Amafoto: Abapolisi bo muri Centrafrica mu masomo ya special forces mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi (IGP) Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 12 Ukwakira, yafunguye ku nshuro ya 12 amasomo y’ibanze ya special Forces mu kigo cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (CTTC) giherereye Mayange mu Karere ka Bugesera. Abapolisi bagera kuri 293, barimo abanyeshuri 44 bo mu nzego z’umutekano zo muri Repubulika ya Centrafrique (CAR), […]
Pasiteri Claude arahamya ko hari bagenzi be benshi bafungwa, RIB ibatunzemo itoroshi
Pasiteri Niyonzima Claude ukorera ivugabutumwa ku rubuga rwa YouTube arahamya ko hari benshi muri bagenzi be bafungwa mu gihe urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwabashakisha. Ibi Niyonzima yabivugiye mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa 3D TV Plus, ubwo yavugaga ku itabwa muri yombi rya Harerimana Joseph wamenyekanye nka ‘Apôtre Yongwe’. Yongwe yatawe muri yombi tariki ya […]
Kera kabaye U Rwanda rwakiriye Bisi zitwara abagenzi rwari rutegereje
U Rwanda rwamaze kwakira icyiciro cya mbere cya bisi zitwara abagenzi u Rwanda rwari rwaratumije, zikaba zitezeho kuziba icyuho cyari kimaze igihe kirekire kigaragara mu gutwara abagenzi. Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023, Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu uhereye uwo munsi, bisi […]
Amerika yaburiye FARDC na M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko zihangayikishijwe n’imirwano imaze iminsi yubuye hagati ya FARDC na M23; ziburira impande zombi ko kurwana nta gusubizo bizigera bizana. Amerika yabitangaje biciye mu itangazo Ambasade yayo i Kinshasa yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira. Ku Cyumweru tariki ya 1 Ukwakira ni bwo imirwano hagati y’Ingabo […]
Blinken yatangaje umubare w’Abanyamerika bamaze gupfira muri Israel
umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken, yatangaje ko Amerika izahora iri inyuma ya Israel mu buryo ubwari bwo bwose .Ni nyuma y’uko iki gihugu cyugarijwe n’intambara igihuza n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas. Ni mu kiganiro yagiranye na Minisitiri w’intebe wa Israel Netanyahu aho yizeje igihugu cye ubufasha ubwaribwo bwose. Ati” Igihe cyose Amerika […]
Kenya yikanze ibitero bya Al Shabaab byo gushyigikira Hamas
Kuri uyu wa Kane, abapolisi ba Kenya bashinzwe kurwanya iterabwoba baburiye ko hashobora kuba ibitero by’imitwe yitwaje intwaro, nka Al-Shabaab, mu rwego rwo kugaragaza “kwifatanya na Hamas”. Kenya, ishyigikiye igihugu cya Israel mu rugamba kirimo kurwana n’umutwe wa Hamas w’abayisilamu bo muri Palesitine, yibasiwe inshuro nyinshi n’ibitero by’umutwe wa Al Shabaab , ufitanye imikoranire n’umutwe […]