U Burundi bukomeje kwitwaza u Rwanda mu rwego rwo guhuma amaso abaturage: Mukasi

Charles Mukasi wahoze ari umuyobozi w’ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, yagaragaje ko ibirego leta y’iki gihugu imaze iminsi ishyira ku Rwanda nta kindi kibihatse kitari ugukinga abaturage ibikarito mu maso ngo batabona umwanya wo kwinubira ubuzima bubi babayemo. Kuva mu mpera z’umwaka ushize u Burundi bwakunze kwikoma u Rwanda, burushinja kuba ari rwo […]

Canada: Brian Mulroney wahoze ari Minisitiri w’intebe yapfuye afite imyaka 84

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Canada, Brian Mulroney, kuri uyu wa Kane, yapfuye afite imyaka 84, nkuko umukobwa we Caroline Mulroney yanditse kuri X. Yanditse ati: “Mu izina rya mama n’umuryango wacu, ni n’akababaro kenshi dutangaje urupfu rwa data, Right Hon. Brian Mulroney, Minisitiri w’intebe wa 18 wa Canada. Yapfuye mu mahoro, akikijwe n’umuryango.” Minisitiri […]

U Burusiya: Alexe௠Navalny arashyingurwa mu mutekano udasanzwe

Kuri uyu wa Gatanu, Alexei Navalny arashyingurwa i Moscou mu gihe umutekano wakajijwe no mu gihe abamushyigikiye batinya igitero cya polisi mu gihe cyo kumushyingura. Navalny, wanenze cyane Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yapfuye afite imyaka 47 mu buryo bw’amayobera ubwo yari afungiwe mu kigo cya gereza ku itariki ya 16 Gashyantare. Abamushyigikiye bahisemo gutambutsa […]

Dore abantu 10 utagomba kwizera

Hari abantu bagarukwaho cyane ko atari abo kwizerwa ahanini bitewe n’ukuntu bitwara, ndetse n’ibyo bakorera bagenzi babo cyangwa se bo ubwabo. Ingaruka nyinshi kandi zikunze kubagarukaho. Muri iyi nkuru ya BWIZA turibanda ku bantu icumi buri muntu wese agomba gushidikanyaho ntapfe kubizera buhumyi, nk’uko tubikesha urubuga rwa Human mind readers. 1. Abantu batajya bemera amakosa […]

Muhanga: Bane bafashwe nyuma y’aho umwana amennye ibanga ry’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Mu Karere ka Muhanga abantu bane batawe muri yombi, nyuma y’aho umwana na se bashwanye bikarangira amennye ibanga ry’amakuru y’ahari imibiri y’inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari bamaze imyaka ikabakaba 30 baryamyeho . Mu bafashwe harimo Nzabamwita Antoine n’umuhungu we Niyoyita Bonaventure, ari na we watanze amakuru nyuma yo kutumvikana na se. Imirimo […]