Ruto yateguje igisubizo gikakaye urubyiruko rukomeje kwigaragambya
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, yaburiye urubyiruko rw’abanya-Kenya rukomeje kwigaragambya ko yamaze gutegeka inzego z’umutekano mu rwego rwo guhangana na rwo. Ruto yabitangaje mu ijambo yagejeje ku banya-Kenya ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024. Ni ijambo yavuze nyuma y’uko ibyari imyigaragambyo bihindutse imvururu. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize […]
Kirehe: Dr Habineza yibukije ababyeyi ko kuba abana babo barira ku ishuri ari we byaturutseho
Ku munsi wa kane w’igikorwa cyo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), Ho.Dr Frank Habineza yawukomereje mu karere ka Kirehe, aho yakiririwe n’imbaga y’abaturage muri santere y’ubucuruzi ya Nyakarambi. Umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzirabatinya Modeste ari mu bamwakiriye. I Kirehe Dr. Habineza yibukije […]
Ese kunywa inzoga ni icyaha? Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Bibiliya ivuga ko divayi ari impano y’Imana ituma abantu bishima [Zaburi 104:14, 15; Umubwiriza 3:13; 9:7] Nanone Bibiliya ivuga ko divayi ari umuti [1 Timoteyo 5:23]. Igihe Yesu yari ku isi yanyoye divayi [Matayo 26:29; Luka 7:34] Kimwe mu bitangaza bizwi cyane Yesu yakoze, ni uko yahinduye amazi divayi akayiha abari baje mu bukwe [Yohana […]
Rwamagana: Abarimo n’abageze mu zabukuru bagiye kwamamaza Kagame iyarubika (Amafoto)
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024 , abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu karere ka Rwamagana, bazindukiye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida Paul Kagame ndetse n’abadepite bazahagararira FPR – Inkotanyi mu matora y’abadepite azaba tariki 15 Nyakanga 2024. Mu rukerera rwo Kuri uyu wa kabiri abanyamuryango ba RPF- Inkotanyi nibwo batangiye kugera ahabereye ibikorwa […]
Kenya: Abigaragambya batwitse Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko; banarahiriye no gutwika Perezidansi
Urubyiruko rwigaragambya muri Kenya kuri uyu wa Kabiri rwinnjiye mu Nnteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu iherereye i Nairobi, batwika kimwe mu bice by’inyubako isanzwe ikoreramo. Byabaye nyuma y’uko uru rubyiruko rwari rumaze kurusha imbaraga Polisi yiriwe ihanganye na rwo kuva mu gitondo. Amashuso ya televiziyo zo muri Kenya yerekanye umwotsi mwinshi hafi y’iyo ngoro, ahanumvikanye […]
Abapolisi ba Kenya bakiranywe ibyishimo muri Hayiti
Ku wa mbere, mu mihanda y’umurwa mukuru, Port-au-Prince abantu bishimiye Abapolisi ba Kenya ubwo bari bamaze gusesekara mu mujyi wa Port-au-Prince, abantu basagwa n’ibyishimo bareba bahagaze abandi bareba abo ba polisi mu bwitonzi. Nyuma y’imyaka hafi ibiri Hayiti isabye byihutirwa ubufasha bwo guhosha ihohoterwa rikorwa n’udutsiko twabitwaje intwaro muri Hayiti ,abatuye muri iki gihugu bagiye […]
Manager wa station ya lisansi yiyahuriye mu biro bye yirashe kubera imyenda
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Mubende kiri gukora iperereza ngo kimenye uko byagenze ngo manager wa station ya lisansi w’imyaka 27 yirasire mu biro bye. Allan Atubo bivugwa ko yaba yirashe akoresheje imwe mu mbunda z’abasekirite ubwo yari mu biro bye kuri Oil Energy Fuel Station mu Mudugudu wa Kisekende, mu Mujyi wa Mubende […]
Mu gihe Trump yaba atsinze Amatora ngo nta n’igiceri Amerika yakongera guha Ukraine
Mu gihe bimenyerewe ko Amerika isanzwe itera inkunga y’amafaranga n’ibikoresho mu guhangana na Ukraine, Trump avuga ko mu gihe yaba atowe nta n’igiceri na kimwe yakongera kubona. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Intebe wa Hongrie/Hungary, Viktor Orban, usanzwe ari inshuti ye, aho yashimangiye ko Trump n’atorwa nta n’igiceri Ukraine yabona mu gihe yaba atorewe kuyobora […]
NESA yatangaje ingendo z’uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazataha

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazataha mu rugo hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi y’igihembwe cya Gatatu cy’umwaka w’amashuri 2023- 2024. Mu itangazo ryasohowe na NESA kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kamena 2024, hagaragaramo gahunda y’uko abanyeshuri bazajya mu rugo bavuye ku bigo bigamo bacumbikiwe. Biteganyijwe […]
Kagame yagaragaje inzira byanyuzemo kugirango amateka y’u Rwanda ahinduke
Umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame yashimiye abanyamuryango bari bateraniye i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge ko bakomeje gudatezuka ku gihango bagiranye n’uyu mu ryango agaragaza inzira igoye u Rwanda rwanyuzemo kugirango amateka yarwo ahinduke. Yabivuze kuri uyu wa Kabiri taliki 25 Kamena2024 ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza muri aka Karere. Muri Nyarugenge hakaba […]