Umukerarugendo w’umunyamerika yishwe n’igifi kinini kizwi nka Shark
Polisi yo mu gihugu mu birwa bya Caraibe yavuze ko umukerarugendo w’umunyamerika wasuye Bahamas yishwe n’igifi kinini ubwo yari agiye mu nyanja. Uyu mukecuru w’imyaka 44 utaravuzwe izina, ukomoka mu mujyi wa Boston nk’uko amakuru yatangajwe n’abapolisi ba Royal Bahamas abitangaza, ngo uyu mugore wari wazanye n’umuvandimwe w’umugabo we yari yabanje kujya ku nkombe z’inyanja […]
Nzaba perezida utagira umushahara – Moise Katumbi
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ukuboza 2023, ubwo yari imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye i Gemena, umurwa mukuru w’Intara ya Sud-Ubangi bagiye kwakira umukandida Moà¯se Katumbi Chapwe ukomeje urugendo rwe rwo kwiyamamaza, yababwiye ko natorwa azakora adahembwa. Imbere y’imbaga yari iteraniye ku rubuga rwa Kermesse, Moà¯se Katumbi, muri mitingi ye yamamaye, yasabye abaturage […]
CECAFA: Uganda yatsinze Amavubi U-18, igera ku mukino wa nyuma
Ikipe y’Igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 18 y’amavuko yageze ku mukino wa nyuma wa CECAFA, nyuma yo gutsinda u Rwanda igitego 1-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabaye kuri uyu wa Kabiri. Igitego cyo ku munota wa 57 w’umukino cya Abubakar Mayanja ni cyo cyafashije Abagande gusezerera u Rwanda.
Huye: Bahangayikishijwe n’ibisambo bifungurwa bikajya kubihoreraho
Abaturage bamwe bo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye bahangayikishijwe n’ubujura buvanzemo urugomo, aho bemeza ko ababukora n’iyo bafunzwe iyo bafunguwe bataha biyemeje kwihorera. Mu gihe ubuyobozi buvuga ko abaturage bakwiye gukomeza gutangira amakuru ku gihe kugira ngo abakora ubwo bujura bakurikiranwe n’amategeko, abaturage bamwe bo mu Murenge wa Ngoma bo bavuga ko […]
Moà¯se Katumbi yise abo bahanganye Abatalibani b’Abanyabwoba

Moise Katumbi uri mu bakandida bahatanira kuyobora igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise abo bahanganye muri aya matora ‘Abahezanguni b’Abatalibani’ barangwa no kubeshya abo bayobora yemeza ko akabo kashobotse kuko azabatsinda mu matora. Ubusanzwe Abatalibani ni abategetsi b’Igihugu cya Afghanistan, bazwiho kuba ari abanyagitugu bakanagendera ku matwara akaze y’Idini ya Islam. Ibihugu byinshi […]
Sena yagaragaje icyo u Rwanda rwungukira ku badiyasipora
Sena y’u Rwanda igaragaza ko Abanyarwanda baba mu mahanga bakwiye kwitabwaho bakongera ubushobozi kuri serivisi ziborohereza kuko bagira uruhare rukomeye mu kazumura ubukungu bw’Igihugu. Raporo yasohotse hanze usanga igaragaza ko umusaruro uturuka ku badiyasipora,wariyongereye ariko ngo byaba byiza inzengo zitandukanye zigiye zirushaho gukorana nabo. Amafaranga Abanyarwanda baba mu mahanga bohereza mu gihugu yavuye kuri miliyoni […]
Bissau: Umutekano wakajijwe nyuma yo gusesa inteko no gufunga televiziyo y’igihugu
Gukaza umutekano mu murwa mukuru wa Guinea-Bissau bishobora kugeza byibuze hagati mu Kuboza nyuma y’iseswa ry’Inteko ishinga amategeko ndetse n’ihagarikwa rya televiziyo y’igihugu kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 4 Ukuboza. Amakuru y’ibanze yerekana ko ingamba z’umutekano zongerewe hafi ya Televiziyo y’igihugu ( TGB) na Radio bya Guinea-Bissau (RDN). Perezida Umaro Embalo yasheshe Inteko […]
USA yagumishijeho ibihano yafatiye abakomeye muri Uganda
Leta zunze ubumwe za Amerika, USA, zagumishijeho ibihano zafatiye bwa mbere abakomeye muri Uganda mu mwaka w’2021, hashingiwe ku kuba batarubahirije ibyo zabasabye. Ibi bihano byari byaratangajwe n’ibiro bya USA bishinzwe ububanyi n’amahanga mu 2021 hashingiwe ku myitwarire mibi yaranze amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye, ikanaba nyuma y’aho. Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken, kuri uyu wa […]
Mayotte: Abimukira b’Abanyarwanda bituje muri stade barasabirwa kwirukanwa
Departement ya leta muri Mayotte yitabaje ubutabera isaba kwirukana abimukira barimo Abanyarwanda bashinze inkambi mu kibuga cya Stade Cavani. Kugira ngo ishyigikire icyifuzo cyayo, yasabye abaturage bahaturiye gutanga ibimenyetso byerekana imvururu iyi nkambi itera. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 30 Ugushyingo, perezida w’inama y’iyi department, Ben Issa Ousseni, yamaganye ibi agira ati: “Uyu […]
Abasirikare b’u Burundi bari muri EACRF na bo binjiye mu ntambara na M23
Umutwe wa M23 urashinja Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bwo kugarura amahoro muri Congo (EACRF) kwinjira mu ntambara uhanganyemo n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya RDC. U Burundi busanzwe bufite izindi ngabo muri RDC bwahohereje gufasha iz’iki gihugu guhangana na M23, binyuze mu masezerano ibihugu byombi byasinyanye mu minsi yashize. Imirwano […]