Uwamennye amabanga ku ndege za Boeing yasanzwe yapfuye muri Amerika
Uwahoze ari umukozi wa Boeing uzwiho guteza impungenge ku buzinenge bw’indege zikorwa n’uru ruganda, basanze yapfuye muri Amerika. John Barnett yari amaze imyaka 32 akora muri Boeing, kugeza igihe yasezeraga muri 2017. Mu minsi yabanjirije urupfu rwe, yari yagiye atanga ibimenyetso mu rubanza ku kumena amanga y’iyi sosiyete. Boeing yavuze ko bibabaje kumva urupfu rwa […]
Abarundi bongeye kubuzwa kwambara Vist Rwanda

Nyuma y’uko abarundi bari bemeye gukina amarushanwa ya BAL bambaye Vist Rwanda, amakuru azindutse muri iki gitondo ni uko bongeye kubuzwa kwambara iyo myambara iriho umuterankunga w’irushanwa ariwe Vist Rwanda. Ku munsi w’ejo hashize nibwo amakuru y’uko bemeye gukomeza irushanwa bambaye imyenda iriho Vist Rwanda yamenyekanye, aho yemezaga ko bazakomeza irushanwa ndetse bakanubahiriza amategeko yaryo […]
Umunya Korea y’Epfo afunzwe n’Uburusiya ashinjwa ubutasi
Ibitangazamakuru byo mu Burusiya bivuga ko umugabo wo muri Koreya y’Epfo yafungiwe mu Burusiya ashinjwa ubutasi. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Koreya y’Epfo nayo yemeje itabwa muri yombi, ivuga ko bagerageza gutanga ubufasha bushoboka. Ikigo cy’itangazamakuru cya Leta Tass ,cyatangaje ko Baek Won- yafatiwe mu mujyi wa Vladivostok uri mu burasirazuba bw’iki gihugu mu ntangiriro z’uyu […]
Perezida Kagame yemeye guhura na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame yemeye guhura na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko bitangazwa na Guverinoma ya Angola. Umukuru w’Igihugu yabyemeye ku wa Mbere tariki ya 11 Werurwe, ubwo yakirwaga i Luanda na mugenzi we Joao Lourenco wa Angola usanzwe ari umuhuza w’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe mu makimbirane ari […]
Ubwato bwo muri Congo bwayobye bwisanga ku Nkombo
Abanyekongo magana baraye bwa mbere muri Rwanda ku Kirwa cya Nkombo, nyuma y’ko ubwato bwari bubatwaye buyobye bukisanga mu Rwanda ubu bukaba buri mu maboko y’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu mazi. Mu gihe nta burenganzira bwo kuhava barahabwa, ubwato, n’aba banyekongo baraguma mu Rwanda mu gihe batangiye gutabaza basaba ubuvugizi. “Twinjiye mu bwato ejo saa […]
Abaforomo basanga umushahara muto uri mu bituma bava muri Afurika bakajya gukorera i Burayi
Abaforomo bibumbiye mu muryango mpuzamahanga bavuga ko umubare wabo ukiri mucye ariko kandi bakanasaba Leta z’Ibihugu kongera ingengo y’imari bashora muri uyu mwuga. Aba baforomo n’ababyaza bo muri Afurika bagaragaza ko umubare wabo ukiri muto ugereranije n’abakeneye serivisi hakiyongeraho no gukora amasaha y’ikirenga ndetse n’umushahara muto bigatuma abenshi bahitamo kujya ku mugabane wu Burayi. Mu […]
Minisitiri w’intebe wa Haiti Ariel Henry yeguye ku gitutu cy’udutsiko twitwaje intwaro
Minisitiri w’intebe wa Haiti, Ariel Henry, yemeye kwegura, umuyobozi w’itsinda ry’ibihugu bya Karayibe yavuze ko, bije nyuma y’ibyumweru byinshi by’igitutu cyiyongera ndetse n’ihohoterwa rikabije muri iki gihugu. Ni nyuma y’uko abayobozi b’akarere bahuriye muri Jamaica kuri uyu wa Mbere ushize kugira ngo baganire ku nzibacyuho ya politiki muri Haiti. Kuri ubu Henry yaheze muri Porto […]
U Buhinde bwagerageje igisasu karahabutaka cya mbere bwikoreye
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, yatangaje ko igihugu cye cyageregeje igisasu cya mbere cyo mu bwoko bwa misile gikorewe mu Buhinde. Icyo gisasu gifite ubushobozi bwo gutwara ibindi bisasu byinshi mu gihe kirashwe. Ministri w’Intebe Modi yabitangaje mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X kuwa Mbere. Yavuze ko atewe ishema n’abahanga b’ikigo cy’u Buhinde […]