DIGP Vincent Sano yahaye impanuro abapolisi bagiye koherezwa muri Centrafrica

glhleviwqaaheez.jpg

U Rwanda rugiye kohereza Abapolisi muri Repubulika ya Centrafrica mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSCA. Mbere yo guhaguruka i Kigali bahawe impanuro n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe Ibikorwa, DIGP Vincent Sano, wabasabye gusohoza neza ubutumwa no kurangwa n’indangagaciro. DIGP Vincent Sano yasabye abapolisi 460 bagiye kujya mu butumwa bwo kubungabunga amahoro kuzakomeza […]

Barcelona yahaniwe insuhuzanyo ya Adolf Hitler

Ikipe ya Barcelona yaciwe amande n’ishirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) ishinjwa ko abafana bayo baranzwe n’imico irimo iy’ivangura rishingiye ku ruhu bakoreye ku kibuga cya Paris Saint-Germain (PSG) muri Champions League. Ku wa kane tariki ya 18 Mata 2024, Barcelona yaciwe amande $26,600 na UEFA kubera insuhuzanyo y’Aba-Nazi n’ibimenyetso by’ivanguramoko byaranze abafana bayo mu […]

DRC: Karidinali Ambongo yagaragaje uruhare rwa Tshisekedi mu kubuza Igihugu umutekano

Karidinali Fridolin Ambongo uhagarariye arikidiyoseze ya Kinshasa mu gihugu cya DRC yasobanuye uruhare ry’ubutegetsi bwa Kinshasa burangajwe imbere na Perezida Tshisekedi buri imbere mu bateje ikibazo kuri ubu abatuye icyo gihugu bakaba ari bo bari kwishyura ikiguzi cy’ayo makossa ya Leta. Uyu wihaye Imana amaze iminsi adacana uwaka n’ubutegetsi bwa Peresida Tshisekedi, kuri ubu ari […]

Sudan: Mu mwaka umwe abaturage bibasiwe n’ibyorezo 11 abakabakaba 400 barwara Kolera

Kuri uyu wa Kane taliki 18 Mata 2024, Minisiteri y’Ubuzima ya Sudani yatangaje ko abantu 391 bapfuye bazize kolera mu gihe cy’umwaka umwe intambara itangiye. Minisitiri w’ubuzima muri Sudani, Haitham Mohamed Ibrahim, mu itangazo rigenewe abanyamakuru yavuze ko indwara zigera kuri 11 arizo zimaze kwibasira iki gihugu kuva intambara yatangira. Ati” Indwara zigera ku 11.000 […]

Burundi: Umugaba Mukuru wa FDNB, Gen. Prime Niyongabo, yahawe izindi nshingano

Umugaba Mukuru w’Igisirikare cy’u Burundi, Gen. Prime Niyongabo, yagizwe umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe impeta n’imidari. Uyu muyobozi mukuru w’Ingabo z’u Burundi kuri ubu, asimbuye kuri uyu mwanya Lt. General Godefroid Bizimana, uherutse gupfa, wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Werurwe 2023. Uyu bita “Chancelier des Ordres Nationaux” ayobora uru rwego munsi ya Perezida wa […]

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bikuye muri santire ya Kibirizi nta sasu rivuze

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo, biravugwa ko bikuye muri Santire (Centre) ya Kibirizi ho muri Teritwari ya Rutshuru nta mirwano ibaye. Amakuru avuga ko ingabo za FARDC zikimara kuva muri iyi santire, zahise zisubirira mu bice zahozemo . Ibi byabaye ku munsi w’Ejo kuwa Kane ahagana ku isaha z’umugoroba mu […]

Al Ahly yo mu Misiri ntitekanye muri Congo

Al Ahly yo mu Misiri ifite impungenge z’umutekano wayo i Lubumbashi muri Congo byatumye ihita yandikira impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri afurika CAF, iyimenyesha ko badatekanye. Impungenge za Al Ahly zatangiye ku wa 17 Mata ubwo yageraga muri Congo aho yagiye gukina umukino ubanza wa kimwe cya kabiri cy’irangiza muri CAF Champions League. Mu ibaruwa ifunguye […]

Yimanitse mu mugozi arapfa nyuma yo kwiba ihene agafatwa

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 24 yasanzwe ari mu mugozi yapfuye, nyuma yo gushinjwa kwiba ihene y’umuturanyi we agafatwa yayiteye umushyo. Uyu mugabo wari uzwi ku mazina ya Aaron Opio, yaje gutoroka aho bari bamufungiye mu ijoro ryo ku wa gatatu. Biravugwa ko umugozi bari bamuzirikishije ari wo yimanitsemo hanyuma bagasanga atagihumeka muri icyo gicuku. […]

Kinshasa: Umukinnyi ukiri muto yishwe n’inkuba imusanze mu kibuga

Umukinnyi w’umupira w’amaguru yapfiriye mu kibuga kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Mata 2024, nyuma yo gukubitwa n’inkuba. Mike Tshitenge, yapfiriye mu mukino wa shampionat ya Eufkin-Tshangu wahuje ikipe ye, AF Privaty na Unisport ku kibuga cya N’djili. Uyu myugariro, w’imyaka 19, yakinaga muri iyi kipe ya AF Privaty muri Entente provinciale de football […]

Huye: Uvugwaho kuba yari umujura yasanzwe mu muhanda yishwe

Umugabo uvugwaho kuba yari umujura, abaturage barakeka ko ashobora kuba yishwe n’inkoni yakubiswe n’abantu batazwi nyuma yo gusanga umurambo we mu muhanda mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye. Kuri uyu wa Kane, itariki 18 Mata 2024, nibwo mu Mudugudu wa Kabahona, mu Kagari ka Rango A, mu Murenge wa Mukura, abaturage babyutse mu […]