba Leta ya Congo yise ‘Wazalendo’. Byatangajwe na Minisitiri w’Ingabo za RDC, Jean Pierre Bemba, ubwo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yari kumwe na bagenzi be mu nama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Muri iyi nama Minisitiri […]

Kayonza: Hari Abanyarwanda n’Abatanzaniya bagikoresha uburyo gakondo mu buhahirane

Abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Tanzaniya baracyifashisha uburyo bw’ubucuruzi bwo mu bihe byashize bwo guhererekanya ibicuruzwa, aho umwe aha undi icyo akeneye, mugenzi we akamwishyura amuha icyo nawe akeneye aho gukoresha amafaranga, icyo bita mu gifaransa ‘Commerce de troc’. Isoko rya Kibare mu Murenge wa Ndego, mu karere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba, rikunze […]

Imyaka 22 irihiritse Al Qaeda igabye ibitero karahabutaka kuri Amerika: Uko byagenze

Ku itariki nk’iyi ya 11 Nzeri mu myaka 22 ishize, umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda wagabye igitero karahabutaka kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni igitero Amerika itazigera yibagirwa mu mateka yayo, kuko uretse kuba hari abaturage bayo babarirwa mu 3,000 bakiguyemo hari n’ibindi byinshi bifite agaciro kabarirwa muri za miliyari z’amadorali yagitakarijemo. Biba hari […]