Mbere y’uko inama ya G7 isozwa Papa Francis yabanje gutakamba
Igihugu cy’Ubutaliyani muri iki Cyumweru nibwo cyakiriye inama y’ibigu birindwi bikize ku isi (G),ariko kandi binatumira umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis. Kuva G7 yashingwa mu mateka yayo, mu 1973, yakiriye Papa. Uyu mushumba yatakambiye ibi bihugu ko muri Gahunda yo gukoresha ubwenge buhangano(Artificial Intelligence) habaho kubanza kwitonda Papa Fransisiko yatakambiye abayobozi […]
RDC: Perezida yambajije niba hari irindi peti nshaka ndamuhakanira-Gen.Tshiwewe
Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahurutse gutangaza ko atahemukira umukuru w’Igihugu Tshisekedi kuko yamuzamuriye amapeti ubugira gatatu akigera ku butegetsi, kugeza ubwo ahurutse gushaka kumwongera ipeti undi akamuhakanira. Nk’uko Gen Christian Tshiwewe Songesa, yabitangaje mu Cyumweru gishize ubwo yari mu mu rusengero rumwe i Kinshasa, yavuze ko mu Isi no mwinjuru […]
Guverinoma yahaye Nyarugenge na Gasabo abayobozi bashya

Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamena, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye barimo abashya bahawe kuyobora uturere twa Gasabo na Nyarugenge. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ryerekana ko Bernard Bayasese yagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo, asimbuye kuri uwo mwanya Umwali Pauline. Mu karere ka Nyarugenge ho Umuyobozi […]
Ramaphosa yongeye gutorerwa kuyobora Afurika y’Epfo
Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo, yaraye itoreye Cyril Ramaphosa wari usanzwe ari Perezida w’iki gihugu gukomeza kukiyobora muri manda ye ya kabiri. Ramaphosa yatowe nyuma y’uko ishyaka rye rya ANC ryaherukaga kwihuza n’andi mashyaka batavugaga rumwe, bijyanye n’uko ryari ryabuze ubwiganze mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko yabaye muri uku kwezi. Amashyaka ANC yihuje […]