Brussels: Twahirwa yihakanye abatangabuhamya bamushinja kwica Abatutsi muri Kigali

Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi, Twahirwa Séraphin uregwa kuyobora ibitero bitandukanye byo kwica Abatutsi mu mujyi wa Kigali mu gihe cya jenoside, yihakanye abatangabuhamya bamushinje. Twahirwa akomoka mu yari Perefegitura ya Gisenyi kandi yabaye umukozi muri Minisiteri yari ishinzwe imirimo ya Leta, MINITRAPE. Araburanira hamwe na […]

Yatawe muri yombi nyuma yo guhora asambanya umukobwa we

Polisi yo muri Tanzania, yataye muri yombi umugabo ucyekwaho gusambanya umukobwa we akanamutera inda.Ni nyuma y’uko agiye yirukana abagabo bagera kuri bane baje kurambagiza uwo mugabwa kugirango atazamujya kure. Uyu mugabo ashobora gufungwa imyaka 30 , mu gihe uyu mukobwa yaba ataruzuza imyaka 18, naho mu gihe yaba ayifite yakatirwa imyaka 20 y’igifungo nk’uko ingingo […]

Sebastian Kurz wahoze ayobora Autrichia yitabye urukiko

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Ukwakira, Sebastian Kurz wahoze ari Umuyobozi wa Autrichia, yatangaje ko ari umwere ubwo yajyaga mu rubanza aregwamo kuba yaratanze ubuhamya bw’ikinyoma, mu kibazo cya ruswa giherutse kunyeganyeza iki gihugu cyo mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi. Kurz niwe muntu uzwi cyane watunzwe urutoki mu ruhererekane rw’amahano, kandi uru rubanza […]