Liberia: Umushahara wa Perezida Boakai ugiye kugabanyukaho 40%

Perezida Joseph Boakai wa Liberia, yemeje ko azagabanya umushahara we ho 40%. Ni nyuma y’uko muri Gashyantare uyu mwaka, Perezida Boakai yari yahishuye ko ahembwa amadolari 13,400 ya Amerika (angana na miliyoni 17Frw). Perezidansi yavuze ko yizeye gutanga urugero rw’”imiyoborere ishyira mu gaciro” ndetse no kugaragaza “kwifatanya” n’Abanya-Liberia. BBC ivuga ko kuva mu gihe cya […]

Umunyamakuru Yago yatutse mugenzi we Pundit kuri nyina

Umunyamakuru ubifatanya n’umuziki Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago Pon Dat yatutse kuri nyina Etienne Mbarubukeye uzwi nka Pundit. Iminsi ibaye 9 shene ya YAGO TV SHOW ivuye ku muyoboro wa Youtube aho nyirubwite yemeza ko bayibye. Kwibwa kw’iyo shene, Yago yamaze kubimenyesha Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB kugira ngo arebe ko shene ye yagaruka ikuwe mu […]

Leta yatanze ibisobanuro ku masezerano arebana n’abimukira UK yaseshe

Bwa mbere Guverinoma y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku biherutse gutanganzwa na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer, ko amasezerano u Rwanda rwagiranye n’icyo gihugu arebana nikibazo cy’abimukira yaseshwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Itangazo ryasohowe n’ibiro by’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko rwamenye umugambi wa Leta y’u Bwongereza wo gusesa […]

Igishoro dusigaranye n’igitsina: Abagore bo mu Rutsiro bacuruza imboga n’imbuto

img_9344.jpg

Bamwe mu bagore bacuruza imboga n’imbuto mu isoko rito rya Gihango, ho mu karere ka Rutsiro bavuga ko bagiye kuyoboka inzira yo kwicuruza, kuko igitsina aricyo gishoro basigaranye, nyuma y’ibihombo bikabije baterwa n’Ubuyobozi bwabimye amatwi, ahubwo buza buje kubamenera ibyo bacuruza. Aba bagore ibi babigarutseho mu kiganiro bahaye BWIZA, kuri uyu wa mbere tariki 08 […]