Impunzi z’Abarundi ziba mu nkambi ya Nduta zirasumbirijwe

Kuva mu Cyumweru gishize, ubuyobozi n’abapolisi bashyizeho isaha ntarengwa yo kuba buri mpunzi ikomoka mu gihugu cy’u Burundi igomba kuba yageze mu nkambi ya Nduta. Ni nyuma y’uko iyi nkambi isumbirijwe n’abagizi ba nabi bakomeje kugenda babatera ubwoba. Guhera saa moya z’umugoroba ku isaha yo muri Tanzaniya, nta mpunzi zemerewe kuva cyangwa kwinjira muri Nduta […]

U Rwanda rukomeje kuyobora Afurika mu kugendera ku mategeko – Raporo

Raporo nshya yerekanye ko u Rwanda rwakomeje kuyobora Afurika mu kugendera ku mategeko. Iyi yiswe Raporo y’Ubutabera ku Isi, ikorwa buri mwaka n’Umushinga Mpuzamahanga w’Ubutabera (WJP), umuryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta ufite inshingano zavuzwe zo guharanira iterambere ry’amategeko ku Isi . WJP isobanura ko kugendera ku mategeko ari gahunda irambye y’amategeko, inzego, amahame, ndetse n’ubwitange […]

Gicumbi: Dr Habineza yijeje urubyiruko kuzarutengamaza

Mu karere ka Gicumbi ni ho umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije, Dr Frank Habineza yiyamamarije ku munsi wa 17, yizeza urubyiruko kuzarutengamaza arushakira imirimo ihagije natorerwa umwanya w’umukuru w’igihugu. Mbere yo kugira icyo avuga ku rubyiruko, Habineza yavuze ko yishimiye cyane kwiyamamariza muri aka karere k’imisozi myiza miremire asanzwe azi neza kuko yakagezemo […]

Yagejejwe mu rukiko ashinjwa ubujura yakoreye mu Nteko Ishinga Amategeko

Umugabo uvugwa ko yinjiye mu Nteko akurikiranyweho kwiba urutsinga rukoreshwa mu gucana camera izwi nka CCTV rufite agaciro k’amashilingi 890.000 y’amanya Kenya. Kevin Mwamiri Mang’are ashinjwa kuba yarinjiye mu nyubako y’Inteko Ishinga Amategeko ya kenya acomokora urutsinga rukoreshwa bacana camera ararutwara.Bivugwa ko yakoze iki cyaha ku ya 23 Mata ahagana mu ma saa 18h30 mu […]

Filipine: Havumbuwe ibitaro byafashaga abanyabyaha gukwepa ubutabera

Ibitaro by’ibanga byo muri Filipine byatangaga serivisi zo guhindura amasura y’abanyabyaha n’abatekamutwe hakoreshejwe plastic surgery ngo babafashe guhunga ubutabera bishobora gufungwa nyuma yo kuvumburwa nk’uko abayobozi babivuga. Ibitaro bibiri nkibi bitemewe bishobora gufungwa “mu byumweru biri imbere” nyuma y’uko abapolisi bagabye igitero ku bya mbere biri mu nkengero z’amajyepfo ya Manila muri Gicurasi, nk’uko umuvugizi […]

APR FC yateye gapapu Espérance de Tunis

Ikipe y’igihugu z’Igihugu, APR FC yateye gapapu Esperanse de Tunis isinyisha Mamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali wakiniraga Olympique Béja yo muri Tunisia. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga nibwo byamenyekanye ko APR FC yasinyishije uyu mukinnyi wari uri kwitwara neza muri Tunisia. Uyu musore yasinyiye APR FC mu ijoro ryo ku wa […]

Ani Elijah yatsinzwe igeragezwa mu Bubiligi

Rutahizamu Ani Elijah uherutse gusinyira ikipe ya Police FC wari mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe ya Charleroi yamaze kugaruka mu Rwanda nyuma yo gutsindwa igeragezwa. Ku wa 21 Kamena 2024 nibwo Ani Elijah yagiye mu igeragezwa ry’icyumweru kimwe mu ikipe yo mu kiciro cya mbere mu Bubiligi. Ani Elijah yari yagiye kureba […]

Hatangajwe ibiciro bishya by’amata ajyanwa ku makusanyirizo

Minisiteri y’ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yatangaje ibiciro bishya ku mata umworozi ajyana ku ikusanyirizo. Iyi minisiteri yabitangaje kuri uyu wa 09 Nyakanga 2024, binyuze mu itangazo yashyize hanze, aho yatangaje ko umworozi ugejeje amata ku ikusanyirizo azajya ahabwa 400Frw kuri litiro imwe.Ni mu gihe igiciro cya litiro imwe y’amata ku ikusanyirizo ari 432Frw. Ibi biciro bishya […]

Beni: Icyo Igisirikare cya Afurika y’Epfo kivuga ku rupfu rw’umusirikare bikekwa ko yiyahuye

gsf4qrmw8aaj30o.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyemeje icyo cyita impanuka yatwaye ubuzima bw’umwe mu ngabo zacyo zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwa MONUSCO. Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) kivuga ko uyu musirikare woherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye yagize ibikomere byamuhitanye byatewe na grenade yaturikiye […]

Nta ntambara iri muri Congo igihari ni ugukubitwa gusa – Koffi Olomide

Mu ijwi rikakaye, umuhanzi n’umucuranzi, Koffi Olomide, mu kiganiro yagiranye na RTNC agaruka ku ntambara ibera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Nyakanga, yamaganye kutagira icyo igihugu cye gikora kikareka abantu bose bakagikoreramo icyo bashatse. Kuri we, nta ntambara ihari; Repubulika ya Demokarasi ya Congo icyo […]