Palestine yatumye USA kuri Israel

Ibiro bya Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, byasabe ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika gushyira igitutu kuri Israel kugira ngo ihagarike ibitero byayo mu ntara ya Gaza Strip. Ibi byavuzwe n’Umuvugizi wa Abbas, Nabil Abu Rudeineh, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24 kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Nabil yatangaje ko […]

Urukiko rwafashe icyemezo gifunga Apôtre Yongwe iminsi 30 y’agateganyo

Umuvugabutumwa akaba n’umushoramari Harelimana Joseph akatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kugirango iperereza rikomeze kandi abashe gucungirwa umutekano.Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa Kane taliki 26 Ukwakira 2023, gifatirwa ku rukiko rw’ibanze rwa Gasabo. Urukiko rumaze gusuzuma impamvu zikomeye zituma akekwa n’imiburanire ye rwasanze ahakana icyaha aregwa ariko akemera ko yagiye yaka abantu amaturo mbere y’uko […]

Uganda:UPDF yacyeje abasirikare bayo bakubiswe n’abasivili bagacisha macye

Igisirikare cya UPDF gikomeje gushimira abasirikare bayo baherutse gukubitwa n’abaturage ubwo bari mu kazi ko gucunga umutekano ariko ngo bakora kinyamwuga ntibabasubiza cyangwa ngo ntibakoreshe imbaraga z’umurengera. Amashusho yerekana itsinda ry’abasivili bakubita bakanagerageza kwambura intwaro abasirikare bane ba UPDF mu Karere ka Kayunga yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga mu ntangiriro ziki cyumweru. Majoro Charles Kabona, […]

Ibimodoka by’intambara bya IDF byinjiye muri Gaza mbere yo kugaba ibitero kuri Hamas

Igisirikare cya Israel (IDF) mu ijoro ryakeye cyagabye ibitero mu duce two mu majyepfo ya Gaza gikoresheje ibimodoka by’intambara. IDF yavuze ko yagabye ibi bitero mu rwego rwo “gutegura intambwe ziri imbere muri iyi ntambara”, ndetse ko “byagabwe ku bigo bitari bike by’iterabwoba, ku bikorwa remezo no ku birindiro birasirwamo ibisasu bya misire benya ibimodoka […]

RDC: Uwari minisitiri w’ubutabera aremeza ko ari we wihereye icyemezo cy’ubwenegihugu Katumbi

Mu gihe impaka zerekeranye n’ubwenegihugu bwa Moà¯se Katumbi zagarutse mu byumweru bishize, kugeza aho basaba ko kandidatire ye ikurwa mu matora ataha ya perezida, uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Alexis Thambwe Mwamba, yatangaje ko ari we ubwe wamwihereye icyemezo cy’ubwenegihugu kandi kitigeze gihagarikwa”. Mu kiganiro yagiranye na RFI, Alexis Thambwe Mwamba, wahoze wegereye uwari Perezida, Joseph […]

Isomwa ry’urubanza rwa Dr Kayumba ryasubitswe

Urukiko Rukuru rw Kigali rwasubitse isomwa ry’Urubanza rwa Dr Kayumba Chriistopher rwagombaga gusomwa kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Ntihigeze hatangazwa impamvu z’iryo subikwa. Ikinyamakuru cya The Chronicles cyatangaje kuri X ko amakuru y’iri subikwa yamenyekanye binyuze mu butumwa urukiko rwashyize mu buryo bw’ikoranabuhanga rya IECMS busanzwe bwifashishwa n’inkiko. Muri ubwo butumwa Urukiko rukuru rwamenyesheje […]

Kazungu Denis yasabiwe kongererwa igifungo avuga ko nta kibazo

Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda hamenyekanye inkuru y’incamugongo y’umubo witwa Kazungu Denis watawe muri yombi akurikiranyweho kwica abantu bagera kuri 14. Mu iperereza ry’ibanze ryakozwe ryagaragaje ko Kazungu akekwaho kwica akabashyingura mu cyobo yari yaracukuye iwe.Nawe ubwe yarabyiyemereye avuga mu Rukiko ndetse anavuga ko impamvu yabishe ko ngo bamwanduje SIDA ku bushake.Ubwo kuri uyu […]

Musanze:Agatsiko k’abiyita Abashomeri kateje impagarara

Mu karere ka Musanze mu murenge wa Kimonyi hari agatsiko k’insoresore ziyise abashomeri zazengereje abaturage zikabacucura utwabo kugeza ubwo ubu bagenda bikandagira. Abaturage bavuga ko aka gatsiko gatega abantu kakabambura utwabo ariko bamwe ngo bakabaniga, hari n’abo bakomeretsa.Agace gakunda kugaragaramo icyo kibazo ngo ni ku muhanda uva ku kigo nderabuzima cy’uyu murenge wa Kimonyi ukagera […]

USA: Abapolisi bari guhiga bukware umuntu wishe arashe abantu 16

Nibura abantu 16 birakekwa ko bishwe barashwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ahitwa Lewiston, muri Leta ya Maine, mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Polisi yavuze ko Robert Card w’imyaka 40 ari we wakoze ubu bwicanyi, ivuga ko “yitwaje imbunda kandi ko ari mubi cyane” nk’uko iyi […]

Niba ucika intege mugihe cyo gutera akabariro Koresha Revive Capsules bikire burundu

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]