Burundi: Umunyamakuru Sandra Muhoza yimuriwe muri Gereza ya Mpimba

Umunyamakuru Sandra Muhoza, wari ufungiye muri kasho y’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (SNR) mu mujyi w’ubucuruzi Bujumbura kuva ku wa Mbere ushize, yimuriwe kuri uyu wa Kane nimugoroba muri Gereza Nkuru y’umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi. Amashyirahamwe y’abanyamakuru mu Burundi arasaba ko yarekurwa. SOS Médias Burundi dukesha iyi nkuru ivuga ko yamenye ko umuryango w’uyu munyamakuru […]

U Rwanda ku mwanya wa 2 mu kugira izamuka ry’abantu batunze Miliyari muri Afurika

U Rwanda rwisanze ku mwanya wa kabiri muri Afurika nyuma y’Ibirwa bya Maurice bya mbere mu kugira abaturage bazamutse mu gutunga byibuze amafaranga ari hejuru ya Miliyari imwe ni ukuvuga miliyoni y’amadorari. Raporo ngarukamwaka ikorwa n’ Ikigo gikora isesengura mu bijyanye n’ishoramari cya Henley & Partners yerekana ko Abanyarwanda batunze nibura miliyoni y’amadolari (ni ukuvuga […]

Abayobozi b’abacuruzi bavuga rikijyana muri Haiti bandikiye Perezida Ruto

Abayobozi bashinzwe ubucuruzi muri Haiti bandikiye Perezida wa Kenya, William Ruto, bavuga ko bahangayikishijwe cyane no gutinda kw’abapolisi 10000 yabemereye bagomba koherezwa muri iki gihugu mu kubafasha guhangana n’amabandi akomeje kwibasira iki gihugu. Ni ibaruwa banditse muri iki Cyumweru basaba ko gahunda yo kohereza aba bapolisi yakwihutishwa bityo ibikorwa by’ubucuruzi bigakomeza n’abaturage bagasubira mu buzima […]

Amerika yafatiye Irani ibihano bikakaye

Ku wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, Leta zunze ubumwe z’Amerika zifatanyije n’Ubwongereza bafatiye ibihano bishya Irani, nyuma yo kurasa urufaya rwa misile na “drones” kuri Isiraheli. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize tariki ya 13 Mata 2024 nibwo Irani yagabye ibitero bya misile na “drones” kuri Isiraheli. Nyuma y’uko igabye ibi bitero kuri Isiraheli, […]

Kwibuka30: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu kuwa 19 mata 1994

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 19 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Disikuru rutwitsi ya Perezida Sindikubwabo i Butare, isaba Abanyabutare “gukora” n’ishyirwaho rwa Perefe wo gushyira […]

Leta y’u Burundi na Loni batabarije Abarundi

Umuryango w’Abibumbye na Leta y’u Burundi baratabaza nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’ibiza bimaze gushegesha abatari bake. Uku gutabaza gushingiye ku bihe bidasanzwe by’ibiza biturutse ku mvura idasanzwe akarere kari gucamo bizwi nka El Nià±o. Iyi mvura nyinshi yatumye inzuzi n’ikiyaga cya Tanganyika byuzura birushaho guhitana abantu no konona ibintu. Binyuze mu itangazo ryashyizwe […]

Israel na yo yagabye ibitero kuri Iran

Israel kuri uyu wa Gatanu yagabye ibitero bya missile kuri Iran, mu gisa nko kwihimura ku bitero bya za drones na missiles iki gihugu cyayigabyeho mu cyumweru gishize. Iturika ryumvikanye mu ntara ya Isfahan iherereye rwagati muri Iran, ndetse itangazamakuru ryo muri iki gihugu riravuga ingendo z’indege zahise zihagarikwa mu mijyi itandukanye y’igihugu. Intara ya […]

Palestina yangiwe kuba umunyamuryango wa LONI

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zangiye igihugu cya Palestina kwinjira mu bihugu binyamunyamuryango by’Umuryango w’Abibumbye. Amerika yabyanze ubwo bari mu nama y’akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi yateranye kuri uyu wa kane taliki 18 Mata 2024. Loni yatoye umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wayo, gusa ibihugu […]