Rubavu: Yafatanwe magendu ingana n’amabaro 63 y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bakomeje kugira uruhare mu kurwanya ibyaha, batanga amakuru atuma bimwe bikumirwa bitaraba, ibindi bigakurikiranwa mu maguru mashya; ababigizemo uruhare bagafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP), Bonaventure Twizere Karekezi, yabigarutseho nyuma y’uko mu murenge wa Mudende wo mu Karere ka Rubavu, ibikorwa […]

Eritrea ku Isonga mu bihugu biniga itangazamakuru byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara

Raporo iherutse gutangwa na komite ishinzwe kurengera abanyamakuru (CPJ), irerekana ishusho mbi kuri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara aho itangazamakuru rinigwa ntirihabwe ubwisanzure. Iyi raporo igaragaza ko umubare w’abanyamakuru bafunzwe wavuye kuri 31 muri 2022 ugera kuri 47 kugeza taliki ya 1 Ukuboza 2023. CPJ ishyira Eritereya ku isonga mu guhonyora ubwisanzure bw’itangazamakuru muri […]