Igisubizo cya Makolo ku wamubwiye ko amajwi Perezida Kagame yagize ahabanye na demukarasi

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yahakanyije umunyamakuru Stig Abell wa Times Radio wamubwiye ko amajwi 98% Perezida Paul Kagame yagize mu matora y’Umukuru w’Igihugu y’ubushize agaragaza icyuho muri demukarasi. Abell yabwiye Makolo ati: “98% by’amajwi ntabwo ari demukarasi ishyirwa mu bikorwa.” Yahise amusubiza ati “Kubera iki itaba yo?”, umunyamakuru akomeza kumubaza ati: “Ese […]

Twahirwa Seraphin: Urwibutso rudasibangana ku bayobozi n’abo bakoranye

Perezida, Raà¯si (Rayisi), Kingi, Kihebe, ni amwe mu mazina yitirirwa Twahirwa Seraphin. Mu rukiko rwa Rubanda rwa Bururseli, mu Bubiligi, abo bari baturanye, abo bakoranye mbere no mu gihe cya jenoside, abari abayobozi basanisha aya mazina n’ibikorwa by’ubugome byaba byaramuranze muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.We n’abamwunganira byose barabihakana. “Amazina ya Twahirwa Seraphin arimo Kihebe, […]

Perezida Kagame yabonanye n’abayobozi ba Global Citizen mbere y’igitaramo kibera muri BK Arena

Perezida Kagame yabonanye n’abayobozi b’Umuryango Global Citizen mbere gato y’igitaramo cyiswe #MoveAfrika Rwanda kibera muri BK Arena ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu. Umukuru w’Igihugu yabonanye n’abayobozi b’uyu muryango aribo Hugh Evans na Francine Katsoudas habura igihe gito ngo Umuraperi Kendrick Lamar Duckworth wamenyekanye mu muziki nka Kendrick Lamar ataramire Abanyarwanda mu birori biteganyijwe […]

Kim Jong Un yasutse amarira, asaba abagore bo muri Koreya kongera urubyaro

Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yagaragaye asuka amarira, ubwo yarimo asaba abagore bo mu gihugu cye kongera urubyaro. Hari mu nama y’ababyeyi b’abadamu b’abanya-Koreya yabereye mu murwa mukuru Pyongyang, akaba yagezaga ijambo ku bayitaburiye. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uyu mutegetsi yafashwe n’imbamutima zatumye asuka amarira; ibyo abantu bafashe nk’ibidasanzwe kuri […]

Rubavu:Abagabo barimo guta ingo bakajya gushaka abandi bagore b’abajejetafaranga

Mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu murenge wa Nyundo, hari kuvugwa ikibazo cy’abagabo basigaye bata ingo zabo bakajya gushaka abandi bagore b’abanyamafaranga. Abagore bo muri ibyo bice baravuga ko inzego zibishinzwe zikwiye kubatabara nyuma y’uko ngo abagabo babo babona ubukene bwugarije ingo zabo ntibibabwihanganire bakajya kwishakira abagore bifite bakagira ubushobozi bwo kubatunga. Bamwe mu baturage […]

Goma: Umunyamakuru wa VOA yafashwe na ANR azira channel yo mu Rwanda

Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika i Goma, Jimmy Shukrani Bakomera yatawe muri yombi inshuro ebyiri kuri uyu wa Mbere ushize no kuwa Kabiri i Goma, afashwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Yahaswe ibibazo ku bufatanye ubwo ari bwo bwose ngo yaba afitanye na channel ikorera mu Rwanda itavuzwe izina. Urubuga SOS Media Burundi dukesha iyi […]

Kiyovu Sports yajyanye Mvukiyehe Juvenal muri RIB

Umuryango wa Kiyovu Sports wareze mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sports Company, umushinja ibyaha birimo ubujura. Kiyovu Sports yareze Juvenal biciye mu kirego cyatanzwe n’umunyamategeko wawo, Me Mugabe Fidèle. Ibyaha imushinja birimo ubujura, ubuhemu ndetse n’icyo kwihesha ikintu cy’undi [hakoreshejwe uburiganya]. Ku wa 26 Nzeri 2023 ni bwo Mvukiyehe yirukanwe […]

DR Congo:Ingabo za Uganda ziri muri EACRF mu gihirahiro

Ingabo za Uganda ziri mu zibungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba,ziri mu gihirahiro nyuma y’uko ngo zitarabona amabwiriza azemerera kuzinga utwangushye bava muri iki gihugu. Ni nyuma y’uko izi ngabo za EACRF zahawe nyirantarengwa yo kuba uhereye taliki 8 Ukuboza 2023, zizaba zamaze gukura ibirenge byazo muri […]

Gitifu wa Murama arafunzwe nyuma yo kugonga abanyeshuri umwe akahasiga ubuzima

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, Mapendo Gilbert, wari utwaye imodoka ya Jeep Toyota RAV4, yagonze abana icumi b’abanyeshuri, umwe ahasiga ubuzima. Iyi Toyota Rav4 ifite pulaki RAC 777 E, yavaga i Kigali yakoreye impanuka mu Muduguidu wa Gasiza, Akagari ka Bisenga, Umurenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, […]

Zambia:Perezida Hichilema afite icyizere ko abantu 25 bagwiriwe n’ikirombe bazavamo ari bazima

Kuri uyu wa gatatu, ishami rishinzwe ubutabazi ryatangaje ko abashinzwe ubutabazi muri Zambia barokoye umuntu wa mbere warokotse inkangu yo ku ya 1 Ukuboza yarengeye ikirombe gicukurwamo umuringa cyagwiriye abantu 25 bari barimo. Ishami ry’abatabazi ryatangaje ko umwirondoro w’uyu mugabo utaramenyekana nk’uko ishami rishinzwe imicungire y’ibiza no kugabanya ibiza ryabitangaje mu itangazo ryashyizwe ku rubuga […]