Karongi: Umusore waturutse mu Rutsiro yarohamye mu Kivu arapfa

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 21, wamenyekanye ku izina rya Eric wari waturutse mu karere ka Rutsiro yarohamiye mu kiyaga cya Kivu, mu karere ka Karongi arapfa. Ni amakuru yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, tariki 19 Mata 2024 atanzwe na bagenzi be bari bajyanye koga. Amakuru Bwiza.com yamenye ni uko uyu musore […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Ruto wa Kenya
Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we William Ruto wa Kenya, nyuma y’impanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare b’igihugu cye barimo Gen. Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 18 Mata ni bwo iyo mpanuka yabereye mu gace ka Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet. Perezida William […]
Perezida wa FEBABU wabujije Dynamo BBC kwambara Visit Rwanda, yeguye

Apotre Manirakiza Jean Paul wayoboraga FEBABU yamaze kwegura nyuma y’imyaka 3 atorewe kuyobora iri shyirahamwe rya Basketball mu Burundi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mata 2024 nibwo uyu muyobozi yanditse ibaruwa atangaza ko yeguye ku mwanya wo kuba Perezida wa FEBABU. Uku kwegura kuje gukurikira ikibazo Dynamo BBC yahuye nacyo muri BAL24, cyo […]
Iran yahakanye amakuru yo kugabwaho igitero na Israel
Kuri uyu wa Gatanu, ibisasu byaturikiye mu mujyi wa Iran aho amakuru avuga ko ari igitero cya Israel, ariko Tehran yahakanye ayo makuru ndetse igaragaza ko idafite gahunda yo kwihorera, igisubizo cyasaga n’aho gishingiye ku gukumira intambara mu karere kose. Igitero gito hamwe n’igisubizo cya Iran byasaga nkaho byagaragaje akamaro k’imbaraga z’abadipolomate barimo gukora ibishoboka […]
Karongi: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’abana bigize amabandi bambura abaturage

Mu gihe abagana umujyi w’ubukerarugendo wa Bwishyura ho mu karere ka Karongi bavuga ko babangamiwe n’insoresore zigize amabandi zibambura, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bwishyura buvuga ko buhangayikishijwe n’aba bana bataye ababyeyi bakaza kwirirwa babangamira umutekano w’abakerarugendo n’abaturage. Umurenge wa Bwishyura, uherereye mu cyahoze ari Komini Gitesi, niwo wubatsemo ibiro by’Intara y’Iburengerazuba, ndetse ukaba ufitemo icyanya cy’ama […]
Alyn Sano yataramiye imbere ya Ellen Johnson wayoboye Liberia

Umuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano yishimiye gutaramira imbere ya Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Repubulika ya Liberia kuva mu 2006 kugeza mu 2018. Madamu Ellen ari i Kigali mu nama y’ihuriro ‘Amujae High-Level Leadership’ iganirirwamo ibijyanye n’uruhare rw’abagore mu miyoborere. Ubwo ku munsi w’ejo iyi nama iri kubera muri Kigali Convention Centre yabaga, umuhanzikazi Alyn Sano yagiriwe […]
Perezida Kagame yahuye na Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberia
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiswe ‘Amujae High-Level Leadership Forum, yiga ku iterambere ry’abagore no kubategurira kuba abayobozi beza. Yayihuriyemo n’abarimo Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Liberia. Ni inama yabaye kuri uyu wa gatanu, tariki ya 19 Mata 2024, aho mbere y’uko Perezida Paul Kagame, ayitabira yabanje guhura n’uwahoze ari Perezida wa Liberiya, Ellen Johnson Sirleaf. Biteganyijwe […]
Sir Chips wabaye Perezida wa Arsenal, yapfuye
Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Arsenal, Sir Chips Keswick, yapfuye ku myaka 84 nyuma y’imyaka igera kuri ine avuye ku buyobozi bwo kuyobora Arsenal yihebewe na benshi hano mu Rwanda. Uruppfu rwa Keswick rwatangajwe na Arsenal ibinyujije mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Mata 2024. Iyi kipe […]
Abagore ntibarenza iminsi 2 bakibitse ibanga
Iyo uvuze ibanga maze ugashaka kurihuza n’igitsinagore usanga ari isi n’ijuru, ibi bivuze ko abagore ari abantu batari abo kubitswa ibanga kuko bahita barimenera inshuti zabo babyita ibanga na none. Ni kenshi umuntu azakubwira ibintu maze akagusaba kubigara ibanga ndetse hari n’igihe ubona ibintu bigusaba ko ubigira ibanga. Aha ku bagore birabavuna cyane kuba babika […]
Umugore wa Kenny Sol arakuriwe

Umuhanzi w’indirimbo ziganjemo iz’urukundo, Kenny Sol n’umugore we Kunda Alliance Yvette baherutse gushyingirwanwa, bari kwitegura kwibaruka. Nyuma yo gusezerana ku wa 05 Mutarama 2024, Kenny Sol n’umugore we Kunda Alliance bari kwitegura kwibaruka imfura nk’uko uyu musore witegura kuba papa yabitangaje. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Kenny Sol yatangaje ko umugore we akuriwe ibyatumye ahabwa […]