Biden yababariye abasirikare bari barirukanwe bazira ubutinganyi
Perezida Biden yemeje ko yakoresheje ububasha ahabwa n’amategeko mu guha imbabazi abasirikare b’abatinganyi birukanywe bazira ubutinganyi. Ibi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabitangaje ku munsi w’ejo kuwa Gatatu aho, yavuze ko yakosoye ikosa ry’amateka. Ati: “Hatitawe ku butwari n’ubwitange bwabo, bararenganyijwe. Ibi birareba icyubahiro cya muntu n’ikinyabupfura, no gukora ku buryo ingabo z’igihugu […]