Umushoferi wa WASAC amaze amezi 3 ahembwa amafaranga ibihumbi 11
Umushoferi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, WASAC Group, witwa Murwanashyaka Eric, aratakamba nyuma y’aho amaze amezi atatu ahembwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 11 (Frw 11,260) kandi akaba yarategujwe ko bizamara amezi 27. Murwanashyaka ukorera mu ishami rya Musanze agaragaza ko agomba guhembwa Frw 173,555 ku kwezi, ariko ko mbere y’uko amugeraho, guhera muri Kanama 2023 […]
Kenya:Minisitiri yitotombeye ubutegitsi kubera ko butarebera ku Rwanda
Minisitiri w’ubukerarugendo muri Kenya, Alfred Mutua, yamaganye gahunda y’ubutegetsi bwa Kenya bushaka gusoresha ba mukerarugendo cyangwa n’abanya Kenya bagarutse mu gihugu cyabe bafite ibikoresho bifite agaciro k’amadorali 500. Ni nyuma y’uko Abanya-Kenya barimo kwamagana aya mabwiriza y’abategetsi by’umwihariko abashinzwe gusoresha. Yavuze ko iki cyemezo cya KRA ari imwe mu mpamvu zituma abakerarugendo basura iki gihugu […]
Maj Gen Kayemba yise Tshisekedi umubeshyi
Maj Gen Silver Kayemba wo mu ngabo za Uganda (UPDF), yashinje Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ubutegetsi bwe kubeshya abaturage ba kiriya gihugu ku bijyanye na manda y’Ingabo EAC yohereje muri kiriya gihugu. Muri Nzeri umwaka ushize ni bwo EAC yatangiye kohereza muri RDC ingabo zo kuhagarura amahoro. Ni icyemezo […]
Meteo yateguje imvura izikuba kabiri mu minsi ya mbere y’Ugushyingo hagereranijwe n’iyarisanzwe
Muri uku kwezi k’Ugushyingo mu Rwanda hateganyijwe imvura izikuba kabiri ugereranije n’iyari isanzwe igwa mu gihe gishize. Ibi byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere,’METEO’ aho cyagaragaje ko muri iyi minsi icumi y’uku kwezi twatangiye hazagwa imvura iremereye cyane. Iki kigo cyagaragaje ko imibare y’ingano y’imvura izagwa, igaragaza ko hazabaho kwikuba kabiri ugereranyije n’iyari isanzwe nk’uko […]
Abanyarwanda turyanye, ntaho guhungira: Gen (Rtd) Kabarebe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, General (Rtd) James Kabarebe yavuze ko Abanyarwanda babaye baryanye, batabona aho guhungira mu karere bitewe n’amateka y’ubuhunzi bafite. Ibi Kabarebe yabivugiye mu ihuriro rya 16 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, mu kiganiro yasobanuriyemo amateka yaranze Abanyarwanda kuva mu mwaka w’1959. Ashingiye ku ijambo ryavuzwe na Jeannette Kagame, Kabarebe […]
Rubavu: Abanyeshuri ba CS Cyanzarwe barataka kwicishwa inzara
Abanyeshuri bo ku Rwunge rw’amashuri rwa Ryabizige rwo mu murenge wa Cyanzarwe w’akarere ka Rubavu, baravuga ko bahinduriwe abatetsi none inzara ikaba igiye kubica. Ababyeyi barerera kuri iri shuri na bo bavuga ko abana babo bariraga ku gihe, gusa bagashimangiranko ibyabaye ku wa Kabiri tariki ya 31 Ukwakira ari agahomamunwa, bijyanye no kuba saa kumi […]
Cristiano Ronaldo yatuye umujinya abafana ba Al Ettifaq bamujujubije bifashishije Messi
Cristiano Ronaldo yagaragarije uburakari bukomeye abafana b’ikipe ya Al Ettifaq, nyuma yo kumukoba bifashishije izina Lionel Messi. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo Messi yegukanye Ballon d’Or ye ya munani ahigitse abarimo Erling Haaland na Kylian Mbappé bari bahataniye icyo gihembo. Cristiano Ronaldo wagitwaye incuro eshanu ntiyitabiriye ibirori byo kugitanga byabereye i Paris mu […]
Umugore yishe umwana we kugirango ajye mu kazi ko mu rugo muri Soudi Arabia
Urukiko rukuru rwo muri Kenya rwahimije umugore icyaha cyo kwica umuhungu we w’umwaka umwe kugira ngo ajye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu gukora akazi ko mu rugo. Uyu mugore witwa Happy Mwenda Mumba ahamwa n’icyaha cyo guteza urupfu rw’umuhungu we, ufite umwaka umwe n’amezi atatu kuko yamubujije urugendo rwe rwerekeza muri UAE Abatangabuhamya umunani batanze […]
Tshisekedi aremeza ko umugambi wa SADC wo kumwoherereza ingabo ugeze kure
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, aremeza ko umugambi w’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo, SADC, wo kohereza ingabo mu burasirazuba bw’igihugu ayoboye ugeze kure unozwa. Ibi Tshisekedi yabivuze nyuma yo kugirana inama idasanzwe n’abakuru b’ibihugu byo muri SADC, kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023, hifashishijwe ikoranabuhanga rya video conference rihuza […]