Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Gen Bunyoni

Urukiko mu gihugu cy’u Burundi rwakomeza ko Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu akomeza gufungwa, akazakomeza kuburana afunze. Ni umwanzuro wafashwe n’Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi, mbere yo kuwumenyesha uregwa ufungiye muri gereza ya Gitega, ku wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023. Muri Mata uyu mwaka ni bwo Bunyoni yatawe muri yombi […]

RDC yasobanuye icyo igiye gukora ku butaka bivugwa ko Uganda yatwaye

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye icyo igiye gukora ku butaka bwo muri teritwari ya Rutshuru Abanyekongo bavuga ko bwatwawe na Uganda. Hashize iminsi sosiyete sivili yo muri Rutshuru ndetse n’abavuga rikumvikana barimo abadepite bagaragaza ko abayobozi ba Uganda bimuye imbago ku rubibi rw’ibihugu byombi, bituma igice cy’ubutaka bwo muri Bunagana buva […]

Yakatiwe imyaka 35 y’igifungo nyuma yo gucuruza abana babiri

Uwahoze ari umukozi ushinzwe imibereho myiza y’ibitaro bya Mama Lucy mu gihugu cya Kenya, ukurikiranyweho gucuruza abana, yakatiwe igifungo cy’imyaka 35 kubera kugurisha abana babiri. Mu gihe yamuciraga urubanza, Umuyobozi mukuru wa Milimani, Esther Kimilu, yavuze ko uyu Fred Leparan yakatiwe imyaka 35 y’igifungo nyuma y’uko atigeze agaragaza impuhwe n’ubumuntu ubwo yacuruzaga aba bana. Kimilu […]

Ntabwo amabwiriza yo mu Rwanda arusha amategeko uburemere: Mukuralinda

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda yagaragaje ko atemeranya n’umuhuzabikorwa w’umuryango CLADHO, Murwanashyaka Evariste wavuze ko amabwiriza yo muri iki gihugu aremera kurusha amategeko, iyo bigeze ku kwimura abatuye mu manegeka. Murwanashyaka mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu tariki ya 2 Ukwakira 2023, yagize ati: “Mu Rwanda tugira uko amategeko akurikirana ariko usanga […]

Uganda irasabwa kwishyura asaga miliyari 112 Shs kugirango izakire imikino ya AFCON 2027

Uganda irateganya kwishyura Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika, miliyari 112.407 z’Amashilingi mbere ya Gashyantare 2025 kugirango izabashe kwakira imikino y’Igikombe cya Afurika muri 2027 nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi muri guverinoma. Ku itariki ya 27 Nzeri 2023, CAF yemereye ibihugu bya Uganda, Kenya na Tanzania uburenganzira bwo kuzakira mu 2027 Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu (AFCON)ku […]