Uwahoze ari Perezida wa Mauritania arasabirwa imyaka 20 y’igifungo
Umushinjacyaha yasabiye igifungo cy’imyaka 20 hamwe no gufatira umutungo we uwahoze ari Perezida wa Mauritania. Mohamed Ould Abdel Aziz ukurikiranyweho kwikungahaza mu buryo butemewe n’amategeko, gukoresha nabi ububasha bwe no kunyereza amafaranga ya leta abarirwa muri miliyoni 67 z’amayero. Nyuma yo kwisobanura amasaha agera kuri atatu, umushinjacyaha Ahmed Ould Moustapha yatangaje ko “ibimenyetso byose biri […]
CG (Rtd) Emmanuel Gasana arafunzwe
CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse na Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburasirazuba, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Uru rwego ruvuga ko CG (Rtd) Gasana yatawe muri yombi “nyuma y’igihe akorwaho iperereza ku cyaha acyekwaho cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko nk’Umuyobozi w’Intara Ntara y’Iburasirazuba mu nyungu ze bwite.” […]