Amiss Cédric yaciye amarenga yo kugaruka muri Rayon Sports
Umurundi Amiss Cédric wabiciye bigacika muri Rayon Sports, yaciye amarenga yo kuyigarukamo vuba aha. Cédric yatangaje ko yaba agiye kugarukamo abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Yifashishije uru rubuga, yanditse ahajya ubutumwa bumara amasaha 24 ko “vuba aha ndagaruka mu kipe yanjye nyayo.” Ni ubutumwa bwari buherekejwe n’imitima ibiri irimo uw’ubururu n’umweru Rayon Sports isanzwe […]
Kampala: Somalia yitabiriye inama ya EAC bwa mbere nk’umunyamuryango wuzuye
Igihugu cya Somalia ku ikubitiro nicyo cyabimburiye ibindi bihugu bigize EAC kwitabira inama iri buhuze abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango.Ikaba yitabiriye iyi nama mu gihe ari cyo gihugu giherutse kwakirwa muri uyu muryango. Perezida wa Somaliya, H.E Hassan Sheikh Mohamud yageze muri Uganda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane aho yagiye kwitabira inama y’Umuryango […]
Musanze: Abarokotse bafite impungenge z’inzu bubakiwe zenda kubagwira
Mu Mudugudu wa Kiryi, mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bavuga ko batewe impungenge n’inzu zigiye kubagwaho bubakiwe kuko mu bihe by’imvura hari ubwo bitwikira imitaka kubera ko amwe mu mabati yatobotse. Ni umudugudu wubatswe mu 2007, ariko bamwe mu bawutujwemo bavuga ko nubwo babonye ako bikinga batabura […]
Uganda yamaze gukura ku butaka bwa Congo ingabo zose zari muri EACRF

Ingabo za Uganda (UGACON) zari mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) zarangije gusohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) nyuma yo kurangira kwa manda y’izi ngabo ku itariki ya 8 Ukuboza 2023. Ingabo za Uganda muri EACRF zari zoherejwe i Mabenga, Chengerero, Kiwanja na Bunagana muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. […]
Guhendeza cyangwa kwibasira Kagame si byo bizatuma RDC yubahwa: Katumbi
Umunyapolitiki Moise Katumbi yanenze Perezida Félix Antoine Tshisekedi wirirwa wibasira mugenzi we w’u Rwanda, agaragaza ko amarira ye no kwibasirana atari byo bizatuma RDC yubahwa n’ibihugu baturanye. Katumbi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). Kuva ibikorwa byo kwiyamamaza byatangira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangira, Perezida Félix Tshisekedi yakunze kwitwaza u […]
RDC: Agahenge kari kamaze iminsi 3 kongereweho ibyumweru bibiri
Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzi neza ibyabaye, ngo impande ziihananye zemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gihe cy’ibindi byumweru bibiri byiyongera ku gahenge k’iminsi itatu kabanje. Umwe mu bayobozi mu buyobozi bwa Biden, wanze ko izina rye ritangazwa, yagize […]
Amafoto: Perezida wa Ghana yahishuye ko bateganya gufungura ambasade i Kigali

Rose Mary Mbabazi umaze amezi umunani agizwe Ambasaderi w’u Rwanda i Accra, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukuboza 2023, nibwo yashyikirije Perezida Nana Akufo Addo ibyangombwa bimwemerera guhagararira igihugu cye muri Ghana. Ni umuhango wabereye ku cyicaro cya Perezida Akufo Addo, ahazwi nka Jubilee House, mu murwa mukuru, Accra. Ambasaderi Mbabazi yishimiye umubano mwiza […]
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Netflix

Perezida Kagame yabonanye na Wilmot Reed Hastings Jr, Umuyobozi Nshingwabikorwa muri Netflix baganira ku bufatanye busanzweho hagati y’impande zombi, harimo na gahunda iherutse gutangizwa na Airtel Rwanda yatumye abantu bagera kuri terefone zigezweho kandi zihendutse. Kugeza ubu, Abanyarwanda bangana 52.558 ni bo bamaze kungukirwa muri iyi gahunda igamije gutanga umusanzu ku ntego za Guverinoma y’u […]
U Budage/Danemark: Hafashwe abakekwaho gukorana na Hamas bashakaga kwibasira Abayahudi
Abategetsi bo mu Budage baravuga ko bafashe abantu bane bakekwaho kuba muri Hamas bafitanye isano n’umugambi wo kugaba ibitero ku bikorwa by’Abayahudi. Abashinjacyaha bavuze ko abakekwa bari bagamije kubika intwaro i Berlin kugira ngo bazazikoreshe mu gitero. Abategetsi ba Danemark na bo bavuze kandi ko bataye muri yombi abantu batatu baregwa gutegura igitero nk’iki ariko […]