Kibumba: Haravugwa imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC n’abasangirangendo ba yo
Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa n’imitwe y’inyeshyamba bifatanyije ryagabye ibitero ku birindiro bya M23 muri Kibumba biba ngombwa ko yirwanaho inarinda abaturage, igikorwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa, Benjamin Mbonimpa avuga ko ari ukurenga ku gahenge no gusuzugura umuryango mpuzamahanga n’Abanyekongo. Kuri yu wa Gatatu itariki 27 Ukuboza ku gicamunsi nbwo hatangiye kumvikana amakuru y’imirwano i hagati […]
Clare Akamanzi yahawe imirimo mishya
Umunyarwandakazi Clare Akamanzi wahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yagizwe Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa. NBA Africa ni ikigo cya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gifite inshingano zo kuzamura impano muri uyu mukino ku mugabane wa Afurika. Iki kigo cyemeje ko Akamanzi ari we muyobozi wacyo mushya kibinyujije ku rubuga […]
Muhinyuza yatsinze urubanza rwa za miliyari yaburanagamo n’umunya-Kenya
Rwiyemezamirimo w’Umunyarwanda, Muhinyuza Désiré, yatsinze urubanza yaburanagamo na mugenzi we Kirimi Koome w’umunya-Kenya rwerekeye sosiyete ifite agaciro ka Frw miliyari 3,2. Aba bombi bari bamaze igihe mu mahari nyuma yo kutajya imbizi ku ugomba kugira uburenganzira kuri miliyoni 400 z’amashilingi ya Kenya (Frw miliyari 3.2) yari muri Banki ebyiri muri iki gihugu. Ni amafaranga yavuye […]
Rubavu: Bimwe mu bikorwa umwaka wa 2023 usize bibereye ijisho ku bayisura n’abayitembera-AMAFOTO

Umwaka wa 2023, usize hari ibikorwa by’iterambere byiganjemo ibikorwa remezo akarere ka Rubavu kamaze kugeraho bishobora kuba bimwe mu bikurura abatemberera muri uyu mujyi, kuba ukora ku kiyaga cya Kivu ndetse wihariye kugira umucanga (Beach), bituma benshi bahora bumva haza ku mwanya wa mbere muho bahitamo kuruhukira no gutemberera. Ibikorwa by’ibanze Bwiza yasuye, ababituriye usanga […]
Umujyi wa Kigali na RURA bagaragaje aho abazajya kurira ubunani mu ntara bazategera
Mu rwego rwo koroshya ingendo mu Mujyi wa Kigali muri ibi bihe by’iminsi mikuru, ubuyobozi bw’umujyi bufatanyije n’Ikigo ngenzuramikorere (RURA) bwashyizeho gahunda izatangira kubahirizwa kuwa Gatandatu, itariki 30 Ukuboza kugeza ku Cyumweru, itariki 31 Ukuboza, yo gutega imodoka ku bifuza kugana mu ntara zitandukanye. 1. Aberekeza mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba mu turere twa Nyamasheke, Rusizi, […]
Urukundo rugeze aharyoshye hagati y’umukobwa wa Perezida Ruto n’umuririmbyi ukomeye
Umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya, Charlene Ruto, aravugwa mu rukundo rumaze kugera kure n’umuramyi Daddy Owino. Nairobi News yanditse ko ku wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza Owino yajyanye Charlene iwabo mu ntara ya Kakamega, mu rwego rwo kumwereka nyina umubyara. Urukundo hagati ya Charlene Ruto n’uriya muramyi rwatangiye kuvugwa mu minsi yashize, […]
RDC:Imvura idasanzwe yahitanye abarenga 20 harimo 10 bo mu muryango umwe
Imvura nyinshi y’igikatu yibasiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihitana ubuzima bw’abarenga 20 abandi barakomereka. Ni imvura yibasiye by’umwihariko akarere ka Kananga mu ntara ya Kasai aho yahitanye ubuzima bw’abantu isenya n’inzu nyinshi, mu gihe ibikorwa byo gutabara bigikajije umurego mu gushakisha niba hari abarokotse. Guverineri Kabeya w’iyi ntara yavuze ko urukuta rwagwiriye abantu 10 […]
Kinshasa: Igipolisi cyahanganye n’abayoboke ba Fayulu agoterwa mu biro
Ibintu byarushijeho kuba bibi ku cyicaro gikuru cy’ishyaka ECIDE aho abarwanashyaka bateraniye ngoo bagire uruare mu rugendo rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi rwo kwamagana “amatora y’akajagari” ibisubizo by’ibice byatangajwe kugeza ubu biha Félix Tshisekedi amahirwe menshi yo gutsinda. Nyuma y’igihe gito Martin Fayulu nawe yiyunze ku barwanashyaka. Ariko mu kugerageza guhagarika urugendo, impagarara zahise ziyongera. Abarwanashyaka batwika […]
Cristiano Ronalido yongeye kwigaragaza nk’umunyabigwi
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka atarakorwa n’undi mukinnyi, akaba agiye kurangiza umwaka ayoboye abandi mu bitego byinshi. Ronaldo usanzwe akinira muri Arabia Saudite mu ikipe ya Al Nasrr, yujuje ibitego 53 muri uyu mwaka wa 2023.Ibintu benshi bakomeje kugenda bashima bavuga ko ugereranyije n’imyaka ye ari ku rwego rwo hejuru.Ni ibitego yujuje mu mukino […]
Kivu y’Amajyepfo: Abaturage bariye karungu batwitse Umu-Wazalendo ari muzima
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Ukuboza, abaturage ba Bulambika, muri Teritwari ya Kalehe, (Kivu y’Amajyepfo), batwitse ari muzima, umurwanyi wo mu mutwe witwaje intwaro “wazalendo”. Bamushinje kuba yararashe akica umumotari ukomoka mu karere ku itariki ya 25 Ukuboza ahagana mu ma saa tanu z’ijoro mu Mujyi wa Bulambika nk’uko tubikesha Radio Okapi. Delphin […]