Gakenke: Meya yihanangirije bamwe mu bayobozi baguza amafaranga abaturage bakabambura
Mu Karere ka Gakenke haravugwa amakuru ya bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze bakunda kugaragarwaho n’umuco w’ubwambuzi bakunda kuguza abaturage bayobora bakabambura amafaranga.Meya w’Akarere ka Gankenke yagiriye inama abaturage.Ibi bikaba bigaragara mu mirenge ya Muhondo, Gashenyi. Bamwe mu baturage bemeza ko ibijyanye no kuguriza amafaranga abayobozi babikora batazi ko ari amakosa, abandi bakabikoreshwa n’ubumenyi […]
P. Kagame yamaganiye kure ibyo kugira Bernard Quintin intumwa ya EU mu karere k’ibiyaga bigari
Perezida Paul Kagame biravugwa ko aheruka kwamaganira kure gahunda y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yo kugira Umubiligi, Bernard Quintin intumwa yawo mu karere k’ibiyaga bigari. Africa Intelligence ivuga ko Umukuru w’Igihugu mbere yo kwanga Quintin EU yifuza ko ayibera intumwa yari yabanje gusabwa umusanzu mu kumuhitamo. Iki gitangazamakuru kivuga ko Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ari […]
Imiryango mpuzamahanga 19 yanenze Tanzania nyuma yo gucyura ku ngufu impunzi z’Abarundi
Igihugu cya Tanzania gikomeje kugawa n’abaharanira uburenganzira bwa muntu nyuma yo kwirukana impunzi z’Abarundi ku ngufu. Amashyirahamwe yigenga 19 akorera mu Burundi no mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba yaneguye umugambi wa Tanzania wo kwirukana impunzi z’Abarundi. Impunzi zigera ku 1000 ziherutse kwirukanwa muri iki gihugu zizira ko nta byangombwa zifite. Ni mu gihe, iki gihugu […]
Uwari Gitifu w’akarere ka Ngoma yakatiwe igifungo cy’imyaka 7
Uwari Gitifu w’Akarere ka Ngoma Mutembe Tom, wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka irindwi n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri icyo cyaha akatirwa igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 3,750,000 Frw. Ku itariki ya […]
Ubushyuhe mu Buhinde burimo kwica abantu umusubirizo
Abantu benshi bapfuye bazize indwara ziterwa n’ubushyuhe mu masaha 24 ashize ubwo ubushyuhe bukomeje kwiyongera mu majyaruguru no mu Buhinde. Ku wa kane, habaruwe abapfuye icumi mu bitaro bya leta byo mu karere ka Rourk abandi 5 bapfa kuwa gatanu nk’uko abayobozi babitangarije ibiro ntaramakuru Reuters. Impfu ziterwa n’ubushyuhe nanone zavuzwe mu ntara za Bihar, […]
M23 yatwitse ikindi gifaru cy’ingabo za Afurika y’Epfo
Umutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 31 Gicurasi watwitse ikindi gifaru cy’Igisirikare cya Afurika y’Epfo, kiba icya gatanu utwitse. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col Willy Ngoma. Uyu musirikare mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X yavuze ko icyo gifaru cyatwikiwe mu gace ka Mubambiro ko muri […]
Afurika y’Epfo: Mu matora yabaye, amajwi ya mbere aragaragaraza ko ANC ifite 42%
Muri Afurika y’Epfo, Komisiyo y’amatora yatangaje ku wa kane ko ibarura ry’amatora yabaye ku wa gatatu kuamatora y’abadepite yihariye ryarangiye. Komisiyo y’amatora ivuga ko amajwi 35% yabazwe ku mugoroba wo ku wa kane, ishyaka rya ANC rifite amajwi 42.3%. Ibi bikomeje gutya bivuze ko ishyaka rya Nelson Mandela ryazabura amajwi 50% ku ijana ngo rigire […]