Ibyihebe byarituye inkambi ya Koulikouro abagera kuri 30 bahasiga ubuzima
Inkambi ya gisirikare ya Koulikouro, iherereye nko mu birometero 200 mu majyaruguru ya Bamako yerekeza ku mupaka wa Mauritania, yibasiwe n’igitero cy’iterabwoba cyahitanye abarenga 30. Ingabo zabyemeje mu itangazo rigenewe abanyamakuru, gusa nta mubare wanyawo zatangaje w’abantu bapfuye, ariko amakuru yatangajwe na RFI yemeza ko hapfuye abantu bagera kuri mirongo itatu. Igisirikare cyavuze ko mu […]
AFC/M23 bamaganye Tshisekedi ukomeje gukinira ku maraso ya Okende
Umutwe wa M23 wibumbiye mu Ihurirro ry’Impuzamashyaka ryiswe Alliance Fleuve Congo AFC, wamaganiye kure iperereza ry’Ubushinjacyaha bukuru ku rupfu rwa Okende bwagaragaje ko yiyahuye bemeza ko ibikomeje gukorwa ari ukumwica bwa kabiri. Chérubin Okende yabaye minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu muri Congo akanaba umudepite muri icyo gihugu yapfuye ku wa 13 Nyakanga 2023, umurambo we […]
Alliah Cool yahaye umurinzi we imodoka nshya

Isimbi Alliance wamenyekanye nka Alliah Cool muri sinema Nyarwanda akaba anabarizwa mu itsinda rya Kigali Boss Babes, yahaye umurinzi we impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai. Uyu murinzi wa Alliah azwi ku mazina ya ‘Mwiza Cyane’ asanzwe akora akazi ko gucunga umutekano kuri ubu ari mu byishimo nyuma y’uko uyu munyarwandakazi amuguriye imodoka. Nk’uko […]
USA: Uwitwa Utamuliza Karinganire akurikiranweho ibyaha bisa nk’iterabwoba
Umugore ufite izina ry’Ikinyarwanda mu cyumweru gishize yafatiwe ku Ishuri Ryisumbuye rya Jefferson County (JCPS) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko abapolisi bavuze ko yateye ubwoba ko azica abanyeshuri ndetse akagerageza no kubatwika. Ahagana mu masaha ya saa sita, abapolisi ba JCPS boherejwe ku kigo cya Fern Creek Elementary ku Muhanda wa Ferndale […]
Kirehe: Baterwa ubwoba n’ibintu birara bidihagura ku mabati n’imbere y’inzu zabo
Mu karere ka Kirehe ahazwi nko mu Gisaka, hari bamwe mu baturage bavuga ko babangamiwe cyane n’ibintu biza bikadihagura ku mazu yabo mu gihe baryamye bakabura ibitotsi. Nubwo ntawe bari bafata, ariko batekereza ko ari abaturanyi babo babikora, aba baturage baganiriye na BWIZA bemeza ko kugeza ubu batari bafata umuntu ubikora ngo amenyekane bityo ikibazo […]
Muri Bangaladesh bari mu marira
Minisitiri w’ubuzima wa Bangaladesh avuga ko byibuze abantu 43 bapfuye nyuma y’umuriro wibasiye inyubako y’amagorofa arindwi. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo uyu muriro watangiriye muri resitora Kacchi Bhai , ahagana mu ma saa mbiri za mu gitondo 16h00 GMT) kuri uyu wa kane mu murwa mukuru Dhaka. Abantu 75 batabawe abandi bajyanwa mu bitaro.Abashinzwe kuzimya […]
Gasogi United yatandukanye na rutahizamu w’umunye-Congo
Nyuma y’ibiganiro byahuje impande zombi, Rutahizamu w’Umunye-Congo, Cédric Lisombo Liselé yasheshe amasezerano yari afitanye na Gasogi United. Nyuma yo gutandukana n’uyu rutahizamu, iyi kipe y’i Gasogi yahise imushimira mu butumwa yatambukije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu rutahizamu yinjiye muri iyi kipe mbere y’umwaka w’imikino wa 2023-24 avuye muri Rwamagana City. Lisere Cedric Lisombo yari yarazaniwe […]
Australia: Nta cyizere ku iburanisha cyangwa koherereza u Rwanda 2 bakekwaho uruhare muri jenoside
Australia irasabwa gukora ibirenze kugirango ikore iperereza ku birego bya jenoside n’ibyaha by’intambara, aho bamwe mu mpuguke mu by’amategeko basaba ko hanashyirwaho ishami ryihariye kandi rihoraho rishinzwe gukurikirana ibyo birego. Uyu muhamagaro uje ukurikira inkuru y’ikinyamakuru Four Corner and Guardian cyo muri Australia gisohoye inkuru muri iki cyumweru ivuga ko u Rwanda rurimo gushaka abagabo […]
Cameroun: Samuel Eto yatangaje ko adateganya kwiyamamariza kuba Perezida
Aganira na radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, Samuel Eto’o, Perezida wa federasiyo y’umupira w’amaguru muri Cameroun, yahakanye ko adateganya kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika. Ubwo umunyamakuru yamwibutsaga ko mu mwaka wa 2028, yashyigikiye perezida wa Cameroun, Paul Biya mu buryo bweruye, bikaba ari byo byateye bamwe gutangira gukeka ko nawe ateganya kwiyamamaza, Eto’o yabihakanye yivuye inyuma. Ati […]
Umunyezamu wa Bugesera FC yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda
Habarurema Gahungu usanzwe afatira ikipe ya Bugesera FC, yatawe nuri yombi na Polisi y’Igihugu Ishami ryo mu muhanda nyuma yo gufatwa atwaye imodoka yanyoye ibisindisha. Uyu musore yafashwe mu rukerera rwo ku wa Gatatu ubwo yari ari mu muhanda Kigali-Bugesera atwaye imodoka kandi yasinze. Gufungwa ku uyu mukinnyi, bivuze ko atazagaragara mu mukino wa Shampiyona […]