Perezida Kagame yahawe igihembo cy’ishimwe na ALU
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena, yahawe igihembo cy’ishimwe na Kaminuza Kaminuza Mpuzamahanga y’Imiyoborere ya African Leadership University. Ni igihembo Umukuru w’Igihugu yashyikirijwe ubwo yari yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri babarirwa muri 400 barangije muri iriya Kaminuza. Umuyobozi Mukuru wa ALU akanaba uwayishinze, Fred Swaniker. Perezida Kagame yashyikirijwe iki […]
Israël-Hamas : 33 baguye mu iraswa ry’ikigo cy’ishuri
Abashinzwe ubuzima bavuga ko igitero cya Isiraheli giherutse kwibasira ishuri ry’impunzi z’Abanyapalestine rwagati muri Gaza cyahitanye byibuze abantu 33, barimo abagore n’abana 12. Ingabo za Isiraheli zavuze ko abarwanyi ba Hamas bakoreraga imbere mu ishuri. Uru ni rumwe mu ngero rugaragaza akaga k’abanyapalestine bagerageza gushaka ubuhungiro mu gihe Isiraheli yaguye ibitero byayo. Nyuma y’umunsi umwe, […]
Senateri Mupenzi yeguye
Mupenzi George wari umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’ubwegure bwe yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X. Iti: “Ku wa 6 Kamena 2024, Perezida wa Sena yakiriye ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri ya Mupenzi George ku mpamvu ze bwite.” Mupenzi yari umusenateri muri […]
Zimbabwe: Bakatiwe imyaka 40 bashinjwa gufata ku ngufu umukecuru basanze asinziriye
Mu gihugu cya Zimbabwe hari kuvugwa inkuru y’abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 23 na 21, aho urukiko rwabahamije icyaha cyo gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 76 ubwo bamusangaga iwe asinziriye. Urukiko rw’i Harare rwatangaje ko abasore babiri bahamijwe icyaha nyuma y’uko muri Gicurasi tariki 28 2024 ari bwo binjiraga mu rugo rw’umukecuru bwije bakabanza […]
Abasirikare 7 ba Bénin biciwe mu gitero muri Parike ya Pendjari
Abantu bitwaje imbunda bishe abasirikare barindwi ba Bénin mu gitero cyagabwe muri parike y’igihugu ya Pendjari mu majyaruguru y’igihugu, hafi y’umupaka na Burkina Faso nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano kuwa Gatatu. Amakuru ntagaragaza abo bantu bitwaje intwaro abo ari bo, ariko igitero cyo ku wa Kabiri nicyo giheruka mu gace k’umupaka aho Benin ikomeje gu n’ubwiyongere […]
Niba umara kurya bigafata igihe kinini ngo kugirango wongere gusonza fata iri funguro
Abantu benshi by’umwihariko muri Afurika usanga bafata amafunguro runaka ariko bamwe ugasanga barataka bavuga ko bagugaye bityo bikabagora kongera gusonza. ku bahura n’icyo kibazo rero usanga abahanga mu mirire babagira inama gufata amafunguro atandukanye ariko by’umwihariko ibishyimbo n’imboga zirimo imiteja. Nk’uko tubikesha urubuga rwa interineti lesjardinslaurentiens.com, ibishyimbo bimaze imyaka ibihumbi bivumbuwe n’abashakashatsi, bavuga ko byagaragaye […]
Karongi: Abimuwe kubera ibiza ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku ngingo yo kubatuza

Abaturage bo mu karere ka Karongi bimuwe mu byabo n’ibiza, ntibavuga rumwe n’Ubuyobzoi bw’akarere ku ngingo yo kubatuza, dore ko bavuga ko batishoboye bakaba barasabwe kwigurira ibibanza kugira ngo bubakirwe. Aba baturage bavuga ko batishoboye ni abakomoka mu miryango 48 yimuwe mu butaka bwibasiriwe n’Ibiza izuba riva, ubutaka aho bwiyashije bugatangira kugenda, ho mu mudugudu […]
RDC: Hagaragajwe umukomando wahawe akazi ko kwica Corneille Nangaa

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ku wa Kabiri, itariki ya 4 Kamena 2024, yashyize ahagaragara ifoto y’umuntu wambaye gisirikare bivugwa ko ari umukomando wahawe akazi ko kwica Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, Corneille Nangaa. Uyu mugabo ufite imbunda ya mudahusha bahaye izina rya Ndayisaba Rodrigue uvuga ko yiteguye gukuraho Corneille Nangaa. […]
Musanze: Hamuritswe ibikorwa remezo u Rwanda rwubatse rufatanyije n’u Bubiligi (Amafoto)

Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena 2024, mu karere ka Musanze hamuritswe imishinga y’iterambere ry’ibikorwa remezo bitandukanye byubatswe na Leta y’u Rwanda ibifashijwemo n’iy’u Bubiligi. U Bubiligi bwafashije u Rwanda kubaka ibi bikorwa remezo binyuze mu kigo cyabwo gishinzwe iterambere, Enabel. Ibikorwa remezo byamuritswe harimo Ikigo cy’urubyiruko cya Musanze giherereye mu murenge wa Muhoza, […]
Abarenga 2600 bakoreye ibizamini mu kigo cya Busanza bamaze gutsindira ‘Perimi ‘
Abantu bagera ku bihumbi 2621 bangana na 40% bamaze gutsindira Perimi yo gutwara ibinyabiziga nyuma y’ukwezi kumwe Ikigo cya Busanza gifunguwe. Byatangajwe na Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda kuri uyu wa Kane. Aba batsinze bamaze gukorera ibizamini byo gutwara ibinyabiziga mu kigo cya Polisi y’u Rwanda gishinzwe gukoresha ibizamini n’impushya zo […]