Tshisekedi azamuye mu ntera ba Jenerali barimo Tshiwewe

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za RDC, Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa. Tshisekedi nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi we, Tina Salama, yazamuye mu ntera Lt Gen Tshiwewe amugira Général. Abandi bazamuwe mu ntera barimo Jacques Nduru Ychaligonza […]

Padiri Nahimana Thomas yashyize hanze ‘ifoto y’umuhuro’ we na Tshisekedi

Padiri Nahimana Thomas wiyita Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ikorera mu Buhungiro, yashyize hanze ifoto yemeza ko ari iy’umuhuro aheruka kugirana na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ntangiriro z’iku kwezi ni bwo uyu mupadiri uba mu huhungiro mu Bufaransa nyuma yo kwirukanwa muri Kiliziya gatolika yatangaje ko yahuye na […]

Umusaza yamaze kurya ubugali n’inyama ateye akabariro umukobwa bakundanaga ahita apfa

Polisi muri Kitengela muri Kenya iri gukora iperereza ku rupfu rw’umusaza w’imyaka 59 wapfuye asambana n’umukunzi we ufite imyaka 23. Polisi ivuga ko nyakwigendera yapfuye ku wa gatatu ubwo bari mu nzu yakodesherezaga umukunzi we ku cyerecyezo cy’umuhanda wa Balozi muri Nairobi. Raporo yatanzwe na polisi ya Kitengela ivuga ko nyakwigendera yari amaze igihe ari […]

Israel: Umukuru wa polisi yabwiye abamagana intambara ko azabohereza muri Gaza

Umuyobozi w’Igipolisi cya Israel, Kobi Shabtai, yatangaje ko hatazaba “kwihanganira na gato” imyigaragambyo yo gushyigikira Gaza muri Israel, akangisha kohereza abigaragambya barwanya intambara mu gace ka Palesitine Israel imaze ibyumweru hafi bibiri iteramo ibisasu buri munsi. Ibyatangajwe na Shabtai byaje muri videwo yashyizwe ku muyoboro wa TikTok wa Polisi ya Israel ku wa Kabiri. Ibitangazamakuru […]

Komanda wungirije w’ingabo za EAC yibukije abigaragambya uburyo M23 yari igiye gufata Goma

Komanda wungirije w’umutwe w’ingabo za EAC uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Brigadier Général Emmanuel Kaputa, yibukije Abanyekongo bigaragambya uburyo zitambitse M23 mu gihe wari hafi gufata umujyi wa Goma. Ku wa 18 Ukwakira 2023, Abanyekongo bahamagawe na sosiyete sivili bakoraniye mu mihanda y’i Goma, bigaragambya, basaba ko ingabo za EAC zabavira […]