RRA izagurisha mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye i Masaka doubai port

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 28 Kamena 2024, hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa biri ku mugereka wiri tangazo , bibitse i Masaka doubai port. Iyi cyamunara izabera ahakorera ishami ry’ikigo cy’imisoro n’amahoro rishinzwe kurwana magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda i Masoro saa tatu za mu gitondo (09h00 am) . Abifuza kugura […]

Diyosezi Gatorika za Bukavu na Cyangungu ntizishaka kwivanga mu bibazo bya RDC n’u Rwanda

Komisiyo zishinzwe ubutabera n’amahoro (CDJP) za Diyosezi Gatolika ya Bukavu muri DRC na Cyangugu mu Rwanda ziyemeje ko amakimbirane ya politiki hagati y’ibihugu byabo atazagira ingaruka ku mibanire hagati ya diyosezi zombi zituranye. Iyi mihigo yemejwe mu nama nyunguranabitekerezo yo kubungabunga ibidukikije, amahoro n’umutekano ibera i Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo, yatangiye ku wa Gatatu, itariki […]

Haruna Niyonzima yavuje umugore w’inshuti ye wari urwaye kanseri

Haruna Niyonzima yashimiwe bikomeye n’umwe mu bakunzi be kuba yaramuhaye ubufasha bumwunganira kuvuza umugore we wari urembejwe na kanseri yaje gukira burundu kubera ubufasha yahawe n’uyu musore. Uyu mukinnyi ukinira Al Ta’awon yo muri Libya ari mu Rwanda aho ari mu kiruhuko ndetse akaba ari gukina irushanwa ritegura umwaka utaha w’imikino ku bakinnyi babyifuza rya […]

Birinda kugona! Ibyo wamenya ku byiza byo kuryamira ibumoso

Hari ibyiza byinshi bitangaje iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo bikamufasha gusinzira neza, kandi akagira ubuzima butarimo ibizazane. Ubushakashatsi bwerekanye ko hari ingaruka nziza bigira ku mikorere y’igifu iyo umuntu aryamiye uruhande rw’ibumoso, nubwo bimeze gutya ariko ku muntu ufite ibibazo by’umutima agirwa inama yo […]

Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame

Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane Rwigara mu bakandida batemerewe kwiyamamaza, nyuma yo gusanga hari bimwe mu byangombwa basabwaga ngo bemererwe […]

Rayon Sports yatakaje abandi bakinnyi

Nyuma y’uko Rayon Sports itandukanye n’abakinnyi batanu barimo umunyezamu Hategekimana Bonheur, umurundi Emmanuel Mvuyekure, ba rutahizamu babiri Alsény Camara Agogo, Paul Alon Gomis ndetse n’umunya-Maroc Youssef Rharb yongeye gutandukana n’abandi. Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukanya n’abakinnyi babiri barimo umugande Simon Tamale na Ndekwe Félix, bombi bari basoje amasezerano. Amakuru yo gutandukana n’aba bakinnyi yemejwe […]

Yemen: Inyeshyamba z’abahuthi zashimuse abakozi ba Loni

Ku wa gatanu, inyeshyamba z’aba Houthi zo muri Yemeni zashimuse abakozi barenga icumi b’abatabazi, barimo n’abakozi b’umuryango w’abibumbye bagera kuri cumi n’umunani, mu buryo bugaragara ko bwari bwateguwe,abo bakozi bashimutiwe mu bice bine byigaruriwe n’izo nyeshyamba, nk’uko byatangajwe n’umuryango w’ububanyi n’amahanga ndetse n’umuryango utegamiye kuri Leta wa Yemeni. Kugeza ubu ntabisobanuro biratangwa n’abahuthi ku ishimutwa […]

Kinshasa: 53 bashinjwa gushaka gukora Coup d’Etat bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare

Abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024. Aba bakekwaho kuba baragize uruhare muri coup d’Etat yapfubye . Bashinjwa ibyaha birindwi birimo kugaba igitero, iterabwoba, gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, gushaka kwica, umugambi mubisha, […]

M23 yungutse amaboko mashya

Ishyaka Front Citoyen pour la Dignité du Congo (FCDC) rwatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bikorwa bibi by’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi. Iri shyaka ryemeje ko ryahuje amaboko na AFC/M23 biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi waryo, AMANI Steven. FCDC ni ishyaka rigizwe na bamwe […]