Umunyamakuru Manirakiza arasaba abo yagiriye neza kwitura abana be
Umunyamakuru Manirakiza Théogène ufite ikinyamakuru Ukwezi Media Group Ltd arasaba abo yagiriye neza kubizirikana, bagafasha abana be yasize ubwo yatabwaga muri yombi. Manirakiza yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukwakira 2023, akurikiranweho kwakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 ngo adatangaza inkuru, icyaha cyaje guhinduka icyo gukangisha gusebanya. Ifungwa rye ryagizwemo uruhare n’umushoramari Nzizera Aimable […]
Cape: Kayishema ushinjwa uruhare muri jenoside yitabye urukiko na bibiliya mu ntoki
Kuri uyu wa Gatanu, Umunyarwanda ushakishwa kubera ibyaha bya jenoside yongeye kwitaba urukiko rw’ibanze rwa Cape Town. Muri Gicurasi, Fulgence Kayishema yarakurikiranwe asangwa mu isambu iherereye ahitwa Paarl aho bivugwa ko yari amaze imyaka atuye munsi y’izina. Uyu yari amaze myaka irenga makumyabiri ahunga ubutabera kuva yatangira gushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda akurikiranweho […]
Rwanda:Abitwikira amadini bagacucura abantu utwabo akabo kagiye gushoboka
Muri iyi minsi hari abantu bakomeje kwitwikira amadini bakambura abantu ibyabo.Ni muri urwo rwego inzego za Leta zahagarukiye iki kibazo nyuma y’uko gikomeje gufata indi ntera.Mu nzego zatangaje ko zigiye gufata iya mbere mu guhagurukira iki kibazo harimo Urwego rushinzwe Imiyoborere mu Rwanda (RGB). Umuyobozi w’uru rwego, Dr Usta Kaitesi, yamaganye abitwaza Imana bahanurira abaturage […]
U Burusiya bwaburijemo igitero cya drone ku ruganda rutunganya ingufu za nikeleyeri
Abayobozi ba gisivili n’abasirikare baravuga ko igitero cya Ukraine kirimo indege zitagira abaderevu nyinshi cyahagaritswe mu mujyi wa Kurchatov mu Burusiya, ahari urugomero rw’ingufu za nikeleyeri rwa Kursk. Amakuru ataremezwa yavuze ko imwe mu ndege yangije ububiko bw’imyanda ya nikeleyeri. Ibi byabereye kuri uyu wa Kane ushize nimugoroba mu karere ka Kursk gahana imbibi na […]
Perezida Ndayishimiye arashaka ko ubukungu bw’u Burundi bushingira ku nkwavu
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arashaka ko iterambere rusange ry’Abarundi rishingira ku bworozi bw’inkwavu kandi ko buri muturage, yaba usanzwe kugera ku bayobozi, bagomba korora byibuze eshanu. Iri bwiriza yarihaye Minisitiri w’umutekano n’iterambere, tariki ya 29 Nzeri 2023 asohora itangazo risaba abayobozi bose, ku bigo bya Leta, yewe no kuri za sitasiyo za Polisi ko […]
Iburasirazuba: Polisi yaburijemo ubujura bwa toni zisaga 1000 z’imbuto n’ifumbire
Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba yaburijemo ibikorwa bikomeye by’ubujura bwa toni zirenga 1.000 z’imbuto n’inyongeramusaruro. Ibicuruzwa bya magendu byafashwe byagurishwaga mu ntara cyangwa bikajyanwa ahantu hatandukanye. Bimwe muri ibi byari bimaze koherezwa mu bihugu by’ibituranyi, bitera impungenge ku bijyanye n’urwego ubu bucuruzi butemewe bugezeho. Umuyobozi w’igipolisi mu karere ACP Innocent Rutagarama Kanyamihigo aganira n’abaturage bo mu […]
Uganda:Igipolisi cyahawe amabwiriza yo kugarura imiti yibwa ikoherezwa mu bihugu by’ibituranyi
Umugenzuzi mukuru wa polisi muri Uganda , Martin Ochola yategetse abayobozi bose gukumira byihuse ubujura n’igurisha ry’imiti bigenewe ibigo nderabuzima bya Uganda. Ochola abinyujije ku muyobozi wa polisi ushinzwe ibikorwa wungirije umugenzuzi mukuru wa polisi —AIGP John Nuwagira, yavuze ko iki gihugu gihura n’ubujura bukabije bw’imiti bukunze kugurishwa muri DRC, muri Sudani y’Epfo ndetse no […]
Muri Sudan bikomeje kuba bibi
Imiryango itandukanye ikomeje ghunga urugomo n’imivurungano muri Sudani ahoigeze mu turere twa kure two mu majyaruguru ya Sudani y’Amajyepfo. Aba bantu barimo gukurwa mu byabo barashaka ubuhungiro mu karere imiryango itabara imbabare irimo mu rwego rwo guhangana n’ikibazo gikomeye cyo gutanga ubufasha bwihutirwa. Mu bagizweho ingaruka harimo Umjuma Achol Mut, umukecuru w’imyaka 29 wahunze urugo […]
Uwari umwana wahamijwe uruhare muri jenoside yatanze ubuhamya kuri Twahirwa
Nkurunziza Saleh wamenyekanye nka Sakade, washinjwe kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu gihe yari afite imyaka 17 y’amavuko yatanze ubuhamya kuri Twahirwa Séraphin uburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023, Sakade yasobanuye ko mu mwaka w’1994 wabereyemo jenoside yakorewe […]
Indege z’intambara za Amerika zasenye ububiko 2 bw’intwaro muri Syria
Kuri uyu wa Gatanu, indege ebyiri z’intambara za Amerika zagabye ibitero ku bubiko bw’intwaro n’amasasu muri Syria mu rwego rwo kwihorera ku bitero byagabwe ku ngabo za Amerika n’inyeshyamba zishyigikiwe na Irani mu gihe impungenge zikomeje kwiyongera ko amakimbirane ya Israel na Hamas ashobora gukwirakwira mu Burasirazuba bwo Hagati. Pentagon yavuze ko Perezida wa Leta […]