SANDF yemeje ko abasirikare 13 bayo bakomerekejwe na M23

Igisirikare cya Afurika (SANDF), cyatangaje ko hari abasirikare 13 bacyo bakomerekeye mu mirwano yabasakiranyije n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi. SANDF mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatanu yavuze ko abo basirikare bakomerekeye mu mirwano yabasakiranyije na M23 mu mujyi wa Sake ho muri Teritwari ya Masisi. Aba […]

Rusiha Maurice yituye hasi arimo kurya arapfa

rutss4c287-6.jpg

Rusiha Maurice w’imyaka 82 wo mu karere ka Rutsiro, yituye hasi ubwo barimo bafata ifunguro rya saa sita ahita apfa. Ibi byabereye mu murenge wa Manihira, akagari ka Haniro ho mu mudugudu wa Gitwe, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2024. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Basabose Alex yahamirije Bwiza.com aya makuru. Ati “Rusiha Maurice yarari […]

Pastor Germain wari indaya yasezeranye n’uwacungiraga umutekano The Ben

pastor-7225911717148303.jpg

Uwahoze acungira umutekano umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yasezeranye imbere y’amategeko na Pastor Niragire Germain wahoze akora umwuga w’ubusambanyi. Tuyishime Ganza wacungiraga umutekano The Ben mu minsi yatambutse, yasezeranye na Pastor Niragire Germain winjiye mu kwamamaza inkuru nziza ya Yesu avuye mu mwuga w’uburaya. Aba bombi basezeranye ku wa Kane tariki ya 30 […]

‘Sisitemu Imibereho’ yasimbuye ibyiciro by’ubudehe

Nyuma y’uko Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu itangaje ko ikuyeho ibyiciro by’ubudehe byifashishwaga muri gahunda zo guteza imbere imibereho y’abaturage no gutanga serivisi zitandukanye, yamaze gutangiza gahunda nshya yitwa “Sisitemu Imibereho” kuko ari yo igiye kujya ikoreshwa. U Rwanda rwari rumaze igihe rukoresha ibyiciro by’ubudehe muri gahunda zo guteza imbere imibereho y’abaturage no gutanga serivisi zitandukanye, bikaza […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE

Hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko rigenga za Gasutamo z’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ryo muri 2004 mu ngingo ya 57 n’iya 60, Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose babyifuza ko buzagurisha mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. UMUGEREKA W’ITANGAZO cyamunara_rusumo_kagitumba_6_11_june_2024.pdf

Burundi: Abahembwe amafaranga ya leta badakora bahawe igihe cyo kwishyikiriza ubuyobozi

Minisitiri w’abakozi mu Burundi, Venuste Muyabaga, yasabye abakozi bahembwa na leta batari ku kazi kwishyikiriza ubuyobozi mu gihe kitarenze ukwezi. Yabitangarije mu nama yagiranye n’abo muri minisiteri zitandukanye kuwa 29 Gicurasi. Minisitiri Muyabaga yakoresheje iyi nama na minisiteri zitandukanye hagamijwe kurebera hamwe uko akazi kifashe n’uko kagenda neza. Muri iyo nama minisitiri yamenyesheje ko miliyari […]

Umwanzi twamwirukanye Kanyabayonga tumugeza kure hashoboka: Lt Col Willy Ngoma

Umutwe wa M23 biciye mu muvugizi w’Igisirikare cyawo, Willy Ngoma, wemeje ko wirukanye Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Kanyabayonga wo muri Teritwari ya Rutshuru. Lt Col Willy Ngoma mu butumwa yahaye umunyamakuru wa BWIZA nyuma yo kumubaza niba M23 ari yo igenzura Kanyabayonga, yamubwiye ko “twirukanye umwanzi […]

Mourinho yabonye akazi gashya

Umutoza wakoze amateka mu makipe agiye atandukanye, José Mourinho yamaze kumvikana na Fenerbahçe kugira ngo ayibere umutoza mu gihe cy’imyaka ibiri aho amasezerano yabo azageza muri Kamena 2026. Usanzwe ashakora Mourinho uzwi ku izina rya Jorge Mendes yamaze kuvugana n’iyo kipe yo muri Turkia aho impande zombi zamaze kumvikana. Mourinho ukomoka muri Portugal yiteguye gusimbura […]

Ingo zirenga Miliyoni 48 ku isi zifite ikibazo cyo kutabyara-Ubushakashatsi

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ,OMS, igaragaza ko umuntu umwe muri batandatu aba afite icyo kibazo, ndetse ingo zirenga miliyoni 48 zifite ibibazo byo kubyara. Ubushakashatsi bugaragaza ko intanga ngabo zikomeje kuba iyanga hanze biturutse ku mpamvu zitandukanye. Ubushakashatsi buherutse kugaragaza ko mu myaka 50 ishize, intanga ngabo ku Isi zagabanyutse ku kigero kirenga […]

Centrafrica: Umubiligi ufite ubwenegihugu bwa Portugal afunzwe ashinjwa ubutasi

Umugabo ukorera umuryango utegamiye kuri leta w’Abanyamerika akaba afite pasiporo z’u Bubiligi na Portugal yafatiwe mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Centrafrica kandi ari gukorwaho iperereza ku cyaha akekwaho cy’ “umugambi mubisha” kuri Leta ufitanye isano n’ “imitwe yitwaje intwaro” nk’uko byatangajwe n’ubushinjacyaha bwa Bangui kuri uyu wa Gatanu, itariki 31 Gicurasi 2024. Yafatiwe i […]