Nyamagabe:Ubuyobozi burahangayitse
Mu Ntara y’Amajyepfo Akarere ka Nyamagabe, Ubuyobozi buvuga ko buhangayitse biturutse kuri bamwe mu baturage usanga bakora ibikorwa bigamije gusubiza inyuma ubumwe n’Ubwiyunge by’Abanyarwanda. Ibi byagarutsweho ubwo hatangizwaga ukwezi k’ubudaheranwa muri aka karere kuri uyu wa Mbere aho ubuyobozi bwako bwagarutse ku myitwarire ya bamwe mu baturage bakomeje kugaragaza ibikorwa bisubiza inyuma Ubumwe bw’abanyarwanda. Hatanzwe […]
Abagabo barwanye intambara irimo ibyuma n’udufuni bapfa umugore w’abana 10
Abagabo babiri bari kwivuriza mu Bitaro by’Icyitegererezo by’Akarere ka Soroti nyuma y’intambara ikomeye hagati yabo bapfa umugore w’abana 10. Abo bagabo, umwe w’imyaka 38 witwa Charles Okwale n’undi w’imyaka 48 witwa Joseph Esenu, barwanye intambara karahabutaka bigera aho bakoresha ibyuma n’udufuni. Iyi mirwano yabaye kuri iki Cyumweru gishize nyuma y’aho Esenu ngo afatiye mu cyuho […]