Gen. Bunyoni yakatiwe gufungwa ubuzima bwe bwose, imitungo ye yose irafatirwa
Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwakatiye igifungo cya burundu Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’iki gihugu, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Mu kwezi gushize k’Ugushyingo ni bwo Ubushinjacyaha bw’u Burundi bwari bwasabiye Bunyoni gufungwa ubuzima bwe bwose akanatanga ihazabu yikubye incuro ebyiri umutungo we bwavugaga ko adashobora gusobanurira […]
Me Flamme ahamya ko abatangabuhamya 63 bose bashinjuye Basabose
Umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels arasaba ko umukiriya we agirwa umwere kuko ngo abatangabuhamya bagombaga kumushinja, bisanze bamushinjuye. Basabose yabaye umusirikare, aba umushoferi wa Colonel Elie Sagatwa wari muramu wa Habyarimana Juvénal. Yabaye kandi umuvunjayi muri Kigali, aba umunyamigabane wa RTLM, akaba afatwa nk’umwe mu baterankunga ba […]
Minisitiri Uwizeye arifuza ko ‘inkozi z’ibibi zirya ruswa’ zajya zitamazwa
Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika, Uwizeye Judith, yasabye abaturage kujya batamaza inkozi z’ibibi zijya zibaka ruswa mu rwego rwo kuyirandura burundu. Minisitiri Uwizeye yabitangarije mu karere ka Musanze, ahizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Ni umunsi wahuriranye n’imyaka 20 ishize yasinywe amasezerano mpuzamahanga yo kurwanya ruswa. Ni igikorwa cyabimburiwe n’urugendo rwo kurwanya ruswa rwabereye mu […]
Dr Habineza arahamya ko ihohoterwa ku barwanashyaka ba Green Party ryagabanyutse cyane
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko, Dr Frank Habineza, aravuga ko ihohoterwa ryakorerwaga abanyamuryango baryo ryagabanyutse ku kigero kigera kuri 99%. Ibi yabibwiye abanyamakuru kuri uyu wa 8 Ukuboza 2023 ubwo yari amaze gufungura ku mugaragaro Inteko y’abagore bo muri DGPR mu mujyi wa Kigali. Dr […]
The Ben yongeye guhatwa ibibazo kuri Bruce Melodie
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben muri iyi minsi itangazamakuru rikomeje kumuhata ibibazo by’umwihariko ku bikomeje kuvugwa hagati ye n’umuhanzi Bruce Melodie muri iyi minsi uri mu bihe bye byiza. The Ben mu minsi ishize ubwo yari ku kibuga cy’indege yerekeza muri Canda aho yari arategerejwe mu gitaramo yatumiwemo, itangazamakuru ryamubajije ku byiyumvo bye ku […]
Numero ya telephone ya Guverineri Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye
Numero ya telephone ya Vodacom ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, General Peter Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye, nk’uko inzego z’umutekano z’intara zabitangaje ku mugoroba wo kuwa Gatatu, itariki 6 Ukuboza 2023 . Nk’uko amakuru aturuka hafi y’ubuyobozi bw’intara agera kuri Kivu Times avuga, ngo aba bantu batamenyekanye bagerageje gutekera umutwe abantu bari kuri numero ya guverineri […]
Kenya:Igitaramo Coffi Olomide ategerejwemo gishobora kuzamo kidobya
Igitaramo cyari gitegerejwe cyane na Nairobi cyatumiwemo Koffi Olomide kiri mu kaga kuko abamamaza ibitaramo barimo uwitwa Jules Nsana na Noah Auma Muga bakorera icyizwi nka Nsana Production basaba indishyi z’igitaramo cya 2016 cyabateje igihombo. Iki gitaramo giteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 09 Ukuboza2023, Coffi arasabwa kwishyura nibura miliyoni 10 z’amashilingi abereyemo abamamaje igitaramo […]
Ingabo za EAC za nyuma zizava muri RDC mu mwaka utaha
Umutwe w’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, EACRF, watangaje ko iza nyuma zizava muri iki gihugu mu mwaka utaha. Ingabo za Kenya zigera kuri 300 ni zo zabimburiye izindi, zirataha, hashingiwe ku byemezo abakuru b’ibihugu by’akarere bafatiye mu nama yabereye i Arusha tariki ya 24 Ugushyingo […]
Rwamucyo yatanze ibyangombwa bimwemerera kuba Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni

Kuri uyu wa Kane, itariki 7 Ukuboza 2023, Ambasaderi mushya Uhoraho w’u Rwanda Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo, yashyikirije Umunyamabanga Mukuru, Antà³nio Guterres ibyangombwa bimwemerera gukora izi nshingano nyuma yo kugenwa kuri uyu mwanya na Perezida wa Repubulika mu Kwakira 2023. Mbere yo gushyirwa kuri uyu mwanya, Rwamucyo yabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu Buyapani, agomba no […]
U Bwongereza bwahaye u Rwanda andi mafaranga yo kwita ku bimukira
Leta y’u Bwongereza muri uyu mwaka yongeye u Rwanda £ miliyoni 100 (Frw miliyari 156) yerekeye amasezerano y’abimukira ibihugu byombi byasinyanye. Ni amafaranga u Rwanda rwahawe muri Mata uyu mwaka, nk’uko byemejwe na Sir Matthew Rycroft ukora muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, mu ibaruwa yageneye abadepite bo mu Bwongereza. Ni nyuma yuko mu mwaka ushize u […]