CYAMUNARA Y’IBIKORESHO BITANDUKANYE

itangazo-3.png

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose babyifuza ko buzagurisha muri Cyamunara ibikoresho bitandukanye nk’uko bigaragara ku mugereka w’Itangazo ry’iyo cyamunara. Cyamunara izaba ku wa 28 Werurwe 2024 ikazabera ku biro ikazabera ahakorera ishami rya za Gasutamo rya Mutara i Rusizi. Ku bifuza ibindi bisobanuro kuri iyi cyamunara mwabisoma ku itangazo ryayo riri ku ifoto […]

Kenny Sol yemeje imikoranire na 1:55 AM y’umuherwe Coach Gael

Nyuma y’amakuru yacicikanaga ku mbuga nkoranyambag avuga ko umuhanzi Kenny Sol yamaze gusinya muri 1:55 AM y’umuherwe Coach Gael, nyirubwite yemeje ayo makuru. Kenny Sol uherutse gukora ubukwe, yemeje ko yamaze kwinjira muri sosiyete ifasha abahanzi ya 1:55 AM nyuma y’igihe kirenga imyaka ibiri yikorana. Kenny Sol yatangaje ibi mu kiganiro yagiranye na Kiss FM, […]

Abayobozi ba Rayon Sports ni abagome, barantereranye: Aruna Madjaliwa

Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa yibasiye ubuyobozi bwa Rayon Sports, abushinja kumutererana bukanga kumuvuza ahubwo bugahitamo kumuteranya n’abafana. Uyu musore amaze igihe adakinira Rayon Sports, nyuma y’imvune y’agatsitsino yagize mu mwaka ushize wa 2023. Amakuru aturuka imbere muri Murera avuga ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje ko abagwa iyo mvune kugira ngo agaruke vuba, gusa we ahitamo […]

Perezida wa Etiencelles yavuze ku bukene buvugwa mu ikipe ayoboye

e529bbdd-851c-48a0-bb7d-69978fc785e2.jpg

Umuyobozi w’ikipe ya Etiencelles FC, Ndagijimana Enock yahakanye amakuru yose y’ubukene avugwa mu ikipe abereye umuyobozi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo mu binyamakuru bigiye bitandukanye no ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amakuru avuga ko mu ikipe ya Etiencelles ubukene bumeze nabi. Amakuru yavugaga ko iyi kipe ishobora guterwa mpaga kubera kubura amafaranga yo […]

Yavanye amahembe y’inzovu muri Congo afatirwa mu Rwanda agiye kuyacuruza

Umugabo ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatawe muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Rusizi, azira gucuruza amahembe y’inzovu. Ni umugabo witwa Byamungu Kizungu Claude w’imyaka 39, yafatanwe amahembe y’inzovu afite ibice 41 bipima kg 81.5. Byamungu yafatiwe neza ku mupaka wa Bugarama, uhuza u Rwanda na Congo, akaba yarafashwe n’urwego rw’i […]

Ingendo za Rwandair zijya cyangwa ziva i Mumbai zizasubikwa hagati muri uku kwezi

ghlfhrvwsaau6sf.jpg

Sosiyete ya Rwandair yatangaje ko igiye gusubika ingendo z’indege ziva cyangwa zijya i Mumbai mu Buhinde ku mpamvu zitatangajwe. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu nyuma ya saa sita, Rwandair yagize iti “ Tubabajwe no kubamenyesha ko Rwandair izasubika ingendo z’indege zijya cyangwa ziva Mumbai, guhera kuwa 15 Werurwe 2024. Iri tangazo rikomeza […]

Abaturage bakomeje kugaba ibitero ku kibumbano cya Dani Alves muri Blazil

527140f9-a467-450f-abb9-66f6fad7de3b.jpg

Ikibumbano cy’umunyabigwa wa FC Barcelona, Dani Alves cyongeye kwangizwa nyuma y’uko uyu kizigenza ahamwe n’icyaha cyo gufata ku ngufu umugore bahuriye mu kabyiniro ka nijoro muri 2022. Alves w’imyaka 40 yakatiwe n’urukiko rwo muri Espagne ku wa 22 Gashyantare 2024 gufungwa imyaka ine n’igice muri gereza nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata ku ngufu. Icyi […]

RIB yasubije abaturage telefoni zirenga 160 bari baribwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024 rwashyikirije abaturage telefoni 167 bari baribwe. Ni igikorwa cyabereye ku Cyicaro Gikuru cy’uru rwego giherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, yasobanuye ko telefoni zasubijwe ba nyirazo 160 zari zaribwe mu bihe bitandukanye zigahindurirwa ibirango, […]

Tchad: Ibyo wamenya kuri mubyara wa perezida wishwe arashwe

Yaya Dillo wari ukuriye ishyaka ritavugarumwe n’ubutegetsi byari byitezwe ko aziyamamaza mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Gicurasi Dillo Yaya umwe mu banyapolitike bakomeye batavugarumwe n’ubutegetsi muri Tchad yishwe arashwe n’abashinzwe umutekano. Gusa uyu ntiyari umunyapolitike usanzwe, yari na mubyara wa Perezida Mahamat Déby. Urupfu rwe rwatangajwe kuwa kane rubaye nyuma y’uko iki gihugu gitangaje […]

Ambasaderi wa Ukraine yashimye inkunga y’u Rwanda mu myanzuro yamagana u Burusiya

Mu gihe cyo kwibuka ku mugaragaro imyaka ibiri ishize u Burusiya buteye Ukraine, Ambasaderi udasanzwe kandi uhagarariye Ukraine mu Rwanda, H.E. Andrii Pravednyk, yashimye uruhare rukomeye rw’u Rwanda mu mahoro n’umutekano ku Isi. Yashimye kandi inkunga u Rwanda rutera Ukraine. Ambasaderi Pravednyk yagize “Muri ibi bihe bitoroshye, ubufatanye bw’u Rwanda na Ukraine bwabaye ingirakamaro. Inkunga […]