APR FC yarekuye abakinnyi bane yiyongeza babiri

img-20240619-wa0037.jpg

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 4 bari basoje amasezerano yabo. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2024, nibwo APR FC yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi barimo myugariro Fitina Ombolenga. Abandi bakinnyi batandukanye na APR FC ni Ishimwe Christian, Bizimana Yannick na myugariro Rwabuhihi Placide. Nyuma y’uko aba batandukanye n’iyi kipe, APR […]

Ese byagenda bite umuntu ariye isombe idahiye neza? Dore akamaro kayo mu mubiri w’umuntu

Isombe ni ikiribwa cyo mu bwoko bw’imboga gikundwa cyane ,ibi bigaterwa n’intungamubiri nyinshi tuyisangamo bituma igirira umubiri wacu akamaro karimo gutuma umubyeyi abona amashereka ,kuvura indwara z’imirire mibi ,kondora uwari umaze iminsi arwaye n’ibindi. Mu guteka isombe bisaba ko hongerwamo ibirungo bitandukanye kugira ngo irusheho kuryoha no kugira intungamubiri nyinshi. Isombe kandi bisaba ko itekwa […]

Kinshasa: Abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi bagize icyo basaba mbere y’urubanza mu mizi

Kuri uyu wa Kabiri ushize mu iburanisha ryabereye muri Gereza ya Gisirikare ya Ndolo ryerekeranye n’igitero cyo ku ya 19 Gicurasi cyagabwe ku rugo rwa Vital Kamerhe no ku ngoro y’umukuru w’igihugu i Kinshasa, impaka zibanze ku nyandiko zanditse zatanzwe n’ababuranyi, zivuga muri make ku kwiregura kwabo n’uburenganzira bemererwa n’amategeko. Umushinjacyaha kandi yasubije inzitizi zitandukanye […]

Nyamasheke: Uko Padiri Mategeko Aimé yageze i Shangi n’uruhare rwe muri Jenoside

Padiri Mategeko Amatus ( Aimé) ufungiye mu Igororero rya Mpanga, Akarere ka Nyanza mu majyepfo y’igihugu, wakatiwe burundu n’inkiko gacaca kubera uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Kiliziya Gatolika ya Shangi, Akarere ka Nyamasheke. Akunda kugarukwaho cyane n’abaharokokeye, akaba yaranavuzwe cyane ubwo hibukwaga ku nshuro ya 30 Abatutsi bahiciwe muri Jenoside. Bwiza.com yashatse kumenya […]

Justin Timberlake yatawe muri yombi azira gutwara imodoka yasinze

Umuhanzi w’icyamamare Justin Timberlake yatawe muri yombi mu Mujyi wa New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imodoka yasinze. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 18 Kamena 2024 nibwo Justin Timberlake yafatiwe ku kirwa kitwa Long Island muri New York kizwiho kuba isango y’ibyamamare mu gihe cy’impeshyi. Nyuma yaje […]

Polisi yarashe ibisambo bitanu byari byarayogoje abaturage hasigara 37 bagishakishwa

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, abapolisi ba Migori muri Kenya barashe abantu batanu bakekwaho kuba mu gatsiko k’ibisambo nyuma yo kubashakisha iminsi. Amakuru aturuka muri polisi, avuga ko aba bakekwa kuba bari inyuma y’ibyaha byinshi muri Migori no mu ntara zituranye kandi ko bari mu itsinda ry’abantu 42 bahigwa. Ben Aliwa, umuyobozi mukuru […]

Rayon Sports yasezereye abakozi 8 bayishyize ku gasongero

gqbhlfewoaag2xd.jpg

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatangaje ko yamaze gutandukana n’abakinnyi umunani basoje amasezerano nyuma yo kuyifasha kwegukana shampiyona n’igikombe cy’Amahoro mu mwaka wa mbere bazamutse. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2024 nibwo Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’abari abakozi bayo barimo abakinnyi ndetse n’abari bari muri komite nyobozi yayo. Abakinnyi barekuwe n’iyi […]

Tshisekedi arimo kubarizwa muri Afurika y’Epfo ku butumire bwa Ramaphosa

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Perezida Félix Tshisekedi yageze muri Afurika y’Epfo aho yitabiriye umuhango wirahira rya mugenzi we Ramapfoza riteganyijwe , kuri uyu wa gatatu, tariki ya 19 Kamena i Pretoria. Uyu munyapolitiki wari umaze imyaka itanu ayobora Afurika y’Epfo atowe nyuma y’amasaha make ANC (African National Congress) yihuje na DA (Democratic […]

Museveni na Kagame bari kumwe natwe twafata Kinshasa mu mezi 2: Bisimwa

Umuhuzabikorwa wungirije w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, Bertrand Bushinwa, avuga ko Perezida Paul Kagame na Yoweri Museveni babaye babafasha nk’uko Leta ya RDC n’abayoshyigikiye babivuga; ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakurwaho mu mezi abiri gusa. Bisimwa yabitangaje mu mpera z’umwaka ushize, ubwo yari i Bunagana mu kiganiro cyahuje cyahuje ubuyobozi bwa M23 n’abanyamakuru. Uyu […]

Umuntu wa kabiri wimwe ubuhungiro mu Bwongereza yaba yarageze mu Rwanda bucece

Umuntu wa kabiri wasabaga ubuhungiro utarabwemerewe yishyuwe £ 3000 yo kwimurirwa mu Rwanda ku bushake mu gihe undi azakurikira muri iki cyumweru. Umwimukira utavuzwe izina yasabye ubuhungiro banga kubumuha none yavuye mu Bwongereza azanwa mu Rwanda mu ndege y’ubucuruzi mu minsi ishize. Ni ku nshuro ya kabiri gusa guverinoma yimuriye uwasabye ubuhungiro ntabuhabwe mu gihugu […]