Aho Yesu yavukiye nta birori bya Noheli biharangwa

Mu mujyi wa Beterehemu, aho Yesu yavukiye nta birori byabaye byo kwizihiza ivuka rye nkuko byari bisanzwe mu yindi myaka. Amakuru avuga ko nta munezero, nta bana, nta Père Noà«l/Santa. Uno mwaka nta birori na bicye byahabaye nyuma y’uko intambara ihuje Israel na Hamas ikomeje gufata indi ntera. Nkuko byagiye bigaragazwa nta ndirimbo za Noheli […]

Somalia: Igisirikare kirigamba kwica abarwanyi ba Al Shabaab 130

Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukuboza, minisiteri y’ingabo ya Somalia yavuze ko byibuze abarwanyi ba al-Shabaab 130 bishwe mu gihe cy’ibikorwa bya gisirikare byabereye icyarimwe rwagati mu gihugu no mu majyepfo, yemeza ko mu minsi itatu ishize bambuye ubutaka bunini umutwe w’iterabwoba ufitanye isano na al-Qaeda. Igisirikare cya Somaliya, gishyigikiwe n’imitwe yitwara gisiikare y’abanyagihugu, cyagiye […]

Kirehe:Bamwe mu baturiye umupaka wa Tanzania hari igihe bashukwa bakajyanwa gucuruzwa

Mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba, hari abaturajye bashukwa ko bagiye gushakirwa imirimo muri Tanzania bakajyanwa kugurishwa. Abajyanwa ni abiganjemo urubyiruko bo mu murenge wa Kirehe, mu karere ka Kirehe bavuga ko hari bagenzi babo bashukwa bakambutswa umupaka babeshywa ko bagiye guhabwa akazi muri Tanzania. Gusa ngo nyuma amakuru akamenyekana ni uko baba bajyanwe […]

FARDC yikomye Nyota TV n’ibindi bitangazamakuru

gcjirhcw8aa4ntc.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kirashinja Televiziyo ya Nyota (Nyota TV) ya Moà¯se Katumbi ndetse n’ibindi bitangazamakuru bimwe na bimwe “guhungabanya umutekano, guca intege no gucamo ibice ingabo”. Binyuze muri videwo, yatambutse ku Cyumweru, itariki ya 24 Ukuboza, umuvugizi w’ingabo General Major Sylvain Ekenge, FARDC yaburiye ibi bitangazamakuru. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasomwe […]

APR FC itegerejwe muri Tanzania yatangiye kugerageza abanya-Caméroun 2

Ikipe ya APR FC yatangiye kugerageza abakinnyi babiri b’abanya-Caméroun, mbere yo kwerekeza muri Tanzania aho izitabira irushanwa rya Mapinduzi Cup. Amakuru avuga ko mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 22 Ukuboza mu 2023 ari bwo aba bakinnyi bombi bakina hagati mu kibuga bageze i Kigali, mbere yo gutangira imyitozo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. […]

Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro

Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z’Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe. Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z’Ibitaro bya Kabgayi bigezweho. Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika […]

RDC:Perezida wa CENI yongeye gusabirwa gufungwa

Perezida wa Komisiyo y’amatora CENI, arasabirwa gufungwa cyangwa akirukanwa ku mirimo ye nyuma y’uko ngo bigaragaye ko mu gihe cy’amatora habaye ibibazo byiganjemo akajagari. Ibi byagarutsweho n’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, basabye Denis Kadima atigeze agaragaza ubushobozi na bucye bwo kuyobora neza ibikorwa by’amatora bityo ko agomba gufungwa kandi Amatora akaba imfabusa. Ni mu […]

Amatora muri RDC: Tshisekedi akomeje kwereka igihandure abo bahanganye

Imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irerekana ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi akomeje kuza imbere y’abo bahanganye, nyuma yo kubanikira. Mu ijoro ryakeye ni bwo Komisiyo y’amatora muri RDC (CENI) yatangiye gutangaza amajwi y’ibyavuye mu matora y’imbere mu gihugu. Ni amatora yatangiye ku wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza […]