Hari gukorwa ibishoboka byose ngo Kagame na Tshisekedi bahurire mu biganiro vuba aha

Perezida João Manuel Gonçalves Lourenço wa Angola, yatangaje ko hari gukorwa ibishoboka byose kugira ngo mu gihe cya vuba ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babe bahurira mu biganiro. Perezida Lourenço yabitangarije i Abidjan muri Côte d’Ivoire, aho ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi […]

Amerika yasabye Ruto kugabanya imbaraga z’umurengera abasirikare bakoresha mu bigaragambya

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony J. Blinken, yasabye perezida wa Kenya William Ruto kubuza abashinzwe umutekano gukoresha ingufu zikabije mu gukumira abigaragambya muri iki gihugu. Mu ijoro ryo ku wa gatatu, Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga mu itangazo yashyize hanze, yavuze ko ingabo za Kenya zirimo gukoresha ingufu z’umurengera mu gutatanya abigaragambya bityo ko […]

Kenya: Abigaragambya bagaragaye bishimiye abasirikare boherejwe kubahashya

Kuri uyu wa Kane, abigaragambyaga i Nairobi bakomeye amashyi ingabo z’igihugu cya Kenya (KDF) ubwo zinjiraga mu karere k’ubucuruzi ka Nairobi. Muri videwo zabonywe na The Star, abasirikare ba KDF bari mu modoka zabo banyuze mu muhanda wa Tom Mboya aho bahuriye n’abigaragambyaga. Abigaragambya bahise batangira kwishima ubwo baherekeza abasirikare boherejwe gukumira ibikorwa nk’ibyabaye kuwa […]

Rwamagana: Urubyiruko rw’abayoboke ba PDI rwiyemeje gutora Kagame runamusaba Sitade

Urubyiruko rw’abayoboke b’Ishyaka Ntangarugero muri Demukarasi PDI rwo mu karere ka Rwamagana, rwasabye Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuzabaha Sitade kugira ngo ifashe Abanya-Rwamagana guteza imbere siporo by’umwihariko umupira w’amaguru ukunzwe na benshi mu mujyi wa Rwamagana. Ibi urubyiruko rw’abayoboke b’Ishyaka Ntangarugero muri Demukarasi PDI, babivugiye mu kagari ka Nyagasenyi, Umurenge wa Kigabiro mu karere […]

Ubujurire bwa Gen Bunyoni bwakubise igihwereye

Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwagumishijeho ibihano rwari rwarahaye Gen Alain-Guillaume Bunyoni, nyuma yo kujuririra ibihano rwari rwaramuhaye mu mpera z’umwaka ushize. Uru rukiko mu mwanzuro w’ubujurire bwa Bunyoni rwasomye rwategetse ko igifungo cya burundu Bunyoni yakatiwe mu Ukuboza umwaka ushize kigumaho, ikindi akamburwa imitungo ye yose ndetse akanatanga ihazabu ya miliyari 22.713 z’amafaranga y’Amarundi. Ni […]

Sudani y’Epfo: Komanda wa UNMISS yasuye icyicaro cya RDF i Juba

greemg3wwaaxret.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi w’Ingabo z’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian, yasuye Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ku cyicaro cyazo, mu kigo cya Tomping cy’Umuryango w’Abibumbye (UN Tomping Base Camp) , i Juba. Yari aherekejwe n’abayobozi b’ingabo b’imirenge y’Amajyepfo ndetse n’Umurenge wa Juba. Umuyobozi w’ingabo za Rwanbatt-1, Lt Col Emmanuel […]

Inkoni za Panthères Noires zatumye Kagame ataha umupira utarangiye

Perezida Paul Kagame yavuze ukuntu mu 1978 yatembereye i Huye kureba umupira wahuzaga ikipe ya Mukura na Panthères Noires, ataha utarangiye atinya gukubitwa n’abafana bari aho. Ibi yabitangaje kuri uyu wa kane tariki 27 Kamena 2024 imbere y’imbaga y’abaturage bagera ku bihumbi 300 bahuriye mu karere ka Huye mu bikorwa byo kwamamaza umukandida w’umuryango FPR […]

DR.Congo: SADC yongereye umubare w’Ingabo zigiye guhashya M23

Amakuru akomeje kuvugwa ni uko SADC Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo SAMIDR, wongereye ingabo zawo muri Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umubare w’aboherejwe kugeza ubu ubarirwa mu 9000, bakaba biyongereye ku bandi 5000 harimo 2900 ba Afrika y’Epfo iyoboye ubu butumwa, n’izindi ngabo 2100 zirimo iza Tanzania na Malawi, gusa […]

Ibyo muzantorera ni namwe muzabikora- Umukandida Kagame wa FPR

Mu Karere ka Huye mu Majyepfo y’u Rwanda, ibihumbi by’abaturage biganjemo Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi baturutse mu bice bitandukanye by’iyi Ntara , bazindukiye kuri Site ya Huye aho bakiriye Umukandida w’uyu Muryango. Paul Kagame yagiye kuhakomereza ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, aho yabwiye abari bahateraniye ko ibyo bazamutorera nabo […]