REB yahaye amahirwe ya kabiri abarimu bakoze ibizamini bakabura amanota 70%
Urwego rushinzwe Uburezi bw’Ibanze mu Rwanda (REB), rwatanze amahirwe ya kabiri ku barimu bakoze ibizamini byo kwigisha ariko bakananirwa kugira amanota 70% yasabwaga. REB yatanze amahirwe ya kabiri kuri aba barimu, mu gihe hari abasaga 4,000 bari basabye akazi k’uburezi muri 2022 bari ku rutonde rw’abategeje kugahabwa. Aba bamaze igihe byumvikana babaza impamvu badahabwa akazi, […]
Austin nawe yibiwe telephone i Bujumbura,The Ben asuka amarira!Ibyaranze igitaramo cye

Mu gitaramo umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yakoreye i Burundi mu mpera z’icyumweru gishize cyaranzwe n’udushya twinshi harimo kwibwa telephone no gusuka amarira. Mu ijoro ryo kuwa gatanu ubwo habaga ibirori byo guhura n’abakunzi be mu cyiswe Meet and Greet, The Ben yibwe telephone ye ubwo yari ayirambitse ku meza agiye ku rubyiniro […]
RDC irashinja u Rwanda kudashaka ko ikibazo cy’impunzi gikemuka
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo buravuga ko ubw’u Rwanda budashaka gutanga umusanzu wabwo mu gukemura ikibazo cy’impunzi, zaba iz’Abanyekongo ndetse n’iz’Abanyarwanda. Ibi yabibwiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano tariki ya 28 Nzeri 2023 ubwo kagezwagaho raporo y’Umunyamabanga Mukuru ku mutekano wo mu burasirazuba bwa RDC. Yagize ati: “Ikibazo cy’impunzi zituruka mu Rwanda n’impunzi […]
Burera:Impuruza ku baturage barembejwe n’ Abatalibani batema abashinzwe umutekano

Hakomeje gutanga impuruza ku batuye mu murenge wa Rugengabare mu karere ka Burera,nyuma y’aho abiyita Abatalibani ngo bigabiza abashinzwe umutekano bakabakubita abandi bakanabatema kugirango babone uko birara mu birombe by’amabuye y’agaciro. Ni agatsiko k’insoresore ziba muri aka gace aho zigabiza ibyo birombe zikiba amabuye, gusa ikindi kibabaje n’uko zinasanga abashinzwe umutekano zikabagabaho ibitero zikoresheje intwaro […]
Hagati ya M23 na FARDC ni nde watangije imirwano ko bitana ba mwana?

Umutwe wa M23 urashinja Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kuyigabaho ibitero kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Ukwakira, mu gihe ku rundi ruhande leta na yo ishinja M23 kuba ari yo yarenze ku mabwiriza yo guhagarika intambara ikabagabaho ibitero. Kuri iki Cyumweru mu ma saa cyenda nibwo Umuyobozi wa M23 ndetse n’umuvugizi […]
U Rwanda ruritegura gushyira ahagaragara gahunda y’isoko rya karubone
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga (MINAFFET) n’Ikigo cy’ubutwererane cya Singapore (SCE) mu mpera z’ukwezi gushize byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane (MoU) yo kuvugurura no kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi ndetse n’iterambere ry’imibereho myiza n’ubukungu. Amasezerano y’imyaka itanu yashyizweho umukono mu izina rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda na Jean de Dieu Uwihanganye, Uhagarariye u Rwanda […]
Hongeye gututumba umwuka mubi hagati ya Cindy na Sheebah
Nyuma y’iminsi mike Sheebaha na Cindy bahataniye urugamba rwo gushaka kumenya ninde mwamikazi w’umuziki muri Uganda, kuri ubu ishyamba siryeru hagati y’aba bombi. Sheebah Karungi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhatana, yashimiye Cindy kuba yaritabiriye kandi agashyira ingufu muri icyo gikorwa kuko ngo hari itafari byongeye ku muziki w’abagande. Nyuma rero icyakurikiyeho n’uko benshi […]
RDF yipimye na FADM, iratsindwa
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro i Cabo Delgado, zatsinzwe na bagenzi babo ba Mozambique ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wahuje impande zombi ku wa Gatandatu. Ni umukino wabereye ku kibuga cya BG-3 i Mocimboa da Praia, ukaba wari mu rwego rwo gukomeza kwishimira isabukuru y’imyaka 59 Igisirikare cya Mozambique (FADM) […]
Imirwano ikaze yubuye hagati ya FARDC na M23
Ubuyobozi bw’umutwe witwaje intwaro wa M23 buremeza ko igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo byatangiye kugaba ibitero mu duce dutandukanye two muri teritwari ya Masisi. Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa, mu butumwa yatangarije ku rubuga X kuri uyu wa 1 Ukwakira 2023, yatangaje ko FARDC yasohoje isezerano ryayo ryo […]
Abaswa bo mu burengerazuba baradusunikira mu Ntambara ya III y’Isi – Medvedev
Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, yatangaje ko amakimbirane yo muri Ukraine ashobora gutera Intambara ya Gatatu y’Isi yose kubera abo yise “ibigoryi” bari mu buyobozi bwo hejuru mu Burengerazuba. Kuri iki Cyumweru, yanditse kuri Telegram ati: “Umubare w’abaswa bo ku rwego rwo hejuru uragenda wiyongera mu bihugu bigize Umuryango wa NATO.” Medvedev usanzwe […]