Ibintu 6 ugomba kuba wujuje kugira ngo ugere ku nsinzi
Intsinzi ni ikintu buri muntu wese aba yifuza kugeraho, gutsinda bigaragaza imbaraga nyinshi n’umuhate umuntu aba yashyize mu bintu akora bigatuma aba indashyikirwa. Twifashishije urubuga rwa ‘Human mind readers’ hari ibintu 6 by’ingenzi abahanga bahurijeho nk’ibikenewe kugira ngo buri wese abe yabona intsinzi. 1. Inzozi ntizigerwaho keretse ushyize mu ngiro Mu buzima tubayemo inzozi ntizikora […]
Tshisekedi nta santimetero n’imwe azigera yigarurira mu duce tugenzura: Major Willy Ngoma
Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira ku murima Perezida Félix Antoine Tshisekedi amumenyesha ko nta gace na kamwe mu two uriya mutwe ugenzura Ingabo ze zizigera zigarurira. Major Ngoma yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 24 Ukuboza, ubwo yaganirizaga abaturage bo mu mujyi wa Rutshuru ahabereye ibirori byo kwitegura umunsi mukuru wa […]
Ibyo wamenya ku bindi abantu bibaza ku nkomoko ya Noheli
Taliki 25 Ukuboza buri mwaka hizihizwa umunsi wa Noheli ufatwa nk’isabukuru ya Yesu Christ , ariko abenshi burya ntibazi igisobanuro cyayo. Ubusanzwe ijambo Noheli rikomoka ku ijambo ry’Igifaransa “Noà«l”, naryo ryakomotse mu Kilatini “Natalis” bivuze “amavuka”. Mu Cyongereza Noheli ikaba yitwa “Christmas”. Mu Cyongereza, iri jambo ni inyunge rigizwe na “Christ” na “Mass”, aho rikomoka […]
Igihugu cya Niger cyahagaritse ubufatanye bwose cyari gifitanye na OIF
Igihugu cya Niger cyahagaritse ubufatanye bwose bwacyo n’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), nk’uko abayobozi bacyo b’abasirikare batangaje mu gihe kigenda kandi gicana umubano buhoro buhoro n’u Bufaransa bwahoze bugikolonije. Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukuboza, Umuvugizi w’akanama ka gisirikare kari ku butegetsi muri Niger kuri televiziyo y’igihugu yavuze ko uyu muryango w’ibihugu 88 ukoreshwa […]
Hamas irashinja Israel kwica abantu 70 mu nkambi y’impunzi
Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iyoborwa na Hamas yatangaje ko ibitero by’indege bya Israel byahitanye byibuze abantu 70 mu nkambi y’impunzi ya Al-Maghazi iherereye rwagati muri Gaza. Umuvugizi w’iyi minisiteri Ashraf al-Qudra, yavuze ko imibare ishobora kwiyongera bitewe n’imiryango myinshi iba muri ako gace. Ku ruhande rwacyo, Igisirikare cya Israel cyabwiye BBC ko kikireba muri raporo […]
Abanyemaroco bakajije imyigaragambyo kubera Israel na Hamas
Ku cyumweru, muri Maroco abarenga 10,000 bakoze urugendo rwo kwigaragambya berekeza i Rabat bifatanya n’Abanyapalestine mu karere ka Gaza, bamagana intambara ihuje Hamas na Isiraheli. Abigaragambyaga bari bahagarariwe n’itsinda ry’abamotari bashyigikiye ko intambara ya Palesitine yahagarara.Bakoze urugendo berekeza kuri Avenue Mohammed V. Benshi mu bigaragambyaga bari bafite ibyapa byamagana isenya ry’ibitaro bya Palesitine no kwica […]
FARDC yongeye gutera M23 n’ibibunda biremereye
Umutwe wa M23 washinje Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuzigabaho ibitero kuri uyu wa Mbere, zikoresheje ibibunda ziremereye. M23 yemeje ko yatewe biciye muri Perezida wayo, Bertrand Bisimwa. Ku rubuga rwe rwa X yavuze ko “magingo aya kuri iyi Noheli, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa riri kugaba ibitero zifashishije imizinga […]
Ibinyamakuru byegereye Leta y’u Burundi birashinja u Rwanda kuba inyuma y’igitero cyo mu Gatumba
Ibinyamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi byegereye leta biravuga ko hongeye kuzamuka umwuka mubi hagati y’iki gihugu n’u Rwanda nyuma y’igitero giherutse kugabwa mu Murenge wa Vugizo, Zone Gatumba, Komini Mutmbuzi mu Ntara ya Bujumbura, kigambwe n’umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Ikinyamakuru burundi-agnews.org cyanditse kiti « Ubushyamirane bushya hagati y’u Burundi n’u Rwanda: […]
Parike y’Akagera irateganya kuzajya yinjiza byibuze miliyari 3 ku mwaka guhera mu 2025
Parike y’igihugu y’Akagera yo mu Rwanda ivuga ko guhera mu 2025 iteganya kuzajya yinjiza byibuze miliyari 3 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka. Ubuyobozi bwa parike bwavuze ko bukurikira ibimenyetso bifatika byerekana ko amafaranga yinjira yiyongera azafasha ubuyobozi bwa parike gushyira ku munzani amafaranga agenda mu bikorwa byayo n’amafaranga yinjira. Vuba aha, iyi parike, ari na […]
Abakoresha abana mu gusabiriza baba barimo kubacuruza
Mu Rwanda by’umwihariko mu mujyi wa Kigali hakunze kugaragara abantu bakuze basabiriza ku mihanda ariko banarikumwe n’abana nabo basabiriza. Hari igihe Bamwe baba basabisha abana babo, abandi bagasabisha ab’abandi bikunze kuvugwa ko baba babakodesheje bakaza kwishyura ikiguzi baba bumvikanye n’abababahaye. Urwego rw’Igihigu rw’Ubugenzacyaha (RIB),ruvuga ko kuba abasabisha abana na bo baba bakoze icyaha cyo kubacuruza […]