Dr Habineza yabwiye ab’i Nyabihu na Rubavu ko azatumbagiza imishahara ya RDF na RNP
Umunsi wa 11 wo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), Dr Frank Habineza yari mu turere twa Nyabihu na Rubavu mu ntara y’uburengerazuba, aho yatangiye isezerano rw’uko natorwa azatumbagiza imishahara y’abasirikare, abapolisi n’izindi nzego z’umutekano. Muri utu turere twombi, Habineza yishimiye uburyo yakiriwe, haba ku mbaga y’abaturage […]
Touadéra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner
Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, yiyambaje abarimo Perezida Paul ngo bamufashe kwigobotora umutwe wa Wagner usa n’uwatangiye kumurusha imbaraga. Uyu mutwe w’abacanshuro b’Abarusiya umaze imyaka irenga itatu ufatanya n’Ingabo z’u Rwanda gucungira umutekano Touadéra, gusa uko bukeye n’uko bwije urasa n’ugenda umurusha imbaraga ndetse n’ububasha mu gihugu cye. Amakuru avuga ko Perezida wa […]
Haiti: Abana basaga ibihumbi 300 bahungishijwe amabandi- UNICEF
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana UNCEF rivuga ko agatsiko k’amabandi muri Hayiti katumye abana barenga 300.000 bahungishwa. Muri Gashyantare nyuma y’ibitero byinshi byibasiye ibikorwa remezo bya guverinoma, byateje akaduruvayo bituma benshi bakurwa mu byabo abandi baricwa. Ibi byaje gutuma kandi Minisitiri w’intebe Ariel Henry yegura muri Mata bitewe n’igitutu yashyizweho na n’aya mabandi. Mu […]
Iby’umutekano ibyo hafi 90% byararangiye biri iruhande – Kagame

« Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu gikorwa cyo kwiyamamaza yakoreye mu Karere ka Kirehe, kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Nyakanga, yongeye gushimangira ko umutekano w’u Rwanda wizewe ndetse anakomoza ku bantu bakomeje kuvuga ko abaturage bajya mu bikorwa byo kwiyamamaza baba bajyanwe ku ngufu. Ubwo yafataga ijambo, umukuru w’igihugu akaba n’umukandida wa FPR yatangiye agaruka […]
Kagugu hiciwe undi muturage nyuma y’umukozi wa RIB
Mu Karere ka Gasabo,umurenge wa Kinyinya, akagari ka Kagugu ahazwi nko mu kinyamerika, haravugwa inkuru y’umurambo w’umusore witwa Umuhire Valantin uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko wahasanzwe bikaba bikekwa ko yaba yishwe n’abagizi ba nabi. Amakuru avuga ko ibi byabaye mu rukerera rwo ku wa mbere tariki ya 1 Nyakanga 2024. Abaturage bo muri kano […]
RDC yiyambaje ikindi gihugu ngo kiyitize ingabo zo kuyifasha M23
Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yaba yitabaje Tchad ngo imuhe ingabo zo kumufasha guhangana n’umutwe wa M23, nk’uko amakuru aturuka muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika abivuga. Amakuru avuga ko Tshisekedi yasabye Tchad kumuha ingabo, ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi yagiriye i Ndjamena mu mpera z’ukwezi […]
Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu- Kagame
Ibikorwa byo kwamamaza umukandida w’Umuryango RPF Inkotanyi, byakomereje mu Karere ka Kirehe, aho ibihumbi n’ibihumbi bahateraniye kuri uyu wa Kabiri taliki 2 Nyakanga 2024 mu gushyigikira Chairman w’uyu muryango Kagame Paul. Mu byagarutsweho mu buhamya bwatanzwe na Musabwasoni Sandra, harimo ko mu myaka yashize , ubuyobozi bubi bwariho bwajya buheza abaturiye muri aka karere ka […]
Rayon Sports yasinyishije umuzamu w’umunyamahanga

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije umuzamu mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cy’Umurundi, Ndikuriyo Patient. Kuri uyu wa Kabiri taliki 2 Nyakanga 2024 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Ndikuriyo Patient wari usanzwe ari umuzamu w’Ikipe y’Amagaju FC. Rayon Sports yasinyishije imyaka ibiri uyu muzamu nyuma yo kugura amasezerano y’umwaka umwe yari afite mu Amagaju FC. […]
Louise Mushikiwabo yambitswe umudari uruta iyindi muri Roumania

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Nyakanga, yahawe umudari wa Ordre de l’Étoile de Roumanie wo ku rwego rwa Grand-Croix, yagenewe na Perezida wa Roumania, Klaus Lohannis. Uyu mudari Umunyamabanga Mukuru wa OIF yawushyikirijwe na Mnisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Roumania, Luminita Odobescu. Ibi bigamije kugaragaza ubushake bwa Roumania […]
Umwaka utaha serivisi zo mu mavuriro zizaba zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga
Mu mwaka utaha wa 2025, serivisi z’ubuzima zizaba zitagitangwa mu buryo bw’impapuro ahubwo hazaba hakoreshwa ikoranabuhanga. Regis Rugemanshuro umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) agaragaza ko kugeza mu kwezi kwa 6 k’umwaka utaha byibuze muri serivise zitandukanye z’ubuvuzi hazaba hatagikoreshwa impapuro ahubwo byose ngo bikorerwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. Ati “turashaka gushyira mu ikoranabuhanga […]