Abasirikare ba FARDC bafunzwe bazira guhunga M23 i Kanyabayonga

Abasirikare 32 bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bafunzwe bakurikiranweho ibyaha birimo guhunga M23 ubwo bari bahanganye na yo mu mirwano. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nyakanga ni bwo aba basirikare batangiye kuburanishirizwa i Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ubushinjacyaha bwa gisirikare bubakurikiranyeho ibyaha birimo “guhunga umwanzi, gusesagura […]

Uganda: Umusirikare uherutse kwica bane bo mu muryango umwe yagejejwe mu rukiko

Polisi ya Mbarara iherutse guta muri yombi Private Herbertson Robert Birivumbuka, umusirikare mu ngabo zidasanzwe kabuhariwe , azira kwica abantu batanu bo mu muryango umwe barimo umwana , ingimbi ndetse n’abakuru. Ibi byabereye mu mudugudu wa Namutale, mu gace ka Kabeyingire, ahazwi nka Bwaya, mu karere ka Mayuge mu ntangiro z’uku kwezi. Umuvugizi wa Polisi […]

APR FC yisanze mu itsinda ry’ikibonobono muri Cecafa Kagame Cup

apr_fc_yisanze_mu_itsinda_rya_gatatu_kumwe_na_sports_club_villa_y_i_bugande_singida_black_stars_na_al_merreikh_beintui_yo_muri_sudan_y_epfo.jpg

Tombora y’uko amakipe azahura mu guhatanira igikombe cya CECAFA Kagame 2024 yabereye i Dar es Salaam, muri Tanzaniya yasize APR FC yisanze mu itsinda C. Iyi tombora yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga yasize Gor Mahia yisanze mu itsinda ry’urupfu (B) ririmo amakipe nka Al Hilal (Sudani), Red Arrows (Zambiya) na Djibouti Telecom […]

Rayon Sports yasinyishije umutoza mushya

rayon_sports_yatangaje_ko_yahaye_akazi_.jpg

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko Mazimpaka André ko ari we mutoza mushya w’abanyezamu bayo mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha uwahoze ari umuzamu wayo Mazimpaka André nk’umutoza w’abanyezamu. Rayon Sports yatangaje ko Mazimpaka André yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe yambara […]

Tanzania: Icyoba ni cyose ku mpunzi z’Abarundi ziba mu nkambi ya Nduta

Abahagarariye impunzi mu nkambi ya Nduta muri Tanzania, bahamagariye impunzi kwitegura gukora amarondo nijoro kugira ngo bahangane n’imitwe y’abagabo bitwaje imbunda basigaye bitwikira ijoro bakazenguruka mu nkambi. Kuri uyu wa mbere, tariki ya 1 Nyakanga, abayobozi b’inkambi ya Nduta mu ntara ya Kigoma, bateranije abayobozi bose b’uturere maze babategeka kumenyesha impunzi ko bidatinze, bazatangira amarondo […]

RDC: Icyemezo cy’ubwenegihugu bwa Congo ubu kizajya gitangwa n’inzego z’iperereza

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Nyakanga 2024, Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, mu ibaruwa yanditse, kopi yayo yageze kuri 7SUR7.CD, yashyize ahagaragara uburyo bushya bwo gutanga icyemezo cy’ubwenegihugu bwa Congo hagamijwe kurwanya icyo bise ubucengezi bukabije. Constant Mutamba yamenyesheje abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko itangwa ry’iki cyemezo ubu ryashyizwe mu biganza […]

Umukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we wanze kumurongora

umukobwa_yakase_igitsina_cy_umukunzi_we_wanze_kumurongora.jpg

Umukobwa w’umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we mu rwego rwo kumwihoreraho kuko yanze ko babana nk’umugore n’umugabo. Iki gikorwa cy’ubunyamaswa cyabereye i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde aho umukobwa w’imyaka 25 usanzwe ari umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore. Umusore wakaswe igitsina asanzwe akomoka i Madhaura. Yihutanwe igitaraganya ajyanwa mu bitaro bikuru bya […]

Amafoto: Ibyaranze ukwiyamamaza kw’abakandida depite ba FPR – Inkotanyi hirya no hino

53831498164_a993f5f533_k.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Nyakanga 2024, Ibikorwa byo kwiyamamaza kw’abakandida depite b’Umuryango FPR – Inkotanyi byakomereje mu turere dutanu tw’Intara y’Amajyepfo . Mu Karere ka Muhanga hiyamamarije abakandida depite batatu barimo Kalinijabo Barthelemy, Kampororo Jeanne d’Arc na Musonera Germain. Iki gikorwa cyabereye mu Murenge wa Rongi. Mu Karere ka Nyanza hiyamamarije abakindida depite […]

Zari Hassan ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza – Amafoto

fb_img_1655364752169-266x399.jpg

Umuherwekazi akaba n’ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza muri Uganda. Ikinyamakuru MBU cyandikirwa muri Uganda, cyakoze urutonde rw’abagore bafite amaguru meza akunze gukurura ab’igitsina gabo. Ni urutonde rugaragaraho abagore 10 bakomoka muri Uganda bafite amaguru meze. Urutonde: 1. Zari Hassan 2. Spice Diana 3. […]

Ibyo tuvuga si igipindi: Dr Habineza wasabye njyanama ya Ngoma kwegura

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukukije akanaba umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, Dr Frank Habineza, yanyomoje abavuga ko ibyo avuga yiyamamaza ari igipindi ndetse na we akaba azi neza ko atatsinda amatora y’umukuru w’igihugu, avuga ko iyo aza kuba atiyizeye neza atari kwiyamamaza. Ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku mugoroba […]