Ubukoloni mu isura nshya, Icyo Perezida Kagame avuga kuri Cout d’Etat z’urudaca muri Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame asanga ibibazo by’urudaca birimo n’ihirikwa ry’Ubutegetsi rya hato na hato ku mugabane w’Afurika ahanini bifite inkomoko mu bihugu byateye imbere byahisemo guhindura uburyo bwo gukoloniza uyu mugabane. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’ikinamakuru Aljazeera ku wa 07 Ukwakira 2023. Muri iki kiganiro umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yavuze ko kuba […]
Rayon Sports yanizwe na Marines FC, yuzuza umukino wa 5 wikurikiranya idatsinda
Ikipe ya Rayon Sports yatsikiye i Rubavu ihatakariza amanota abiri, nyuma yo kugwa miswi na Marines ibitego 2-2. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yasuye Marines FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa kane wa shampiyona. Ni Marines yaherukaga guhagama APR FC, banganyiriza i Rubavu ibitego 2-2. Umunota wa gatatu w’umukino […]
M23 yirukanye FARDC na FDLR mu mujyi wa Kitshanga
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu wigaruriye umujyi wa Kitshanga, nyuma yo kuwirukanamo abarimo Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro bakorana. Amakuru BWIZA yamenye ni uko imirwano yo gufata uyu mujyi yatangiye mu ma saa tanu yo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Ukwakira 2023. Kitshanga yari imaze iminsi […]
Rutsiro-Kivumu :Abakobwa badafite amafaranga yo guhonga abasore ngo babarongore baratabarizwa
Mu Karere ka Rutsiro umurenge wa Kivumu abakobwa bageze mu gihe cyo gushaka abagabo barahangayitse nyuma y’uko bamwe mu abasore bemera kubashaka aruko bisabye ikiguzi. Bamwe mu bakobwa baganiriye n’umunyamakuru, bavuga ko uyu muco ukomeje gukura aho ngo usanga umukobwa udafite amafaranga nibura hagati ya 200000frw na 300 000frw adashobora kubona umusore umujyana. Ikindi kandi […]
Umuriro watse hagati ya Israel n’inyeshyamba za Hamas zayiteye
Guverinoma ya Israel yatangaje ko “iri mu ntambara” nyuma y’uko inyeshyamba zo mu mutwe wa Hamas zibarirwa muri za mirongo zinjiye rwihishwa ku butaka bwa kiriya gihugu zikahagaba igitero. Amakuru avuga ko ziriya nyeshyamba zo muri Palestine zambutse uruzitiro rutandukanya iki gihugu na Israel mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu. Hamas yinjiye muri Israel […]
Abakobwa b’impanga bagiye kwiyongeresha amabere ku mupfumu bahasiga ubuzima
Impanga z’abakobwa bo mu gace ka Nkororo mu gace ka Simiyu muri Tanzania, bitabye Imana nyuma yo guhabwa imiti n’umuvuzi gakondo yo kubongerera amabere ngo bazabone abagabo, ikaza kubahitana. Ni abana batari bakagejeje kumyaka 18 kuko nibwo bari bacyuzuza 17.Ni abakobwa abo mu gace ka Bubale mu Kagari ka Nkololo mu Murenge wa Bariadi mu […]
Kwa Neymar babyaye umukobwa
Rurangiranwa Neymar Jr n’umukunzi we w’igihe kirekire, Bruna Biancardi, batangaje ko bibarutse umwana w’umukobwa. Neymar yemeje aya makuru abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Ifoto uyu munya-Brésil yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram yerekana we n’umukunzi we basoma uriya mwana w’umukobwa. Umwana Neymar yibarutse ni uwa kabiri kuri we, kuko asanzwe afite undi w’umuhungu yabyaranye n’undi […]
Umugore washatse abagabo babiri yavuze uko byamugendekeye
Umugore wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya congo washakanye n’abagabo babiri yatunguye abantu benshi bitewe n’uko yashakanye n’abagabo babiri ibintu bidasanzwe bimenyerewe by’umwihariko muri Afurika. Francine Jisele ni we mugore ubana n’abagabo babiri aho yemeye kubana n’umugabo we wa mbere Albert Jarlace ndetse Remi Murula wa kabiri mu nzu imwe hamwe n’abana babo. Jisele yashakanye […]
Haramutse makuru ki ku irasaniro rya M23 na FARDC?
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko haramutse agahenge, nyuma y’iminsi itatu y’imirwano ikaze hagati ya FARDC na M23. Ku Cyumweru gishize ni bwo impande zombi zubuye imirwano, mu minsi ibiri yakurikiyeho zitanga agahenge mbere yo kongera kwesurana kuva ku wa Gatatu w’iki cyumweru. Kugeza ku mugoroba wo kuri uyu […]
Umusore Muyoboke yakubitiye i Burundi biravugwa ko RIB yamutaye muri yombi
Umusore biherutse kuvugwa ko yakubiswe urushyi na Muyoboke Alex mu gitaramo cy’umuhanzi The Ben biravugwa ko yatawe muri yombi acyekwaho kugira uruhare mu ibura rya Telephone y’uyu muhanzi. Taliki ya 30 Ukwakira 2023 ubwo The Ben yari yahuraga n’abakunzi be mu cyiswe meet and greet nibwo hamenyekanye amakuru ko telephone ye yibwe ariko ntihahita hamenyekana […]