Amavubi yatsinze Lesotho asatira kujya mu gikombe cy’isi
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinze ikipe y’igihugu ya Lesotho mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026, bituma ihita ifata umwanya wa mbere mu itsinda. Kuri uyu wa Kane nibwo habaga umukino w’umunsi wa 4 mu itsinda C hagati y’ikipe y’igihugu y’u Rwanda na Lesotho kuri Moses Mabidha Stadium. Amavubi yatangiye umukino ubona ihererekanya neza ndetse […]
RDF yiciye ibyihebe 70 i Mbau
Ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado ho mu majyaruguru ya Mozambique, ziheruka kwicira ibyihebe 70 byo mu mutwe wa Ansar al-Sunna i Mbau ho mu karere ka Mocímboa da Praia. Televiziyo y’Igihugu muri Mozambique (TMV) yatangaje ko ibyihebe RDF yivuganye biri mu byari bigize itsinda ry’ibibarirwa mu 150 ku wa 29 Gicurasi […]
Amafoto: Kagame yaganiriye n’Umwami Abdullah II, Al Thani , El-Sisi na Charles Michel

Perezida Kagame kuri uyu wa Kabiri yabonanye na Nyiricyubahiro Umwami Abdullah II wa Yorodani mu rwego rw’inama mpuzamahanga ku gisubizo cyihutirwa ku ntambara ibera muri Gaza. Baganiriye ku byavuye muri iyo nama banaganira ku iterambere ry’ubufatanye bw’ibihugu byombi nyuma y’uruzinduko rw’umwami Abdullah mu Rwanda muri Mutarama . Perezida Kagame kandi yabonanye na Perezida Abdel Fattah […]
Robinho yatangiye kwiga gukora amaradiyo muri gereza afungiyemo
Robinho wahoze mu ikipe ya Man City ndetse akaba yaranakiniye ikipe y’Igihugu ya Brazil, yatangiye kwiga gukanika amaradiyo aho afungiye muri gereza nyuma y’uko akatiwe gufungwa imyaka 9. Robson De Souza ni umwe mu bagabo batandatu bahamwe n’icyaha cyo gukubita no guhohotera umugore wo muri Alubaniya mu kabyiniro ko mu Butaliyani muri Mutarama 2013, ubwo […]
Abarimu 4 bo muri kaminuza yo muri Amerika baterewe ibyuma muri pariki yo mu Bushinwa
Polisi mu Bushinwa yataye muri yombi umugabo w’imyaka 55 nyuma y’uko abarimu bane bo muri kaminuza yo muri Amerika batewe icyuma n’uwagabye igitero kuri parike rusange mu gitero kidasanzwe cyibasiye abanyamahanga. Abigisha bo muri kaminuza ya Iowa Cornell bari mu bitaro nyuma y’ikibazo gikomeye bahuye nacyo mu ruzinduko rwo ku manywa muri parike yo mu […]
Agatereranzamba i Muhanga: Abantu 23 bajyanywe mu ngororamuco, biravugwamo umusirikare
Kugira ngo usobanukirwe neza iby’iyi nkuru biragusaba kureba VIDEO yose twashyizemo. Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, akagari ka Ruli mu mudugudu wa Murambi, haravugwa inkuru y’uwitwa Uwineza Jean Maurice ukora ubucuruzi bw’akabari muri Centre ya Misizi uvuga ko yakorewe akagambane na Mudugudu kanatumye abantu 23 bajyanwa mu kigo cya Transit center cya Mushubati […]
Perezida Kagame yizeje ubufatanye bw’u Rwanda mu guhosha intambara ya Israel na Hamas
Mu gihe amahanga akomeje gushakira umuti ikibazo cy’intambara ihuza Hamas na Israel, u Rwanda narwo ntirwagiye kure yo kwifatanya n’ibihugu bitandukanye mu guhosha iyo ntambara. Mu nama yo gushaka umuti w’intambara imaze iminsi muri Gaza, Perezida Kagame nawe ari mu bayitabiriye aho yagaragaje ko nubwo umuzi w’iki kibazo ukomeye, ariko bitavuze ko kitakemuka, anemeza ko […]
Abakinnyi 11 Amavubi ashobora kubanzamo imbere ya Lesotho
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Kamena 2024 ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi irakirwa na Lesotho mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cyizaba muri 2026. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize Amavubi ari kubarizwa i Durban muri Afurika y’Epfo aho yagiye gukinira umukino wa Kane wo mu itsinda C mu gushaka […]
Imirwano hagati y’imiryango ibiri muri Somaliya yahitanye 55
Kuri uyu wa mbere, abaturage n’abashinzwe ubuvuzi bavuze ko imirwano ikaze yabaye mu mpera z’icyumweru hagati y’imiryango ibiri yo muri Somaliya rwagati yahitanye byibuze abantu mirongo itanu n’itanu abandi ijana na mirongo itanu na batanu barakomereka. Iyi mirwano yabaye hagati y’imiryango ya Dir n’imiryango ya Marihan, yahoze irwana na Al- Shabaab mu myaka yashize ku […]
Abazindukiye Ku mugezi basanze umurambo w’umusore mu gishanga
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2024 ,abaturage bazindukiye ku mugenzi bagiye kuvoma amazi ,basanze umurambo w’umusore mu gishanga Kiri hafi zi aho bagiye kuvoma. Amakuru avuga ko umurambo w’uwo musore wagaragaragaye mu gishanga giherereye mu Murenge wa Shyogwe mu kagari ka Mbare nyuma y’uko ubonywe n’abagore n’abana bari bagiye […]