Abayisilamu bo muri Congo basengeye mu Rwanda kuko iwabo babangiye

44962.jpg

Abayisilamu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma, bangiwe gusengera muri sitade Ubumwe kubera impungenge z’umutekano muke, bahita baza gusengera mu Rwanda, mu mujyi wa Gisenyi muri sitade umuganda. Aba Bayisilamu baje gusengera mu Rwanda nyuma y’uko hasohotse itangazo ry’umujyi wa Goma ribabuza kujya gusengera muri sitade Ubumwe kubera kwikanga ibitero […]

Musanze: Barasaba ubuyobozi kubakiza ‘umujura ubajogoroje’

Abaturage bo mu kagari ka Murandi ho mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, barasaba inzego bireba kubakiza umugabo bavuga ko amaze igihe abiba ku buryo bavuga ko amaze kubajogoroza. Niyonsenga Célestin ushyirwa mu majwi n’aba baturage asanzwe atuye mu mudugudu wa Karuruma, akagari ka Murandi. Amakuru BWIZA yamenye ni uko kuri uyu wa Gatatu […]

Musenyeri Mbonyintege yasobanuye uko bamwe mu bakirisitu bafashe Jenoside nk’Ikinamico

Yifashishije urugero rw’umwe mu bakirisitu wavuze ko Bikira Mariya amubwiye ko ibyaberaga mu Rwanda bitamureba kandi abantu bari kwica abandi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Musenyeri Smaragde Mbonyintege yasobanuye uko ubwo Jenoside yabaga abakirisitu Gatolika bamwe babifataga nk’Ikinamico. Hari mu kiganiro uyu Musenyeri kuri ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru yagiranye na RBA kuri uyu […]

Uruzi rwateje imyuzure i Bujumbura

5bde881d-63d9-4ad8-8f6d-cabc24776ea6.jpg

Mu Burundi hibasiwe n’umwuzure nyuma y’imvura nyinshi yaraye iguye mu ijoro ryo ku wa Kabari tariki ya 9 Mata 2024 igatuma uruzi rwa Muha rwuzura rukamena amazi yarwo avanze n’ay’imvura mu ngo z’abaturage baruturiye. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 9 Mata 2024 rishyira ku wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2024, mu […]

RIB yafunze umuyobozi wa TAT

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko bafunze Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu gutanga imigabane ibizeza ko nyuma y’igihe bumvikanye bazabona inyungu. Nsengiyumva yatawe muri yombi ku wa 6 Mata 2024, aho akurikiranyweho ibyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo, kwihesha ikintu cy’undi […]

Menya, wirinde icyishi ‘Hepatite’ cyiri kwica abantu 3,500 buri munsi ku isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ’OMS’ rivuga ko abantu barenga 3,500 bapfa buri munsi bazize Umwijima (Hepatite). Nyuma yo kubona umubare w’abantu umwijima uhitana ku munsi, twabakusanyirije iby’ibanze kuri iyi ndwara bikubiyemo uko wayirinda uko yandura ndetse n’ibindi byose waba wibaza kuri iyi ndwara itsemba imbaga y’abantu ku munsi. Twifashishije inyandiko ya Minisiteri y’ubuzima, […]

DRC:Martin Fayulu yunze mu rya Blinken mu mvugo zisesereza zikanatoneka Abarokotse Jenoside

Muri iki Cyumweru cyahariwe kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no mu minsi ijana ,Umunyepolitiki w’umunyekongo yasesereje u Rwanda mu mvugo igoreka amateka y’igihugu , aho yavuze ko u Rwanda rwibuka Jenoside y’Abatutsi , Abahutu ndetse n’Abatwa. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X), yanditse agira ati” Muri ibi bihe u Rwanda rwibuka JENOSIDE ( JENOSIDE […]

Abashoye amafaranga muri TAT ibizeza inyungu, bari gutakira Leta

Nyuma y’uko Banki Nkuru y’u Rwanda BNR itangaje ko ibigo nka STT bitemerewe gukora ubucuruzi bw’amafaranga mu Rwanda, ibindi bigo byakoraga nkayo byahise bifunga imiryango ndetse bitwara amafaranga y’abari barashoyemo. Nyuma y’inkundura ya STT yasize n’umuyobozi wayo atawe muri yombi n’Urwego rwIgihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, igezweho ni kampani yitwa TAT nayo yizezaga abaturage inyungu z’umurengera mu […]

Gen Mubarakh Muganga yitabiriye isengesho ryo gusoza igisibo cya Ramadhan

5l0a8302_1_.jpg

Kuri uyu wa 10 Mata 2024, Abayisilamu bo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan bari bamazemo igihe kirenga ukwezi. Mu Rwanda uyu munsi wahuriranye n’icyumweru cyo kunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 aho Abayisilamu basabwe kwirinda ibirori n’imyidagaduro. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Mata 2024, nibwo Abayisilamu b’isi yose basoje […]

Umwavoka uvugwaho kurya impozamarira yagombaga guhabwa umuryango wa Ntaryamira yaba yatorokeye muri Congo

Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Burundi ‘Ntaramira’ aravuga ko umwavoka waburanye impozamarira yahawe umuryango we yatorokanywe n’uwabunganiraga mu mategeko. Yabitangaje ubwo yaganiraga n’Ijwi ry’Amareka mu mpera z’Icyumweru gishize, aho yavuze ko kugeza ubu nta ndishyi arabona kuko umwunganizi wabo yanyereje amafaranga y’ubwishingizi SONARWA yari yarishye ku bantu bari mu ndege ya Habyarimana yarashwe kuwa 06 […]