Ngoma: Abakoraga ibilometero 9 bajya kwivuza baruhuwe

Abaturage bivuriza ku Ivuriro rya Buliba riri mu Kagari ka Buliba mu Murenge wa Rukira, Akarere ka Ngoma, baravuga imyato Leta y’u Rwanda yabegereje serivisi z’ubuvuzi bakaruhuka urugendo rw’amasaha icyenda bakoraga bajya kwivuza ku Kigo Nderabuzima cya Gituku n’icya Rukira . Uretse urugendo rwagabanyutse, abo baturage bavuga ko n’ubu nta bakirembera mu ngo babuze uko […]

Zabyaye amahari hagati ya Minisitiri Dr Utumatwishima n’Abakoresha X

isi_ya_none.png

Nyuma y’uko bamwe mu bakoresha urubuga X, bakomeje kugaragaza amarangamutima yabo mu kunenga minisitiri w’urubyiruko, Dr Utumatwishima Jean, wanditse ubutumwa anenga imitegurirwe y’ikiganiro Isi ya none gitegurwa n’umunyamakuru wa RBA, Ferdinand Uwimana. Bijya gutangira byatangiwe n’uwitwa Nsanga Sylvie, uyu yamenyekanye ku rubuga rwa X nk’impirimbanyi iharanira uburenganzirwa by’ab’igitsina gore. Uyu niwe wabanje kwandika avuga ko […]

U Burusiya bwahakanye ko abanyeshuri b’Abanyanijeriya bahatirwa kujya kurwana muri Ukraine

Ibitangazamakuru byo muri Nigeria byatangaje ko Ambasade y’u Burusiya yahakanye amakuru avuga ko abanyeshuri b’Abanyanijeriya biga mu Burusiya bahatirwa kujya mu gisirikare kugira ngo bafashe Moscou mu ntambara yo muri Ukraine . Mu ntangiriro z’iki cyumweru, raporo ya Bloomberg yavuze ko u Burusiya bwahatiye abanyeshuri bo muri Afurika kwitabira urugamba rwo kurwanya Ukraine mbere yo […]

Ally Soudy yakeje impano y’umuhanzi uri mu bagezweho “Calvin Mbanda”

2e6c07ec-a45e-4f57-a8bd-5914cf4f532b.jpg

Ibyumweru bitatu birihiritse umuhanzi muto uri mubagezweho muri muzika nyarwanda Calvin Mbanda ashyize hanze indirimbo “Mpa Wowe” yakiriwe neza ni abamukurikira barimo, umunyamakuru wakanyujijeho mu myidagaduro Ally Soudy. Iyi ndirimbo mpa wowe yagiye hanze tariki 25 Gicurasi 2024, imaze kurebwa ni abasaga ibihumbi 483, ku rukuta rwa youtube rw’uyu muhanzi, aho yatunganyijwe na Producer Element […]

Sudani: Umutwe wa RSF uravugwaho gushakira abarwanyi muri Repubulika ya Centrafrica

Muri raporo yasohotse ku wa Gatanu, itariki ya 14 Kamena, impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zongeye kuburira “ingaruka zikomeye” z’amakimbirane ya Sudani muri Repubulika ya Centrafrica, cyane cyane mu karere ka Am Dafok, mu majyaruguru y’uburengerazuba, aho “imitwe myinshi yitwaje intwaro ikorera cyane kuva umwaka watangira . Ngo ni muri kariya karere ka Centrafrica ka Am Dafok […]

RDC: Abarimu ba gisirikare babiri b’Abarusiya baba biciwe mu mirwano muri Nyiragongo

screenshot_2024-06-16_100001.jpg

Abarimu ba gisirikare babiri b’Abarusiya kuri uyu wa Gatandatu ushize baba biciwe mu mirwano hagati y’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’Inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Ikinyamakuru Les Volcans news cyanditse kuri X ko inyeshyamba za M23 zagabye igitero ku gicamunsi ahagana mu ma saa kumi […]

AMAFOTO:Tembera isoko rya mbere rigezweho mu Rwanda perezida Kagame yubakiye abanya Musanze

3d0a9741_copy.jpg

Mu karere ka Musanze ho mu ntara y’amajyaruguru huzuye isoko ry’icyitegererezo rizacururizwamo ibikomoka ku buhinzi, rukaba ryubatswe mu buryo bugezweho bijyanye n’ikoresho byakoreshejwe mu kuryubaka, ingano yaryo ndetse n’imyubakire. VIDEO: TEMBERA ISOKO RYA MBERE MU RWANDA PEREZIDA KAGAME YUBAKIYE ABANYA MUSANZE Ni isoko riherereye mu kagari ka Mpenge ho mu murenge wa Muhoza, rwagati mu […]

Kamerhe yisobanuye ku mushahara w’umurengera abadepite bahembwa

Mu ijambo rye risoza Inama isanzwe yo muri Werurwe 2024 mu Nteko ishinga amategeko, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 15 Kamena 2024, Vital Kamerhe yashatse gusobanurira Abanyekongo ibijyanye n’imishahara y’abadepite b’igihugu . Kuri perezida w’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, umushahara w’uhagarariye abaturage watowe uteganijwe uyu munsi ugera kuri miliyoni 14 z’amafaranga ya Congo ($4,965.25). […]

Abanyarwanda batashye Stade Amahoro nshya

gqixsw-wwaeybyr.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu nimugoroba abantu benshi mu Rwanda bagaragaje ibyishimo byo kwinjira bwa mbere muri stade Amahoro ivuguruye ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 45,000. Nubwo kwinjiramo ku miryango imwe n’imwe byabaye mu muvundo ukabije . Mu cyiswe “Ihuriro mu Mahoro” cyo kwerekana bwa mbere iyi stade imaze imyaka ibiri ivugururwa, hari hateguwe umukino w’umupira […]